07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Kristo azafata kandi akagororera abo azasanga bari maso babwiriza ibyo <strong>ku</strong>garuka kwe ndetse<br />

n’abazaba baguhaka<strong>na</strong>. Nuko rero aravuga ati: “Mube maso . . . Uwo mugaragu arahirwa,<br />

shebuja <strong>na</strong>za agasanga abikora!” “Ariko rero nutaba maso nzaza nk’umujura, <strong>na</strong>we<br />

ntuzamenya igihe nzagutungurira.” 494<br />

Pawulo avuga iby’umugabane w’abantu bazatungurwa no <strong>ku</strong>za kwa Kristo ati: “Kuko<br />

ubwanyu muzi neza yuko umunsi w’Umwami wacu uzaza nk’uko umujura aza nijoro. Ubwo<br />

bazaba bavuga bati: ‘Ni amahoro, nta kibi kiriho!’ Ni bwo <strong>ku</strong>rimbuka <strong>ku</strong>zabatungura . . .<br />

kandi ntibazabasha <strong>ku</strong>bikira <strong>na</strong> hato.” Ariko abumviye imiburo y’Umukiza yabongereyeho<br />

ati: “Ariko mwebweho, bene Data, ntimuri mu mwijima ngo uwo munsi ubatungure<br />

nk’umujura, <strong>ku</strong>ko mwese muri aba<strong>na</strong> b’umucyo n’aba<strong>na</strong> b’amanywa. Ntituri ab’ijoro<br />

cyangwa ab’umwijima.” 495<br />

Uko ni ko byagaragajwe ko Ibyanditswe bidaha abantu ubwishingizi bwo kwibera mu<br />

bujiji <strong>ku</strong> byerekeye <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kwegereje. Nyamara abishakiraga urwitwazo gusa<br />

rwo kwanga u<strong>ku</strong>ri, bizibye amatwi ntibashaka <strong>ku</strong>mva ubusobanuro bw’ayo magambo maze<br />

amagambo avuga ngo, “Ariko umunsi n’icyo gihe ntawe ubizi,” akomeza <strong>ku</strong>vugwa<br />

n’abakobanyi ndetse n’abandi biyitaga abakorera Kristo. Uko abantu bakangukaga maze<br />

bagatangira gushaka <strong>ku</strong>menya iby’inzira y’agakiza, abigisha mu by’idini babitambikaga<br />

imbere bakajya hagati yabo n’u<strong>ku</strong>ri, bakagerageza <strong>ku</strong>bamara ubwoba bakoresheje gusobanura<br />

ijambo ry’Ima<strong>na</strong> uko ritari. Abo barinzi b’abahemu bafatanyije n’umushukanyi ukomeye mu<br />

murimo we, batera hejuru bati: “Ni amahoro, ni amahoro,” mu gihe Ima<strong>na</strong> yo itigeze ivuga<br />

ko hari amahoro. Kimwe n’Abafarisayo bo mu gihe cya Kristo, benshi banze kwinjira mu<br />

bwami bwo mu ijuru bo ubwabo kandi babuza abandi bari bari kwinjira. Amaraso y’abo bantu<br />

bazayabazwa.<br />

Abantu bo mu matorero babaga bacishije bugufi cyane kandi baritanze batizigamye ni bo<br />

akenshi babaga aba mbere mu kwakira ubwo butumwa. Abiyigishaga Bibiliya ni bo<br />

bashoboye <strong>ku</strong>menya ko ibitekerezo bisobanura iby’ubuhanuzi byabaye gikwira muri rubanda<br />

bidashingiye <strong>ku</strong> byanditswe; kandi ahantu hose abantu babaga batagenzurwa n’ubuyobozi<br />

bw’itorero, aho ari ho hose bashoboraga gucu<strong>ku</strong>mbura ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ubwabo. Inyigisho<br />

yo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo yabaga ikeneye <strong>ku</strong>gereranywa <strong>na</strong> Bibiliya <strong>ku</strong>gira ngo hashimangirwe<br />

ubushobozi bwayo bukomoka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>.<br />

Abakristo benshi batotezwaga n’abavandimwe babo batizeraga. Kugira ngo bagumane<br />

imyanya yabo mu itorero, bamwe biyemeje guceceka ibyerekeye ibyiringiro byabo; nyamara<br />

abandi bumvaga ko <strong>ku</strong>ba indahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> bibabuza <strong>ku</strong>ba bahisha uko <strong>ku</strong>ri Ima<strong>na</strong><br />

yabaragije ngo ba<strong>ku</strong>vuge. Benshi baciwe mu itorero nta kindi bazize uretse <strong>ku</strong>vuga ko bizera<br />

ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo. Abahuye n’iki kigereragezo cyo kwizera kwabo, aya<br />

magambo y’umuhanuzi yari ay’agaciro kenshi <strong>ku</strong>ri bo: “Bene wanyu babanze bakabaca<br />

babahora izi<strong>na</strong> ryanjye, baravuze bati ‘Ngaho Uwiteka <strong>na</strong>habwe icyubahiro turebe umunezero<br />

wanyu! Ariko bazakorwa n’isoni.” 496<br />

272

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!