07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’abayobozi b’itorero <strong>ku</strong> rwego rw’igihugu byabaye ngombwa ko bemera ko u<strong>ku</strong>boko<br />

kw’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ri mu biri gukorwa.<br />

Byari ubushake bw’Ima<strong>na</strong> ko in<strong>ku</strong>ru yo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza yamamazwa mu bihugu byo<br />

mu karere ka Scandi<strong>na</strong>via; kandi ubwo amajwi y’abagaragu b’Umukiza yacecekeshwaga,<br />

Ima<strong>na</strong> yashyize Mwuka wayo mu ba<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo umurimo wayo ubashe gukorwa. Igihe<br />

Yesu yari agiye <strong>ku</strong>gera i Yerusalemu ashagawe n’abantu benshi bishimye, batera hejuru<br />

amajwi yo gutsinda, bazunguza amashami y’imikindo kandi bavuga ko ari Umwa<strong>na</strong> wa<br />

Dawidi, Abafarisayo b’abanyeshyari bamusabye gucecekesha abantu; ariko Yesu abasubiza<br />

ko ibyo babo<strong>na</strong> ari ibisohoza ubuhanuzi kandi ko nibaceceka amabuye ubwayo azaririmba.<br />

Abantu batewe ubwoba n’ibikangisho by’abatambyi n’abategetsi, bahereye ko bahagarika<br />

indirimbo zabo z’ibyishimo ubwo binjiraga mu marembo ya Yerusalemu; ariko bacecetse<br />

aba<strong>na</strong> bari bari mu mbuga y’urusengero baririmbye inyikirizo ya ya ndirimbo bazunguza<br />

amashami y’imikindo bari bafite bati: “Hoziya<strong>na</strong> mwene Dawidi!” Ariko Abafarisayo<br />

bararakara cyane, baramubwira bati: “Aho urumva ibyo aba bavuga?” Yesu arabasubiza ati:<br />

“Yee, ntimwari mwasoma ngo: ‘Mu kanwa k’aba<strong>na</strong> bato n’abonka wabonyemo ishimwe<br />

ritagira inenge’?” 490 Nk’uko Ima<strong>na</strong> yakoreye mu ba<strong>na</strong> mu gihe cyo <strong>ku</strong>za kwa Kristo bwa<br />

mbere, ni <strong>na</strong>ko <strong>na</strong> none izakoresha aba<strong>na</strong> mu kwamamaza ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwe.<br />

Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> rivuga ko kwamamazwa ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza bikwiriye<br />

<strong>ku</strong>gera mu mahanga yose, mu moko yose, mu ndimi no mu mahanga yose rigomba gusohora.<br />

William Miller <strong>na</strong> bagenzi be bahawe umurimo wo <strong>ku</strong>vuga ubutumwa bw’imbuzi muri<br />

Amerika. Iki gihugu cyahindutse ihuriro ry’umurimo mugari w’Abadiventisiti. Aho niho<br />

ubuhanuzi buboneka mu butumwa bwa marayika wa mbere bwasohoreye mu buryo<br />

butaziguye. Inyandiko za Miller <strong>na</strong> bagenzi be zajyanwe mu bihugu bya <strong>ku</strong>re cyane. In<strong>ku</strong>ru<br />

nziza yo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kwegereje yamamajwe ahantu hose ababwirizabutumwa<br />

bageze <strong>ku</strong> isi. Ubutumwa bwiza bw’iteka ryose buvuga ngo, “Nimwubahe Ima<strong>na</strong><br />

muyihimbaze, <strong>ku</strong>ko igihe cyo gucira abantu urubanza gisohoye”, bwamamajwe hafi <strong>na</strong> <strong>ku</strong>re.<br />

Ubuhamya bw’ubuhanuzi bwasaga <strong>na</strong>ho bushyiraho itariki yo <strong>ku</strong>za kwa Kristo mu gihe<br />

cy’umuhindo w’umwaka 1844, bwacengeye cyane mu ntekerezo z’abantu. Uko ubwo<br />

butumwa bwamamaraga buva muri <strong>Leta</strong> imwe bujya mu yindi; hirya no hino habayeho<br />

ikanguka rikomeye. Abantu benshi bemeye ko ingingo zivugwa zerekeye ibihe by’ubuhanuzi<br />

ari u<strong>ku</strong>ri maze ibyo bari bishingikirijeho by’ubwibone barabireka bakira<strong>na</strong> umunezero uko<br />

<strong>ku</strong>ri. Ababwirizabutumwa bamwe baretse ibitekerezo byabo byo kwirema ibice, bemera<br />

guhara imishahara yabo n’amatorero yabo maze bafatanya n’abandi kwamamaza ubutumwa<br />

bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Yesu Kristo. Nyamara ugereranyije ababwirizabutumwa bake cyane ni bo<br />

bemeye ubwo butumwa bityo umugabane munini mu <strong>ku</strong>bwamamaza bihabwa<br />

abakorerabushake boroheje. Abahinzi baretse imirima yabo, abanyabukorikori bareka<br />

ibikoresho byabo, abacuruzi bareka ubucuruzi bwabo, abakozi b’abanyamwuga bareka<br />

imyanya yabo; nyamara umubare w’abakozi wabaye muto ugereranyije n’umurimo<br />

wagombaga gukorwa. Imibereho y’itorero ritubahaga Ima<strong>na</strong> ndetse n’isi yasaye mu bibi,<br />

269

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!