07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nubwo Gaussen yari umwe mu babwiriza bavugaga Igifaransa b’ibyamamare kandi<br />

ba<strong>ku</strong>nzwe cyane, nyuma y’igihe gito yaje guhagarikwa mu murimo we, kandi ikosa<br />

ry’ingenzi yarezwe ni uko yari yaragiye yigisha urubyiruko akoreje Bibiliya aho <strong>ku</strong>bigishiriza<br />

muri gatigisimu y’itorero, igitabo cyoroshye kandi gishingiye <strong>ku</strong> mitekerereze ya muntu, gisa<br />

n’ikitarangwamo ukwizera nya<strong>ku</strong>ri. Nyuma y’aho yabaye umwigisha mu ishuri<br />

ry’iby’iyobokama<strong>na</strong>. Muri icyo gihe yakomezaga umurimo we <strong>ku</strong> cyumweru yigisha<br />

gatigisimu, akaganiriza aba<strong>na</strong> kandi akabigisha Ibyanditswe. Ibitabo bye bivuga<br />

iby’ubuhanuzi byanejeje abantu benshi. Nk’umwigisha, umwanditsi, ndetse no mu murimo<br />

we ya<strong>ku</strong>ndaga cyane yigisha aba<strong>na</strong>, yamaze imyaka myinshi akomeza guteza impinduka<br />

zikomeye kandi yagize umumaro mu gukangurira intekerezo za benshi kwiga ubuhanuzi<br />

bwagaragazaga ko <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza kwegereje.<br />

Ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo bwamamajwe no muri Scandi<strong>na</strong>via, kandi<br />

bura<strong>ku</strong>ndwa cyane. Abantu benshi barakanguwe bava mu byo bibwiraga ko ari umutekano<br />

badafite icyo bitayeho maze batura ibyaha byabo kandi barabireka basaba imbabazi mu izi<strong>na</strong><br />

rya Kristo. Ariko abayobozi b’itorero <strong>ku</strong> rwego rw’igihugu barwanya ibiri gukorwa maze<br />

bitewe n’ububasha bwabo bamwe mu babwirizaga ubwo butumwa bashyirwa muri za gereza.<br />

Ahantu henshi, aho ababwirizaga ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo bagiye bacecekeshwa<br />

muri ubwo buryo, Ima<strong>na</strong> yanejejwe no <strong>ku</strong>horeza ubutumwa mu buryo bw’igitangaza<br />

ibunyujije mu ba<strong>na</strong> bato. Kubera ko bari batarageza mu myaka y’ubu<strong>ku</strong>ru, itegeko rya <strong>Leta</strong><br />

ntiryashoboraga <strong>ku</strong>babuza <strong>ku</strong>vuga, bityo barabareka bavuga nta nkomyi.<br />

Ibwirizabutumwa ryari ryibanze cyane muri rubanda rugufi, kandi abantu bateraniraga<br />

ahantu horoheje mu ngo z’abahinzi <strong>ku</strong>gira ngo bumve ayo magambo y’imbuzi. Abo babwiriza<br />

b’aba<strong>na</strong> ubwabo akenshi bakomokaga mu ngo za gikene. Bamwe muri bo bari hagati<br />

y’imyaka itandatu n’umu<strong>na</strong>ni y’ubu<strong>ku</strong>ru; kandi nubwo imibereho yabo yahamyaga ko<br />

ba<strong>ku</strong>nda Umukiza kandi bakaba barihatiraga <strong>ku</strong>baho bumvira amatageko yera y’Ima<strong>na</strong>,<br />

ntabwo muri rusange bari bafite ubwenge cyangwa ubushobozi butandukanye<br />

n’ubw’ab’urungano rwabo. Ariko igihe babaga bahagaze imbere y’abantu, byagaragariraga<br />

bose ko bakoreshwa n’imbaraga irenze impano zabo kavukire. Ijwi ryabo n’inyifato<br />

byarahindutse maze bavuga bashize amanga bafite imbaraga, bavuga ubutumwa bw’imbuzi<br />

bwerekeye urubanza ndetse bagakoresha amagambo ya Bibiliya bati: “Nimwubahe Ima<strong>na</strong>,<br />

muyihimbaze <strong>ku</strong>ko igihe cyo gucira abantu urubanza gisohoye.” Bamaga<strong>na</strong>ga ibyaha biri mu<br />

bantu, ntibacyahe gusayisha mu bibi n’ubuhehesi gusa, ahubwo baka<strong>na</strong>maga<strong>na</strong> ibyo gu<strong>ku</strong>nda<br />

iby’isi no gusubira inyuma ndetse bagasaba ababateze amatwi kwihutira guhunga umujinya<br />

wenda gutera.<br />

Abantu babategaga amatwi bahinda umushyitsi. Mwuka w’Ima<strong>na</strong> wemeza imitima<br />

yavuga<strong>na</strong>ga n’imitima yabo. Byateye abantu benshi umwete wo kwiga Ibyanditswe<br />

babishishikariye, abataririndaga n’abari barataye imico mbonera bahinduye amatwara, abandi<br />

bareka iby’uburyarya bakoraga, maze umurimo ukorwa mu buryo butangaje <strong>ku</strong> buryo<br />

268

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!