07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

buhanitse mu <strong>ku</strong>menya no gusesengura Bibiliya. Ubwo yari arangije amashuri ye, Bengel yari<br />

“yarirunduriye mu kwiga iby’iyobokama<strong>na</strong>. Izo inyigisho zifatanyije n’uburere<br />

n’ikinyabupfura yari yaratojwe akiri muto zabashije <strong>ku</strong>muhindura rwose. Kimwe n’abandi<br />

basore bafite gutekereza neza, yabanje <strong>ku</strong>rwa<strong>na</strong> no gushidikanya n’ingorane zijyanye<br />

n’iby’idini. Afite agahinda kenshi, yatekereje <strong>ku</strong> “myambi myinshi yahuranyije umutima we<br />

bigatuma agira igihe cy’ubusore kibabaje.” Amaze <strong>ku</strong>ba umwe mu bagize i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru<br />

y’abepesikopi y’i WÜrttemberg, yashigikiye iby’umudendezo mu by’idini. “Mu gihe<br />

yashyigikiraga uburenganzira n’ibyo idini ryemerewe, ya<strong>na</strong>haraniraga kandi umudendezo<br />

wose ufite ishingiro ugomba guhabwa abantu bose bumva bahatwa n’umutima<strong>na</strong>ma wabo<br />

gusohoka mu idini barimo.”- 487Kugeza n’uyu munsi ibyiza byavuye <strong>ku</strong>ri icyo gitekerezo<br />

biracyagaragara mu ntara Bengel avukamo.<br />

Igihe kimwe ubwo yateguraga ikibwirizwa gishingiye <strong>ku</strong> gitabo cy’Ibyahishuwe 21<br />

yagombaga <strong>ku</strong>bwiriza <strong>ku</strong> Cyumweru cyari kigiye <strong>ku</strong>za, ni bwo umucyo <strong>ku</strong> byerekeye<br />

<strong>ku</strong>garuka kwa Kristo warashe mu ntekerezo ze. Ubuhanuzi bwo mu Byahishuwe<br />

bwasobanukiye intekerezo ze mu buryo atigeze amenya. Yumvise agize gutentebuka <strong>ku</strong>bwo<br />

kwumva ibikomeye kandi bitangaje ndetse n’i<strong>ku</strong>zo ritagereranywa umuhanuzi avuga ko<br />

bizabaho. Byabaye ngombwa ko aba ahagaze mu gihe ru<strong>na</strong>ka <strong>ku</strong>gira ngo ye gukomeza<br />

gutekereza iby’iryo yerekwa. Nyamara ubwo yari <strong>ku</strong> ruhimbi bya bindi bivugwa mu buhanuzi<br />

byongeye <strong>ku</strong>garuka mu ntekerezo ze nk’uko biri kandi mu buryo bukomeye. Kuva icyo gihe,<br />

yirunduriye mu kwiga ubuhanuzi, cyane cyane ubwo mu Byahishuwe, maze bidatinze yemera<br />

ko buvuga ko <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kwegereje nta shiti. Itariki yashyizeho ko ari bwo Kristo<br />

azaza yari itandukanye mu myaka ho gato n’iyashyizweho <strong>na</strong> Miller.<br />

Inyandiko za Bengel zakwirakwijwe ahantu hose harangwaga Ubukristo. Muri rusange<br />

imyizerere ye <strong>ku</strong> by’ubuhanuzi yemewe n’abo muri <strong>Leta</strong> yavukagamo ya WÜrttemberg,<br />

kandi inemerwa n’abo mu bindi bice by’Ubudage <strong>ku</strong> rwego ru<strong>na</strong>ka. Amaze gupfa, iyo<br />

myizerere yarakomeje, kandi ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo bukomeza kwigishwa mu<br />

Budage ari <strong>na</strong> ko bwa<strong>ku</strong>ruraga intekerezo za benshi mu bindi bihugu. Mu mizo ya mbere,<br />

bamwe mu bizera bagiye mu Burusiya maze bahashinga amatsinda yabo magari barahatura<br />

none <strong>na</strong> n’ubu kwizera ko Kristo ari hafi <strong>ku</strong>garuka biracyafitwe n’amatorero y’Abadage<br />

abarizwa muri icyo gihugu.<br />

Umucyo wageze no mu Bufaransa no mu Busuwisi. I Geneve aho Farel <strong>na</strong> Kaluvini bari<br />

baramamaje u<strong>ku</strong>ri k’Ubugorozi, uwitwa Gaussen yahabwirije ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa<br />

Kristo. Mu gihe yari umunyeshuri, Gaussen yari yarandujwe n’inyigisho zishingira kwizera<br />

<strong>ku</strong> bitekerezo by’umuntu zari zarabaye gikwira mu Burayi mu iherezo ry’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi<br />

n’umu<strong>na</strong>ni no mu itangiriro ry’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi n’icyenda. Kandi igihe yinjiraga mu<br />

murimo w’ibwirizabutumwa, ntabwo yari ataramenya icyo kwizera nya<strong>ku</strong>ri icyo ari cyo gusa,<br />

ahubwo yari aki<strong>na</strong>fite umwuka w’ubuhakanyi bwo <strong>ku</strong>temera icyo atabanje <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong>. Akiri<br />

umusore, yari yaratwawe no kwiga ubuhanuzi. Ubwo yari amaze gusoma igitabo cy’uwitwa<br />

Rollin cyitwaga “ Amateka ya Kera” 488 intekerezo ze zerekejwe <strong>ku</strong> gice cya kabiri<br />

266

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!