07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

umusubizo kandi mu <strong>ku</strong>gwirira<strong>na</strong> kwayo ha<strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> urusa<strong>ku</strong> rwinshi, maze yose amirwa<br />

n’umuriro uguruma<strong>na</strong>. Ibisenge by’amazu byari bikozwe mu biti by’amasederi byari bimeze<br />

nk’umuriro uguruma<strong>na</strong>; udusongero tw’ingoro twari tuyagirijweho izahabu twabengera<strong>na</strong>ga<br />

nk’ibirimi by’umucyo utu<strong>ku</strong>ra; mu mi<strong>na</strong>ra yo <strong>ku</strong> irembo hacumbaga ibirimi birebire<br />

by’umuriro n’umwotsi. Imisozi ihakikije yamurikiwe n’ibyo birimi by’umuriro, kandi<br />

wabo<strong>na</strong>ga udutsiko tw’abantu bitegerezanyaga ubwoba uko umujyi wasenywaga.<br />

Imbaga y’abantu benshi yari yuzuye hejuru y’in<strong>ku</strong>ta n’utununga by’uwo mujyi, amaso ya<br />

bamwe yijimishijwe n’umubabaro utewe no kwiheba, abandi barakajwe no <strong>ku</strong><strong>na</strong>nirwa<br />

kwihorera. Induru y’abasirikare b’Abanyaroma ba<strong>ku</strong>bitaga hirya no hino ndetse no gutaka<br />

kw’ababigometseho bakongokeraga mu birimi by’umuriro, byivanze n’urusa<strong>ku</strong> rw’umuriro<br />

waguruma<strong>na</strong>ga no guhinda kw’amajwi y’ibiti byo <strong>ku</strong> mazu byahanukaga. Za nyiramubande<br />

zumvikanishaga amajwi yo gutaka kw’abantu bari mu mpinga z’imisozi. Ahakikije in<strong>ku</strong>ta<br />

z’umujyi hose hirangiraga amajwi yo gutaka no <strong>ku</strong>boroga. Abantu bicwaga n’inzara<br />

babumbiye hamwe utubaraga bari basigaranye batera hejuru batakishwa n’umubabaro<br />

n’ama<strong>ku</strong>ba.<br />

“Ubwicanyi bwakorerwaga imbere mu ngoro bwari buteye ubwoba <strong>ku</strong>renza ibyaberaga<br />

hanze yayo. Abagabo n’abagore, abashaje n’abasore, ibyigomeke n’abatambyi, abarwa<strong>na</strong>ga<br />

n’abatakambaga basaba imbabazi, bose bishwe umusubizo nta <strong>ku</strong>vangura. Umubare<br />

w’abishwe warutaga uw’abicaga. Byabaye ngombwa ko abasirikare b’Abanyaroma burira<br />

ibirundo by’intumbi <strong>ku</strong>gira ngo babone uko bakomeza gutsembatsemba abantu.” 18 -<br />

Ingoro y’Ima<strong>na</strong> imaze gusenywa, umujyi wose wahise ufatwa n’Anyabaroma. Aba<strong>ku</strong>ru<br />

b’Abayuda barahunze bava mu mi<strong>na</strong>ra yabo bibwiraga ko idashobora gufatwa, maze Titus<br />

asanga nta muntu uyirangwamo. Yayitegereje ayitangariye maze avuga ko Ima<strong>na</strong> ari yo<br />

yayimugabije <strong>ku</strong>ko ubundi nta ntwaro z’intambara, uko zari <strong>ku</strong>ba zikomeye kose zari<br />

gushobora guhirika inkike z’uwo mudugudu. Umujyi n’ingoro y’Ima<strong>na</strong> byarasenywe byombi<br />

<strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> mfatiro zabyo, maze ubutaka bwari bwubatsweho inzu y’Ima<strong>na</strong> «buhingwa<br />

nk’umurima ». Yeremiya 26:18. Mu gitero n’ubwicanyi bya<strong>ku</strong>rikiyeho, abantu barenga<br />

miriyoni barahaguye; abarokotse bajyanwa ari abanyagano, bagurishwa nk’abacakara,<br />

baraba<strong>ku</strong>ruba<strong>na</strong> babajya<strong>na</strong> i Roma kwereka<strong>na</strong> insinzi yabo, babajugunyira inyamaswa<br />

z’inkazi mu bibuga by’imikino ngo zibarye, abandi baratata<strong>na</strong> bakwira isi yose bameze<br />

nk’inzererezi zitagira aho <strong>ku</strong>ba.<br />

Abayuda ni bo bari bari<strong>ku</strong>ruriye akaga <strong>ku</strong>ko bari bariyuzurije urugero rwo kwiturwa ibibi<br />

bakoze. Mu <strong>ku</strong>rimburwa kw’ishyanga ryabo no mu mahano yakomeje <strong>ku</strong>bagwirira bamaze<br />

gutata<strong>na</strong>, babonyemo ingaruka z’ibikorwa byabo bwite. Umuhanuzi aravuga ati: “Isirayeli<br />

we, uririmbuje,” “<strong>ku</strong>ko wagushijwe n’igicumuro cyawe.” Hoseya 13:9; 14:1. Incuro nyinshi<br />

imibabaro yabagezeho ifatwa nk’igihano cyabagezeho gitegetswe n’Ima<strong>na</strong> ubwayo. Uko ni<br />

ko umushukanyi ukomeye abigenza <strong>ku</strong>gira ngo ahishe abantu imikorere ye bwite. Igihe<br />

Abayuda bizirikaga <strong>ku</strong> kwanga kwakira uru<strong>ku</strong>ndo rw’Ima<strong>na</strong> n’imbabazi zayo, batumye<br />

19

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!