07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ubwami bwagombaga kwimikwa <strong>ku</strong> iherezo ry’ibyumweru mirongo irindwi, ni ko<br />

n’Abadiventisiti bibeshye <strong>ku</strong> cyagombaga <strong>ku</strong>baho mu iherezo ry’iminsi 2300. Muri u<strong>ku</strong><br />

kwibeshya <strong>ku</strong> mpande zombi, habayeho kwemera ndetse no <strong>ku</strong>yoboka amakosa yari yarabaye<br />

gikwira muri rubanda yari yaratumye intekerezo z’abantu zitemera u<strong>ku</strong>ri. Ayo matsinda<br />

yombi yasohoje ubushake bw’Ima<strong>na</strong> avuga ubutumwa Ima<strong>na</strong> yashakaga ko bwamamazwa,<br />

kandi yahuye no gucika intege bitewe no gusobanukirwa <strong>na</strong>bi ubutumwa bigishaga.<br />

Nyamara Ima<strong>na</strong> yasohoje umugambi wuje impuhwe yemera ko umuburo uvuga<br />

iby’urubanza utangwa nk’uko wari uri. Umunsi ukomeye wari wegereje, kandi Ima<strong>na</strong> mu<br />

mbabazi zayo yemeye ko abantu bashyirwa mu kigeragezo cy’igihe kizwi giteganyijwe <strong>ku</strong>gira<br />

ngo ibahishurire ibyari mu mitima yabo. Ubwo butumwa bwari bugendereye <strong>ku</strong>gerageza<br />

itorero no <strong>ku</strong>ritunganya. Bagombaga <strong>ku</strong>gezwa aho babo<strong>na</strong> niba uru<strong>ku</strong>ndo rwabo ruri <strong>ku</strong>by’iyi<br />

si cyangwa niba ruri <strong>ku</strong>ri Kristo n’ijuru. Bavugaga ko ba<strong>ku</strong>nda Umukiza, noneho igihe cyari<br />

kigeze <strong>ku</strong>gira ngo bagaragaze uru<strong>ku</strong>ndo rwabo. Mbese bari biteguye <strong>ku</strong>reka ibyiringiro<br />

n’ibyifuzo by’iby’isi bari bafite, maze bakakira<strong>na</strong> ibyishimo <strong>ku</strong>za k’Umukiza wabo? Ubwo<br />

butumwa bwari bugendereye <strong>ku</strong>babashisha gusobanukirwa n’imibereho yabo nya<strong>ku</strong>ri mu<br />

by’umwuka. Babwohererejwe <strong>ku</strong>bw’imbabazi z’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo bubakangurire gushaka<br />

Umukiza bafite kwiha<strong>na</strong> no kwicisha bugufi.<br />

Nubwo gucika intege kwabo kwari ingaruka yo gusobanukirwa <strong>na</strong>bi kwabo n’ubutumwa<br />

bigishaga, kwagombaga gutsindwa <strong>ku</strong>bw’ibyiza <strong>ku</strong>ri bo. Kwagombaga <strong>ku</strong>gerageza imitima<br />

y’abari baravuze ko bakiriye ubutumwa bw’imbuzi. Mbese mu gihe bari bahanganye no<br />

gucika intege bajyaga kwirengagiza ibyo banyuzemo kandi bakareka ibyiringiro bari bafite<br />

mu ijambo ry’Ima<strong>na</strong>? cyangwa se mu mwuka wo gusenga no kwicisha bugufi bajyaga<br />

gushakisha uko bamenya aho bari bara<strong>na</strong>niwe <strong>ku</strong>mva neza ubusobanuro bw’ubuhanuzi? Ni<br />

bangahe muri bo bagiraga ibyo bakora <strong>ku</strong>bw’ubwoba, cyangwa <strong>ku</strong>bwo guhatwa<br />

batabitekerejeho ndetse no gutwarwa gusa? Ni bangahe muri bo bari bafite imitima idashyitse<br />

hamwe kandi batizera? Abantu batabarika bavugaga ko ba<strong>ku</strong>nda ko babo<strong>na</strong> Umukiza aje.<br />

Mbese iyo bahamagarirwa kwihanganira gusuzugurwa no gukwenwa n’ab’isi ndetse<br />

n’ikigeragezo cyo gutinda k’Umukiza n’igihe cyo gucika intege, aho bajyaga <strong>ku</strong>reka kwizera<br />

kwabo? Bitewe n’uko batahise basobanukirwa uko Ima<strong>na</strong> ishaka gukora<strong>na</strong> <strong>na</strong> bo, mbese<br />

bajyaga <strong>ku</strong>reka u<strong>ku</strong>ri gushyigikiwe n’ubuhamya bwumvika<strong>na</strong> cyane bw’Ijambo ryayo?<br />

Icyo kigeragezo cyagombaga kwereka<strong>na</strong> imbaraga y’abari barumviye ibyo bizeraga ko ari<br />

inyigisho z’ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong> Mwuka wayo bafite ukwizera nya<strong>ku</strong>ri. Nk’uko byari biri<br />

gushoborwa n’ikigeragezo nk’icyo gusa byagombaga <strong>ku</strong>bigisha akaga ko kwemera inyigisho<br />

n’ubusobanuro by’abantu, aho <strong>ku</strong>reka Bibiliya ikisobanura ubwayo. Ku ba<strong>na</strong> bo kwizera,<br />

uguhangayika n’umubabaro byatejwe n’ikosa ryabo byajyaga gutuma habaho ikosorwa ryari<br />

rikenewe. Byagombaga <strong>ku</strong>batera kwiga ijambo ry’ubuhanuzi babyitondeye. Ibyo<br />

byagombaga <strong>ku</strong>bigisha <strong>ku</strong>genzura ishingiro ryo kwizera kwabo babyitondeye no kwanga<br />

inyigisho yose idashingiye <strong>ku</strong> Byanditswe Byera by’u<strong>ku</strong>ri nubwo yaba yemerwa cyane<br />

n’Abakristo.<br />

258

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!