07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

uburinzi bw’Ima<strong>na</strong> biba<strong>ku</strong>rwaho, maze Satani yemererwa <strong>ku</strong>bategeka uko ashaka. Ubwicanyi<br />

buteye ubwoba bwakozwe mu gihe cy’isenywa rya Yerusalemu ni igihamya cyereka<strong>na</strong><br />

ubugome Satani ategekesha abirunduriye mu buyobozi bwe.<br />

Ntidushobora <strong>ku</strong>menya icyo twakwitura Kristo <strong>ku</strong>bera amahoro n’uburinzi tumukesha.<br />

Ububasha bw’Ima<strong>na</strong> bu<strong>ku</strong>mira ibibi ni bwo burinda abantu <strong>ku</strong>rundukira mu butegetsi bwa<br />

Satani. Abantu batumvira ndetse n’indashima bafite impamvu ikomeye yabatera gushimira<br />

Ima<strong>na</strong> imbabazi no kwihanga<strong>na</strong> ibagaragariza mu gu<strong>ku</strong>mira imbaraga kirimbuzi z’umwanzi<br />

kandi zirimo ubugome. Ariko iyo abantu barenze aho kwihanga<strong>na</strong> kw’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>garukira, iyo<br />

mbaraga i<strong>ku</strong>mira ikibi iba<strong>ku</strong>rwaho.<br />

Ntabwo Ima<strong>na</strong> yitwara <strong>ku</strong> munyabyaha nk’imucira urubanza rw’igicumuro cye; ahubwo<br />

abanze kwemera ubuntu bwayo irabareka bakagerwaho n’ingaruka z’ibyo bakoze. Umucyo<br />

wose umuntu yanze kwemera, umuburo wose asuzuguye, icyifuzo cyose yirundumuriyemo,<br />

no <strong>ku</strong>gomera amategeko y’Ima<strong>na</strong> kose, biba ari urubuto rubibwe kandi rutabura gutanga<br />

umusaruro. Iyo umunyabyaha arwanyije Mwuka w’Ima<strong>na</strong> byimazeyo, amaherezo Mwuka<br />

a<strong>ku</strong>rwa <strong>ku</strong>ri uwo munyabyaha, maze agasigara atagishoboye gutegeka ibyifuzo bibi bya<br />

kamere kandi adafite umurinda ubugome n’urwango bya Satani.<br />

Gusenywa kwa Yerusalemu ni umuburo ukomeye kandi wo kwitonderwa ugenewe abantu<br />

bose bakerensa impano z’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong> kandi banga kwemera kwinginga<strong>na</strong> imbabazi<br />

kwayo. Nta gihe higeze hatangwa igihamya kiruta icyo cyereka<strong>na</strong> urwango Ima<strong>na</strong> yanga<br />

icyaha kandi cyereka<strong>na</strong> igihano umunyabyaha azahabwa nta kabuza.<br />

Ubuhanuzi bw’Umukiza bwerekeye urubanza Yerusalemu yaciriwe bugomba kongera<br />

gusohozwa mu bundi buryo, kandi amarorerwa ateye ubwoba yabaye <strong>ku</strong>ri Yerusalemu<br />

yereka<strong>na</strong> gusa ishusho ntoya y’ibyo bindi bizabaho. Isenywa ry’umujyi watoranyijwe<br />

n’Ima<strong>na</strong> ritwereka akaga kazagera <strong>ku</strong> isi yanze kwemera imbabazi z’Ima<strong>na</strong> kandi igasuzugura<br />

amategeko yayo.<br />

Mu binyeja<strong>na</strong> byinshi iyi si imaze iri mu cyaha, yaranzwe n’amateka mabi bikabije<br />

y’umubabaro n’agahinda byageze <strong>ku</strong> bantu. Imitima y’abantu irarwaye kandi intekerezo zabo<br />

zigenda zicogora mu byo <strong>ku</strong>menya ubwenge. Kugomera ubuyobozi bw’Ijuru byabazaniye<br />

ingaruka mbi bikabije. Nyamara, hari ibindi byahanuwe birusha ibyo <strong>ku</strong>ba bibi bitarabaho<br />

ubu bitegerejwe. Ibyaranze ibihe byahise: intambara z’urudaca zagiye zi<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>,<br />

amakimbirane, imyivumbagatanyo, «Ibyuma abafite intwaro bari bifurebye mu ntambara<br />

byose n’imyenda igaraguwe mu maraso» Yesaya 9:5-- mbega u<strong>ku</strong>ntu ari ubusa,<br />

ubigereranyije n’ibiteye ubwoba bizabaho igihe Mwuka w’Ima<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>mira ibibi azaba<br />

ya<strong>ku</strong>we <strong>ku</strong> nkozi z’ibibi, atagi<strong>ku</strong>mira gusandara kw’irari rya kimuntu ndetse n’umujinya wa<br />

Satani! Icyo gihe abatuye isi bazabo<strong>na</strong> ingaruka z’ubutegetsi bwa Satani <strong>ku</strong>renza uko baba<br />

barigeze <strong>ku</strong>zibo<strong>na</strong>.<br />

20

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!