07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>ri Rekabu. Abo ntibanywa inzoga, ntibahinga inzabibu, ntibabiba imbuto iyo ariyo yose,<br />

bibera mu mahema kandi bagahora bibuka umu<strong>ku</strong>rambere Yo<strong>na</strong>dabu mwene Rekabu.<br />

Baba<strong>na</strong>ga n’aba<strong>na</strong> ba Isirayeli bo mu muryango wa Dani . . . kimwe <strong>na</strong> bene Rekabu, bari<br />

bategereje u<strong>ku</strong>za vuba kwa Mesiya aje <strong>ku</strong> bicu byo mu ijuru.” 486<br />

Undi mubwirizabutumwa yaje gusanga imyizerere nk’iyo mu karere ka Tatary. Umupadiri<br />

wo mu bwoko bw’abaturiye ako karere yabajije uwo mubwirizabutumwa igihe Kristo<br />

azagarukira. Ubwo uwo mubwirizabutumwa yamusubizaga ko ntacyo abiziho, uwo mupadiri<br />

yatangajwe cyane no <strong>ku</strong>tamenya nk’uko k’umuntu uvuga ko yigisha abandi Bibiliya.<br />

Yamubwiye ibyo we yizera bishingiye <strong>ku</strong> buhanuzi, ko Kristo yagombaga <strong>ku</strong>za mu mwaka<br />

wa 1844.<br />

Mu ntangiriro z’umwaka wa 1826 ni ho ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo bwatangiye<br />

<strong>ku</strong>bwirizwa mu Bwongereza. Mu Bwongereza, ubwo butumwa ntibwashinze imizi nko muri<br />

Amerika; igihe nyacyo cyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo nticyigishijwe abantu muri rusange, ariko<br />

bamamazaga cyane u<strong>ku</strong>ri gukomeye <strong>ku</strong>vuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kwegereje aje afite<br />

ubutware n’i<strong>ku</strong>zo. Kandi ibi ntibabyigishaga mu bitandukanyije n’itorero n’abanze<br />

kwifatanya <strong>na</strong>ryo gusa. Umwanditsi w’umwongereza witwaga Murant Brock yavuze ko<br />

ababwirizabutumwa bageze <strong>ku</strong>ri maga<strong>na</strong> arindwi bo mu itorero ry’Ubwongereza babwirizaga<br />

ubwo “butumwa bwiza bw’Ubwami.” Ubutumwa bwavugaga umwaka 1844 nk’igihe cyo<br />

<strong>ku</strong>garuka k’Umukiza bwabwirijwe <strong>na</strong> none mu Bwongereza. Ibitabo by’Abadiventisiti<br />

biturutse muri <strong>Leta</strong> Zunze Ubumwe za Amerika byakwirakwijwe ahantu henshi. Ibitabo<br />

n’ibinyama<strong>ku</strong>ru bivuga iby’iyo ngingo bitangira gucapirwa mu Bwongereza. Mu mwaka wa<br />

1842, uwitwaga Robert Winter wari umwongereza wari warakiriye ukwizera<br />

kw’Abadiventisiti muri Amerika, yagarutse mu gihugu cy’Ubwongereza yavukiyemo <strong>ku</strong>gira<br />

ngo ahavuge ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza. Abantu benshi bafatanyije <strong>na</strong> we muri<br />

uwo murimo maze ubutumwa buvuga iby’urubanza buvugwa mu bice bitandukanye<br />

by’Ubwongereza.<br />

Muri Amerika y’amajyepfo, mu bantu batateye imbere kandi harangwaga ubuyobozi<br />

bw’abapadiri b’abagatorika, uwitwaga Lacunza wari umuyezuwiti w’Umwesipanyoli,<br />

yacu<strong>ku</strong>mbuye mu Byanditswe maze yemera u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>vuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo<br />

kwegereje. Yumvaga ahatirwa gutanga uwo muburo nyamara ntiyashakaga <strong>ku</strong>gerwaho<br />

n’ibihano bya Roma, nuko asohora inyandiko irimo ubutumwa bwe ifite izi<strong>na</strong> rya “ Rabbi<br />

Ben-Ezra.” Muri ubwo butumwa yigaragazaga ko ari Umuyahudi wahindutse. Lacunza<br />

yabayeho mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi n’umu<strong>na</strong>ni, ariko bigeze mu mwaka wa 1825 nibwo igitabo<br />

cye cyageze mu Bwongereza, gisobanurwa mu Cyongereza. Gusohoka kw’icyo gitabo<br />

kwarushijeho gushimangira ugukanguka kwari kwaratangiye mu Bwongereza <strong>ku</strong> byerekeye<br />

ingingo yo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo.<br />

Mu Budage, iyo nyigisho yari yarigishijwe mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi n’umu<strong>na</strong>ni n’uwitwaga<br />

Bengel wari umubwirizabutumwa mu <strong>Itorero</strong> ry’Abaluteri kandi akaba yari azwiho ubuhanga<br />

265

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!