Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba ko Yesu Kristo ari Umwana w’Imana.” 476 Bidatinze yumva agize kwemera mu mutima we. Yaratashye maze asoma ibyanditswe, atangazwa no kubona uburyo ibyanditswe byasohoreye kuri Yesu w’i Nazareti. None se amagambo ya wa Mukristo yaba yari ay’ukuri? Uwo mwana w’umuhungu yasabye se kumusobanurira ubwo buhanuzi, ariko guceceka kwa se no kumurebana igitsure bituma atinya kongera kumubaza kuri iyo ngingo. Nyamara ibyo nta kindi byakoze uretse kumutera kurushaho kugira icyifuzo cyo kumenya ibiruseho ku idini ya Gikristo. Umuryango ufite imyizerere ya kiyahudi yarererwagamo ntiwatumye abasha kugera ku bumenyi yashakaga. Ariko ubwo yari amaze imyaka cumi n’umwe y’ubukuru, yavuye mu rugo rw’ababyeyi be ajya kuba aho atandukanye n’umuryango we kugira ngo yishakire uko yakwiga, ahitemo idini n’umurimo uzamutunga. Yamaze igihe runaka abana na bene wabo b’Abayahudi, ariko bidatinze baramwirukana bamuhora ko ari umuhakanyi w’imyizerere yabo. Ubwo noneho yari asigaye wenyine, nta mafaranga afite, byabaye ngombwa ko yishakira uko yabaho abana n’abantu atazi. Yagiye ajya hirya no hino, yiga abyitayeho kandi akabona udufaranga two kumutunga adukuye mu kwigisha ururimi rw’Igiheburayo. Bitewe no guhindurwa n’umwigisha w’Umugatorika byatumye yemera imyizerere y’itorero ry’i Roma maze agira umugambi wo kuzaba umuvugabutumwa akajya kwigisha bene wabo b’Abayahudi. Kubera icyo gitekerezo yari afite, mu myaka mike yakurikiyeho yaje kujya gukomereza amashuri ye mu ishuri ry’i Roma ritegurira abantu kujya kwamamaza ukwireza kw’itorero Gatolika mu bindi bihugu. Ariko aho ngaho, ka kamenyero ke ko kuba umuntu wisanzuye mu gutanga ibitekerezo bye ndetse no kwihutira kuvuga katumye bamufata nk’umuhakanyi. Yarwanyaga ibibi bikorwa n’itorero adaciye ku ruhande kandi akabereka rwose ko hakenewe ivugurura. Nubwo yabanje gufatwa neza n’abayobozi b’itorero ry’i Roma, ntibyamubujije kwirukanwa i Roma nyuma y’igihe gito. Akomeza kugenzurwa na Roma, agenda yimurirwa ahantu henshi kugeza igihe babonye ko bitagishobotse kumwemeza kuyoboka Roma. Batangaje ko ari indakoreka, maze baramurekura agira umudendezo wo kujya aho yishakiye. Yafashe inzira yerekeza mu gihugu cy’Ubwongereza, kandi kubera ko yari afite imyizerere ya Giporotesitanti, yifatanya n’Itorero ry’Ubwongereza. Amaze imyaka ibiri yiga, mu mwaka wa 1821 afata urugendo ajya kubwiriza ubutumwa. Ubwo Wolff yemeraga ukuri kw’ingenzi kwerekeye kuza kwa Kristo kwa mbere nk’“umunyamibabaro kandi wamenyereye intimba,” yanabonye ko ubuhanuzi buvuga mu mucyo umwe ibyo kugaruka kwe afite ubutware n’ikuzo. Kandi ubwo yageragezaga kwerekeza bene wabo kuri Yesu w’i Nazareti, we Mesiya wasezeranwe, ndetse no kubamenyesha ibyo kuza kwe bwa mbere acishijwe bugufi ndetse ari igitambo cy’ibyaha by’abantu, yanabigishaga ibyo kugaruka kwe ari umwami n’umucunguzi. Yaravugaga ati: “Yesu w’i Nazareti, we Mesiya nyakuri, watobowe ibiganza n’ibirenge, we wajyanwe nk’intama bajyana kubaga, wari umuntu w’umunyamibabaro kandi wamenyereye intimba kandi wafashe inkoni y’ubwami ya Yuda ndetse ubutegetsi akabukura hagati y’ibirenge bye, yaje incuro ya mbere, kandi azaza ubwa kabiri aje ku bicu byo mu ijuru, 262

Itorero na Leta ku Rugamba azanye n’impanda ya marayika ukomeye,” 477 “kandi azahagarara ku musozi wa Erayono; nuko rero gutegeka ibyaremwe byose byari bwarahawe Adamu kandi akabinyagwa (Itang. 1:26; 3:17) bizahabwa Yesu. Azaba Umwami w’isi yose. Iminiho no kuganya kw’ibyaremwe bizahagarara, maze humvikane indirimbo zo gusingiza no gushima. Ubwo Yesu azaza mu ikuzo rya Se, azanye n’abamarayika bera, . . . abapfuye bizeye ni bo bazabanza kuzuka. (1 Abatesalonike 4:16; 1 Abakorinto 15:23). Icyo ni cyo twebwe Abakristo twita umuzuko wa mbere. Icyo gihe, kamere y’inyamaswa izahindurwa (Yesaya 11:6-9), maze igengwe na Yesu gusa. Zaburi 8. Amahoro azaganza hose.” 478“Uhoraho azongera yitegereze isi maze avuge ati, ‘Dore ni byiza cyane.” 479 Wolff yizeraga ko kuza kwa Kristo kwegereje, kandi uko yasobanuraga ibihe by’ubuhanuzi kwavugaga ko ukurimbuka gukomeye kuzabaho mu myaka mike gusa y’igihe cyavuzwe na Miller. Abamubazaga bahereye ku byanditswe bivuga ko: “ku byerekeranye n’umunsi cyangwa isaha, nta muntu n’umwe ubizi,” kandi ko ntacyo abantu babasha kumenya ku byerekeranye no kwegereza k’uwo munsi, Wolff yarabasubizaga ati: “Umukiza wacu ntiyavuze ko ntawe uzamenya umunsi cyangwa isaha yo kugaruka kwe? Mbese ntiyadusigiye ibimenyetso by’ibihe kugira ngo tubashe kumenya nibura ko igihe cyo kugaruka kwe cyegereje nk’uko umuntu amenya ko igihe cy’impeshyi cyegereje arebeye ku buryo igiti cy’umutini kimera amababi? (Matayo 24:32). Mbese ntidushobora kumenya iby’icyo gihe kandi Umukiza ubwe yaratwihanangirije kudasoma gusa ubuhanuzi bwa Daniyeli ko ahubwo dukwiriye no kubusobanukirwa? kandi ko muri ubwo buhanuzi bwa Daniyeli havuga ko amagambo yacyo ashyizweho ikimenyetso kugeza ku mperuka (uko rero ni ko byari bimeze mu gihe cye), kandi ko “benshi bazajarajara hirya no hino” (bishatse kuvuga mu Giheburayo ko bazitondera icyo gihe kandi bakagitekerezaho), ndetse ko “ubwenge” (bwerekeranye n’icyo gihe) ‘buzagwira’? (Daniyeli 12:4). Ibyongera kuri ibi, ntabwo ubwo Umukiza wacu yavugaga ibi yashakaga kuvuga ko kwegereza kw’igihe kutazigera kumenyekana, ahubwo yavugaga ko ‘ umunsi n’isaha nyabyo nta muntu ubizi.’ Avuga ko hari byinshi bizamenyekanira ku bimenyetso by’ibihe kugira ngo bidutere kwitegura ukugaruka kwe nk’uko Nowa yateguye inkuge.” 480 Ku byerekeye uburyo rusange bwo gusobanura Ibyanditswe, byaba neza cyangwa kubigoreka, Wolff yaranditse ati: “Umugabane munini w’amatorero ya Gikristo yataye umurongo w’ubusobanuro nyakuri bwa Bibiliya, maze bemera ibyo Ababudisite bizera bavuga ko umunezero w’umuntu wo mu gihe kizaza uzaba ari uwo kuzerera mu kirere, kandi batekereza ko iyo basomye Abayahudi bagomba kumva ko ari Abanyamahanga, kandi ko iyo basomye Yerusalemu bumva ko uvuze urusengero; iyo kandi uvuze isi, ibyo biba bishatse kuvuga ijuru; kandi ku byerekeye kugaruka kwa Kristo, bagomba kubyumva nk’aho ari iterambere ry’ imiryango yamamaza ubutumwa; kandi ko kuzamuka ujya ku musozi uriho inzu y’Uwiteka bisobanuye iteraniro rinini ry’Abametodisiti. ” 481 Mu gihe cy’imyaka makumyabiri n’ine uhereye mu 1821 ukageza mu 1845, Wolff yakoze ingendo nyinshi: muri Afurika, asura Egiputa na Abisiniya; muri Aziya yambukiranya 263

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ko Yesu Kristo ari Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>.” 476 Bidatinze yumva agize kwemera mu mutima we.<br />

Yaratashye maze asoma ibyanditswe, atangazwa no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uburyo ibyanditswe byasohoreye<br />

<strong>ku</strong>ri Yesu w’i Nazareti. None se amagambo ya wa Mukristo yaba yari ay’u<strong>ku</strong>ri? Uwo mwa<strong>na</strong><br />

w’umuhungu yasabye se <strong>ku</strong>musobanurira ubwo buhanuzi, ariko guceceka kwa se no<br />

<strong>ku</strong>mureba<strong>na</strong> igitsure bituma atinya kongera <strong>ku</strong>mubaza <strong>ku</strong>ri iyo ngingo. Nyamara ibyo nta<br />

kindi byakoze uretse <strong>ku</strong>mutera <strong>ku</strong>rushaho <strong>ku</strong>gira icyifuzo cyo <strong>ku</strong>menya ibiruseho <strong>ku</strong> idini ya<br />

Gikristo.<br />

Umuryango ufite imyizerere ya kiyahudi yarererwagamo ntiwatumye abasha <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong><br />

bumenyi yashakaga. Ariko ubwo yari amaze imyaka cumi n’umwe y’ubu<strong>ku</strong>ru, yavuye mu<br />

rugo rw’ababyeyi be ajya <strong>ku</strong>ba aho atandukanye n’umuryango we <strong>ku</strong>gira ngo yishakire uko<br />

yakwiga, ahitemo idini n’umurimo uzamutunga. Yamaze igihe ru<strong>na</strong>ka aba<strong>na</strong> <strong>na</strong> bene wabo<br />

b’Abayahudi, ariko bidatinze baramwiruka<strong>na</strong> bamuhora ko ari umuhakanyi w’imyizerere<br />

yabo. Ubwo noneho yari asigaye wenyine, nta mafaranga afite, byabaye ngombwa ko<br />

yishakira uko yabaho aba<strong>na</strong> n’abantu atazi. Yagiye ajya hirya no hino, yiga abyitayeho kandi<br />

akabo<strong>na</strong> udufaranga two <strong>ku</strong>mutunga adu<strong>ku</strong>ye mu kwigisha ururimi rw’Igiheburayo. Bitewe<br />

no guhindurwa n’umwigisha w’Umugatorika byatumye yemera imyizerere y’itorero ry’i<br />

Roma maze agira umugambi wo <strong>ku</strong>zaba umuvugabutumwa akajya kwigisha bene wabo<br />

b’Abayahudi. Kubera icyo gitekerezo yari afite, mu myaka mike ya<strong>ku</strong>rikiyeho yaje <strong>ku</strong>jya<br />

gukomereza amashuri ye mu ishuri ry’i Roma ritegurira abantu <strong>ku</strong>jya kwamamaza ukwireza<br />

kw’itorero Gatolika mu bindi bihugu. Ariko aho ngaho, ka kamenyero ke ko <strong>ku</strong>ba umuntu<br />

wisanzuye mu gutanga ibitekerezo bye ndetse no kwihutira <strong>ku</strong>vuga katumye bamufata<br />

nk’umuhakanyi. Yarwanyaga ibibi bikorwa n’itorero adaciye <strong>ku</strong> ruhande kandi akabereka<br />

rwose ko hakenewe ivugurura. Nubwo yabanje gufatwa neza n’abayobozi b’itorero ry’i<br />

Roma, ntibyamubujije kwirukanwa i Roma nyuma y’igihe gito. Akomeza <strong>ku</strong>genzurwa <strong>na</strong><br />

Roma, agenda yimurirwa ahantu henshi <strong>ku</strong>geza igihe babonye ko bitagishobotse <strong>ku</strong>mwemeza<br />

<strong>ku</strong>yoboka Roma. Batangaje ko ari indakoreka, maze baramure<strong>ku</strong>ra agira umudendezo wo<br />

<strong>ku</strong>jya aho yishakiye. Yafashe inzira yerekeza mu gihugu cy’Ubwongereza, kandi <strong>ku</strong>bera ko<br />

yari afite imyizerere ya Giporotesitanti, yifatanya n’<strong>Itorero</strong> ry’Ubwongereza. Amaze imyaka<br />

ibiri yiga, mu mwaka wa 1821 afata urugendo ajya <strong>ku</strong>bwiriza ubutumwa.<br />

Ubwo Wolff yemeraga u<strong>ku</strong>ri kw’ingenzi kwerekeye <strong>ku</strong>za kwa Kristo kwa mbere<br />

nk’“umunyamibabaro kandi wamenyereye intimba,” ya<strong>na</strong>bonye ko ubuhanuzi buvuga mu<br />

mucyo umwe ibyo <strong>ku</strong>garuka kwe afite ubutware n’i<strong>ku</strong>zo. Kandi ubwo yageragezaga<br />

kwerekeza bene wabo <strong>ku</strong>ri Yesu w’i Nazareti, we Mesiya wasezeranwe, ndetse no<br />

<strong>ku</strong>bamenyesha ibyo <strong>ku</strong>za kwe bwa mbere acishijwe bugufi ndetse ari igitambo cy’ibyaha<br />

by’abantu, ya<strong>na</strong>bigishaga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwe ari umwami n’umucunguzi.<br />

Yaravugaga ati: “Yesu w’i Nazareti, we Mesiya nya<strong>ku</strong>ri, watobowe ibiganza n’ibirenge,<br />

we wajyanwe nk’intama bajya<strong>na</strong> <strong>ku</strong>baga, wari umuntu w’umunyamibabaro kandi<br />

wamenyereye intimba kandi wafashe inkoni y’ubwami ya Yuda ndetse ubutegetsi akabu<strong>ku</strong>ra<br />

hagati y’ibirenge bye, yaje incuro ya mbere, kandi azaza ubwa kabiri aje <strong>ku</strong> bicu byo mu ijuru,<br />

262

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!