07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

byashenguraga imitima y’abarinzi nya<strong>ku</strong>ri bityo bibatera kwemera kwihanganira imiruho,<br />

<strong>ku</strong>bura ibyabo n’imibabaro <strong>ku</strong>gira ngo bahamagarire abantu kwiha<strong>na</strong> ngo bibahesha agakiza.<br />

Nubwo uwo murimo warwanyijwe <strong>na</strong> Satani, wateye imbere mu buryo bwihuse kandi u<strong>ku</strong>ri<br />

<strong>ku</strong>vuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kwakirwa n’abantu ibihumbi byinshi cyane.<br />

Impande zose humvika<strong>na</strong>ga ubuhamya bukora <strong>ku</strong> mitima, ha<strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> ubutumwa<br />

buburira abanyabyaha, bubwira ab’isi ndetse n’abagize itorero guhunga umujinya wenda<br />

gutera. Nk’uko Yoha<strong>na</strong> umubatiza wabaye integuza ya Kristo yagenje, ababwiriza bageraga<br />

intorezo <strong>ku</strong> bishyitsi by’ibiti maze bakingingira abantu bose kwera imbuto zikwiriye<br />

abihannye. Imiburo yabo ikomeye yari ihabanye cyane n’imvugo yo guhumuriza abantu ko<br />

hari amahoro n’umutuzo yumvikaniraga <strong>ku</strong> ruhimbi rw’ababwiriza ba rubanda; kandi aho<br />

ubwo butumwa bwabwirizwaga hose, bwakoraga abantu <strong>ku</strong> mutima. Ubuhamya bworoheje<br />

kandi butaziguye bw’Ibyanditswe bwageraga mu bantu binyuze mu mbaraga ya Mwuka<br />

Muziranenge, bwari bufite kwemeza abantu <strong>ku</strong> buryo bake cyane gusa ari bo bi<strong>na</strong>ngiraga.<br />

Abigisha b’ikirenga mu by’iyobokama<strong>na</strong> ba<strong>ku</strong>we mu mutekano udafite ishingiro bari barimo.<br />

Babonye gusubira inyuma kwabo, ugusaya mu by’isi no <strong>ku</strong>tizera, ubwibone no kwikanyiza<br />

byabo. Benshi bahereye ko bashaka Uwiteka bafite kwiha<strong>na</strong> no kwicisha bugufi mu mitima.<br />

Imitima yabo yari imaze igihe kirekire iziritswe <strong>ku</strong> by’isi noneho bayerekeje mu ijuru. Mwuka<br />

w’Ima<strong>na</strong> yabajeho maze <strong>ku</strong>bw’imitima imenetse kandi yigaruriwe n’Ima<strong>na</strong>, bafatanyiriza<br />

hamwe gutera hejuru bagira bati: “Mwubahe Ima<strong>na</strong> muyihimbaze <strong>ku</strong>ko igihe cyo gucira<br />

abantu urubanza gisohoye.”<br />

Abanyabyaha babazaga babogoza amarira bati: “Nakora iki <strong>ku</strong>gira ngo nkizwe?” Abari<br />

baragize imibereho yaranzwe no guhemukira abandi babatwara ibyabo bahangayikishijwe no<br />

<strong>ku</strong>bibasubiza. Abantu bose bumvaga bamaze <strong>ku</strong>bonera amahoro muri Kristo bifuzaga cyane<br />

ko n’abandi bagira uwo mugisha. Imitima y’ababyeyi yagarukiye aba<strong>na</strong> babo kandi n’imitima<br />

y’aba<strong>na</strong> igarukira ababyeyi babo. Imipaka itewe n’ubwibone no kwifata <strong>na</strong>bi ya<strong>ku</strong>weho.<br />

Habayeho kwaturira<strong>na</strong> ibyaha <strong>ku</strong>vuye <strong>ku</strong> mutima, kandi abagize umuryango bose bagakora<br />

ibishoboka byose ngo bafashe abaturanyi babo n’inshuti kwakira agakiza. Kenshi<br />

humvika<strong>na</strong>ga amajwi y’amasengesho avuye <strong>ku</strong> mutima. Ahantu hose wahabo<strong>na</strong>ga abantu<br />

bafite agahinda, binginga Ima<strong>na</strong>. Abantu benshi bararaga amajoro basenga <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bamenye neza rwose ko ibyaha byabo byababariwe, cyangwa se basabira ko abo mu miryango<br />

yabo n’abaturanyi babo biha<strong>na</strong>.<br />

Abantu b’ingeri zose bazaga bihutira <strong>ku</strong>jya mu materaniro y’Abadiventisiti ari benshi.<br />

Kubw’impamvu zitandukanye, baba abakire, abakene, abakomeye n’aboroheje, babaga bafite<br />

inyota yo kwiyumvira inyigisho ivuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo. Mu gihe abagaragu<br />

b’Umukiza basobanuraga impamvu zo kwizera kwabo, Umukiza ya<strong>ku</strong>miriye umwuka wo<br />

<strong>ku</strong>barwanya. Rimwe <strong>na</strong> rimwe umukozi yabaga afite intege nke, ariko Mwuka w’Ima<strong>na</strong><br />

yahaga ubushobozi u<strong>ku</strong>ri kwacyo. Muri ayo materaniro hagaragaragamo ko abamarayika bera<br />

bayarimo kandi buri munsi abantu benshi biyongeraga <strong>ku</strong> mubare w’abizera. Iyo<br />

basubiragamo ibihamya by’uko <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kwegereje, imbaga y’abantu benshi<br />

270

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!