07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

cy’ubuhanuzi bwa Daniyeli maze atangazwa cyane n’uburyo ubwo buhanuzi bwari<br />

bwarasohoye neza uko bwavuzwe nk’uko yabibo<strong>na</strong>ga mu gitabo cy’uwo mwanditsi<br />

w’amateka. Aho ni ho yaboneye igihamya cy’uko Ibyanditswe byahumetswe n’Ima<strong>na</strong>. Ibyo<br />

byamubereye igitsika umutima we mu gihe cy’akaga yanyuzemo mu myaka ya<strong>ku</strong>rikiyeho.<br />

Ntiyashoboraga <strong>ku</strong>nyurwa n’inyigisho zishingiye <strong>ku</strong> mitekerereze y’umuntu. Ubwo yigaga<br />

Bibiliya kandi agashakisha umucyo uruseho, yaje <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> kwizera gushikamye rwose<br />

nyuma y’igihe gito.<br />

Uko yakomezaga gucu<strong>ku</strong>mbura ubuhanuzi yageze aho yizera ko u<strong>ku</strong>garuka k’Umukiza<br />

kwegereje. Amaze gutangazwa n’uko <strong>ku</strong>ri kw’ingenzi, yifuje <strong>ku</strong>menyesha abantu uko <strong>ku</strong>ri;<br />

ariko imyizerere rusange y’uko ubuhanuzi bwa Daniyeli ari ubwiru kandi ko budashobora<br />

<strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> yamubereye inkomyi ikomeye cyane mu nzira ye. Amaherezo, nk’uko Farel yari<br />

yarabigenje mbere ye abwiriza ubutumwa i Geneve, Gaussen yiyemeje gutangira yigisha<br />

aba<strong>na</strong>. Yiringiraga ko aza<strong>ku</strong>ndisha ababyeyi ubutumwa anyuze <strong>ku</strong>ri abo ba<strong>na</strong>.<br />

Nyuma yaho ubwo yavugaga <strong>ku</strong> mugambi yari afite ubwo yafataga uwo mugambi<br />

yaravuze ati: “Ndifuza ko ibi byumvika<strong>na</strong> neza, impamvu si uko iyi gahunda ifite agaciro<br />

gake, ahubwo ibiri amambu, ni <strong>ku</strong>bw’agaciro kayo gakomeye, ni yo mpamvu nifuza <strong>ku</strong>vuga<br />

iby’izi nyigisho mu buryo bworoheje kandi nkazibwira aba<strong>na</strong>. Nifuzaga gutegwa amatwi,<br />

kandi <strong>na</strong>tinyaga ko ntari <strong>ku</strong>nvwa iyo ntangirira <strong>ku</strong> bantu ba<strong>ku</strong>ze.” “Kubw’iyo mpamvu,<br />

niyemeje gusanga abakiri bato. Nteranya aba<strong>na</strong>; iyo itsinda ryabo ryagutse, iyo bigaragaye ko<br />

bateze amatwi, bafite ubwuzu, bibanejeje, nkabo<strong>na</strong> ko basobanukirwa kandi babasha<br />

gusobanura ingingo twaganiriye, ubwo mba niringiye ryose ko bidatinze ngomba gutangiza<br />

itsinda rya kabiri kandi ubwo ni bwo aba<strong>ku</strong>ze <strong>na</strong>bo bazamenya ko bakeneye kwicara maze<br />

bakiga. Igihe ibyo bikozwe, umugambi uzaba ugezweho.” 489<br />

Umuhati we wageze <strong>ku</strong> ntego. Ubwo yabwirizaga aba<strong>na</strong>, abantu ba<strong>ku</strong>ze <strong>na</strong> bo baje<br />

<strong>ku</strong>mwumva. Amabaraza y’urusengero rwe yabaga yuzuye abantu bamuteze amatwi batuje.<br />

Muri bo habaga harimo abantu bakomeye, intiti, n’abanyamahanga babaga baje gusura<br />

umujyi wa Geneve; kandi muri ubwo buryo, ubutumwa bwabashije <strong>ku</strong>gezwa no mu bindi<br />

bihugu.<br />

Gaussen atewe ubutwari no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ageze <strong>ku</strong> ntego, yacapishije ibyigisho bye afite<br />

ibyiringiro yuko bizatuma abantu biga ibitabo by’ubuhanuzi mu nsengero z’abantu bavuga<br />

Igifaransa. Gaussen yaravuze ati: “Gucapisha ibyigisho byigishwaga aba<strong>na</strong>, kenshi<br />

byasuzugurwaga n’aba<strong>ku</strong>ze bafatiye <strong>ku</strong> rwitwazo rutari u<strong>ku</strong>ri bavuga ko bitumvika<strong>na</strong>, kwari<br />

u<strong>ku</strong>bwira aba<strong>ku</strong>ze nti, ‘Ni mu buhe buryo bishobora <strong>ku</strong>tumvika<strong>na</strong> mu gihe aba<strong>na</strong><br />

babisobanukirwa?’ ” Yongeraho ati : “Nari mfite icyifuzo gikomeye cyo gutuma ubuhanuzi<br />

bumenyeka<strong>na</strong> mu bantu bacu uko bishoboka kose.” “Kuri jye nta nyigisho zindi <strong>na</strong>bo<strong>na</strong>ga ko<br />

zamara ubukene bw’abantu muri icyo gihe nk’uko bikwiye.” “Izi nyigisho nizo zidutegurira<br />

guca mu kaga kari imbere no <strong>ku</strong>dutera <strong>ku</strong>ba maso kandi tugategereza Yesu Kristo.”<br />

267

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!