07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

azanye n’impanda ya marayika ukomeye,” 477 “kandi azahagarara <strong>ku</strong> musozi wa Erayono;<br />

nuko rero gutegeka ibyaremwe byose byari bwarahawe Adamu kandi akabinyagwa (Itang.<br />

1:26; 3:17) bizahabwa Yesu. Azaba Umwami w’isi yose. Iminiho no <strong>ku</strong>ganya kw’ibyaremwe<br />

bizahagarara, maze humvikane indirimbo zo gusingiza no gushima. Ubwo Yesu azaza mu<br />

i<strong>ku</strong>zo rya Se, azanye n’abamarayika bera, . . . abapfuye bizeye ni bo bazabanza <strong>ku</strong>zuka. (1<br />

Abatesalonike 4:16; 1 Abakorinto 15:23). Icyo ni cyo twebwe Abakristo twita umuzuko wa<br />

mbere. Icyo gihe, kamere y’inyamaswa izahindurwa (Yesaya 11:6-9), maze igengwe <strong>na</strong> Yesu<br />

gusa. Zaburi 8. Amahoro azaganza hose.” 478“Uhoraho azongera yitegereze isi maze avuge<br />

ati, ‘Dore ni byiza cyane.” 479<br />

Wolff yizeraga ko <strong>ku</strong>za kwa Kristo kwegereje, kandi uko yasobanuraga ibihe<br />

by’ubuhanuzi kwavugaga ko u<strong>ku</strong>rimbuka gukomeye <strong>ku</strong>zabaho mu myaka mike gusa y’igihe<br />

cyavuzwe <strong>na</strong> Miller. Abamubazaga bahereye <strong>ku</strong> byanditswe bivuga ko: “<strong>ku</strong> byerekeranye<br />

n’umunsi cyangwa isaha, nta muntu n’umwe ubizi,” kandi ko ntacyo abantu babasha <strong>ku</strong>menya<br />

<strong>ku</strong> byerekeranye no kwegereza k’uwo munsi, Wolff yarabasubizaga ati: “Umukiza wacu<br />

ntiyavuze ko ntawe uzamenya umunsi cyangwa isaha yo <strong>ku</strong>garuka kwe? Mbese ntiyadusigiye<br />

ibimenyetso by’ibihe <strong>ku</strong>gira ngo tubashe <strong>ku</strong>menya nibura ko igihe cyo <strong>ku</strong>garuka kwe<br />

cyegereje nk’uko umuntu amenya ko igihe cy’impeshyi cyegereje arebeye <strong>ku</strong> buryo igiti<br />

cy’umutini kimera amababi? (Matayo 24:32). Mbese ntidushobora <strong>ku</strong>menya iby’icyo gihe<br />

kandi Umukiza ubwe yaratwiha<strong>na</strong>ngirije <strong>ku</strong>dasoma gusa ubuhanuzi bwa Daniyeli ko ahubwo<br />

dukwiriye no <strong>ku</strong>busobanukirwa? kandi ko muri ubwo buhanuzi bwa Daniyeli havuga ko<br />

amagambo yacyo ashyizweho ikimenyetso <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> mperuka (uko rero ni ko byari bimeze<br />

mu gihe cye), kandi ko “benshi bazajarajara hirya no hino” (bishatse <strong>ku</strong>vuga mu Giheburayo<br />

ko bazitondera icyo gihe kandi bakagitekerezaho), ndetse ko “ubwenge” (bwerekeranye<br />

n’icyo gihe) ‘buzagwira’? (Daniyeli 12:4). Ibyongera <strong>ku</strong>ri ibi, ntabwo ubwo Umukiza wacu<br />

yavugaga ibi yashakaga <strong>ku</strong>vuga ko kwegereza kw’igihe <strong>ku</strong>tazigera <strong>ku</strong>menyeka<strong>na</strong>, ahubwo<br />

yavugaga ko ‘ umunsi n’isaha nyabyo nta muntu ubizi.’ Avuga ko hari byinshi<br />

bizamenyekanira <strong>ku</strong> bimenyetso by’ibihe <strong>ku</strong>gira ngo bidutere kwitegura u<strong>ku</strong>garuka kwe<br />

nk’uko Nowa yateguye in<strong>ku</strong>ge.” 480<br />

Ku byerekeye uburyo rusange bwo gusobanura Ibyanditswe, byaba neza cyangwa<br />

<strong>ku</strong>bigoreka, Wolff yaranditse ati: “Umugabane munini w’amatorero ya Gikristo yataye<br />

umurongo w’ubusobanuro nya<strong>ku</strong>ri bwa Bibiliya, maze bemera ibyo Ababudisite bizera<br />

bavuga ko umunezero w’umuntu wo mu gihe kizaza uzaba ari uwo <strong>ku</strong>zerera mu kirere, kandi<br />

batekereza ko iyo basomye Abayahudi bagomba <strong>ku</strong>mva ko ari Abanyamahanga, kandi ko iyo<br />

basomye Yerusalemu bumva ko uvuze urusengero; iyo kandi uvuze isi, ibyo biba bishatse<br />

<strong>ku</strong>vuga ijuru; kandi <strong>ku</strong> byerekeye <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, bagomba <strong>ku</strong>byumva nk’aho ari<br />

iterambere ry’ imiryango yamamaza ubutumwa; kandi ko <strong>ku</strong>zamuka ujya <strong>ku</strong> musozi uriho<br />

inzu y’Uwiteka bisobanuye iteraniro rinini ry’Abametodisiti. ” 481<br />

Mu gihe cy’imyaka ma<strong>ku</strong>myabiri n’ine uhereye mu 1821 ukageza mu 1845, Wolff yakoze<br />

ingendo nyinshi: muri Afurika, asura Egiputa <strong>na</strong> Abisiniya; muri Aziya yambukiranya<br />

263

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!