07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

yabaga iteze amatwi ituje cyane <strong>ku</strong>gira ngo bumve ayo magambo akomeye. Byasaga n’aho<br />

ijuru n’isi byegeranye. Imbaraga y’Ima<strong>na</strong> yumvika<strong>na</strong>ga haba mu basaza, abakiri bato, ndetse<br />

n’aba<strong>ku</strong>ze. Abantu basubiraga mu ngo zabo bagenda basingiza, kandi indirimbo z’ibyishimo<br />

zumvika<strong>na</strong>ga mu ijoro rituje. Nta muntu n’umwe wabaye muri ayo materaniro wabasha<br />

kwibagirwa uko ibyo byabaga binejeje cyane.<br />

Itangazwa ry’umunsi nyawo wo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo ryateye <strong>ku</strong>rwanywa gukomeye<br />

k’ubwo butumwa guturutse mu nzego zose uhereye <strong>ku</strong> mubwiriza wavugiraga <strong>ku</strong> ruhimbi<br />

ukageza <strong>ku</strong> munyabyaha ruharwa. Amagambo y’ubuhanuzi yarasohoye ngo: “Mu minsi<br />

y’imperuka hazaza abakobanyi bakoba<strong>na</strong>, ba<strong>ku</strong>rikiza irari ryabo, babaza bati: “Isezerano ryo<br />

<strong>ku</strong>za kwe riri he? Ko uhereye aho ba sogo<strong>ku</strong>ruza basinziririye, byose bihora uko byahoze,<br />

uhereye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>remwa kw’isi?” 491 Abantu benshi bavugaga ko ba<strong>ku</strong>nda Umukiza, batangaje<br />

ko badahaka<strong>na</strong> inyigisho zivuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwe; icyo batemeye gusa ni ibyo <strong>ku</strong>vuga<br />

itariki ntarengwa. Ariko ijisho ry’Ima<strong>na</strong> rireba byose ryasomaga imitima yabo. Mu by’u<strong>ku</strong>ri<br />

ntibashakaga <strong>ku</strong>mva ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo aje gucira isi urubanza. Bari barabaye<br />

abagaragu babi, imirimo yabo ntiyashoboraga guhanga<strong>na</strong> n’ijisho ry’Ima<strong>na</strong> ricengera mu<br />

mitima, bityo batinyaga guhura n’Umukiza wabo. Nk’uko Abayahudi bari bameze mu gihe<br />

cyo <strong>ku</strong>za kwa Kristo bwa mbere, abo bantu ntibari biteguye kwakira Yesu. Ntabwo banze<br />

gusa <strong>ku</strong>mva ingingo zumvika<strong>na</strong> zivuye muri Bibiliya, ahubwo ba<strong>na</strong>gize urw’amenyo abari<br />

bategereje <strong>ku</strong>za k’Umukiza. Satani n’abamarayika be barishimaga cyane, kandi bagakwe<strong>na</strong><br />

Kristo n’abamarayika be <strong>ku</strong>bera ko abavugaga ko ari ubwoko bwe bamu<strong>ku</strong>nda urumamo <strong>ku</strong><br />

buryo batifuzaga <strong>ku</strong>garuka kwe.<br />

Abangaga kwemera ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo akenshi batangaga iyi ngingo<br />

bagira bati: “Ariko uwo munsi n’icyo gihe ntawe ubizi.” Ibyanditswe biravuga biti: “Ariko<br />

uwo munsi n’icyo gihe nta wubizi, n’aho baba abamarayika bo mu ijuru cyangwa Umwa<strong>na</strong>,<br />

keretse Data wenyine.” 492 Abari bategereje Umukiza batangaga ubusobanuro bwumvika<strong>na</strong><br />

bw’iri somo maze imikoreshereze mibi yaryo yagirwaga n’ababarwanyaga ishyirwa<br />

ahagaragara. Ariya magambo yavuzwe <strong>na</strong> Kristo muri cya kiganiro giheruka yagiranye<br />

n’abigishwa be bari <strong>ku</strong> musozi wa Elayono ubwo yari amaze gusohoka mu rusengero<br />

ubuheruka. Abigishwa be bari bamubajije bati: “Ikimenyetso cyo <strong>ku</strong>za kwawe<br />

n’icy’imperuka y’isi ni ikihe?” Yesu yabahaye ibimenyetso, maze arababwira ati: “Nuko<br />

<strong>na</strong>mwe nimubo<strong>na</strong> ibyo byose, muzamenye yuko ari hafi, ndetse ageze <strong>ku</strong> rugi.” 493 Ntabwo<br />

imvugo imwe y’Umukiza ikwiriye gukoreshwa <strong>ku</strong>gira ngo isenye indi. Nubwo nta muntu uzi<br />

umunsi cyangwa isaha byo <strong>ku</strong>garuka kwe, twasobanuriwe kandi dusabwa <strong>ku</strong>menya igihe<br />

u<strong>ku</strong>za kwe <strong>ku</strong>zaba kwegereje. Tubwirwa kandi ko <strong>ku</strong>tita <strong>ku</strong> miburo ye, ndetse no kwanga<br />

cyangwa kwirengagiza <strong>ku</strong>menya igihe <strong>ku</strong>za kwe <strong>ku</strong>zaba kwegereje bizatubera akaga<br />

gakomeye nk’uko byagendekeye abantu bo mu gihe cya Nowa batigeze bashaka <strong>ku</strong>menya<br />

igihe umwuzure wagombaga <strong>ku</strong>zira. Ndetse umugani uvugwa muri icyo gice wereka<strong>na</strong><br />

itandukaniro hagati y’umugaragu ukiranuka n’umugaragu mubi kandi ukereka<strong>na</strong> akaga<br />

gategereje umugaragu wibwiraga mu mutima we ati: “Databuja aratinze,” wereka<strong>na</strong> uko<br />

271

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!