07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nta butumwa nk’ubwo bwigeze bubwirizwa mu myaka ya mbere y’icyo gihe. Nk’uko<br />

twabibonye, ntabwo Pawulo yabubwirije; yerekeje abavandimwe be <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo<br />

mu gihe kiri imbere. Abagorozi <strong>na</strong> bo ntibigeze babubwiriza. Maritini Luteri yashyiraga<br />

urubanza mu myaka maga<strong>na</strong> atatu nyuma y’igihe yari ariho. Ariko guhera mu mwaka wa<br />

1798, ikimenyetso cyafatanyaga igitabo cya Daniyeli cya<strong>ku</strong>weho. Kumenya ibyerekeye<br />

ubuhanuzi byariyongeye, kandi abantu benshi babwirije ubutumwa bw’akataraboneka<br />

buvuga iby’urubanza rwegereje.<br />

Nk’uko byagenze <strong>ku</strong> ivugurura rikomeye ryabayeho mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong> gatandatu,<br />

ubutumwa bwamamaza <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo bwigishirijwe icyarimwe mu bihugu<br />

bitandukanye byemeraga Ubukristo. Mu Burayi no muri Amerika, abantu bafite kwizera<br />

kandi barangwaga n’umwuka wo gusenga bakanguriwe kwiga ubuhanuzi, kandi uko<br />

barushagaho gucu<strong>ku</strong>mbura ibyanditswe byahumetswe n’Ima<strong>na</strong>, babonye igihamya<br />

kidashidikanywaho ko iherezo rya byose ryegereje. Mu bihugu bitandukanye hariyo<br />

amatsinda y’Abakristo aba ahantu hiherereye ahujwe gusa no kwiga Bibiliya yageze aho<br />

yizera ko u<strong>ku</strong>garuka k’Umukiza kwegereje.<br />

Mu mwaka wa 1821, nyuma y’imyaka itatu Miller amaze <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> busobanuro bwe<br />

bw’ubuhanuzi bwerekezaga <strong>ku</strong> gihe cy’urubanza, uwitwa Dogoteri Yozefu Wolff, wari<br />

“umubwirizabutumwa <strong>ku</strong> isi yose,” yatangiye kwamamaza ibyo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza<br />

kwegereje. Wolff yavukiye mu Budage, abyarwa n’ababyeyi b’Abayahudi; se umubyara yari<br />

umwigisha w’idini ry’Abayuda. Ubwo yari akiri muto, yaje kwemera u<strong>ku</strong>ri kw’idini ya<br />

Gikristo. Yari umunyabwenge kandi yahora<strong>na</strong>ga inyota yo <strong>ku</strong>menya. Yari yaragiye atega<br />

amatwi ibiganiro byaberaga iwabo mu rugo rwa se abishishikariye, aho buri munsi Abayahudi<br />

ba<strong>ku</strong>nda idini yabo bateraniraga <strong>ku</strong>gira ngo bibukiranye ibyiringiro n’ibyo ubwoko bwabo<br />

bwari butegereje ari byo: i<strong>ku</strong>zo rya Mesiya wagombaga <strong>ku</strong>za ndetse n’ibyo <strong>ku</strong>baturwa kwa<br />

Isirayeli. Umunsi umwe ubwo yumvaga bavuga ibya Yesu w’i Nazareti, uwo muhungu<br />

yababajije uwo muntu uwo ari we. Baramusubije bati: “Ni Umuyahudi wari ufite impano<br />

zitangaje, ariko <strong>ku</strong>ko yiyitaga Mesiya, byatumye urukiko rw’Abayahudi rumucira urubanza<br />

rwo gupfa.” Uwo mwa<strong>na</strong> yakomeje <strong>ku</strong>babaza ati: “Kuki Yerusalemu yasenywe kandi ni<br />

u<strong>ku</strong>bera iki turi mu bubata?” Se yaramusubije ati: “Yewe! Erega ni uko Abayahudi bishe<br />

abahanuzi.” Uwo mwanya wa mwa<strong>na</strong> yahise agira iki gitekerezo: “Bishoboka ko Yesu <strong>na</strong>we<br />

yari umuhanuzi, kandi Abayahudi bamwishe nyamara ari umuziranenge.” 475 Icyo gitekerezo<br />

cyakomeje <strong>ku</strong>muremerera <strong>ku</strong> buryo nubwo yari abujijwe kwinjira mu rusengero<br />

rw’Abakristo, inshuro nyinshi yajyaga akebereza hanze y’urusengero <strong>ku</strong>gira ngo yumve<br />

ikibwirizwa.<br />

Ubwo yari afite imyaka irindwi y’ubu<strong>ku</strong>ru gusa, yaratiye umuturanyi wabo w’Umukristo<br />

wari umusaza iby’insinzi ya Isirayeli izabaho igihe Mesiya azaba agarutse. Uwo musaza<br />

yamubwiranye umutima mwiza ati: “Mwa<strong>na</strong> wanjye, ngiye <strong>ku</strong><strong>ku</strong>bwira Mesiya nya<strong>ku</strong>ri uwo<br />

ari we: ni Yesu w’i Nazareti . . .uwo aba<strong>ku</strong>rambere bawe babambye <strong>ku</strong> musaraba nk’uko<br />

bagenje abahanuzi ba kera. Jya mu rugo maze usome igice cya 53 cya Yesaya, nibwo uzemera<br />

261

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!