07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ndetse ko ubwami bw’iteka ryose bugiye kwimikwa. Kubwiriza kw’abigishwa <strong>ku</strong> byerekeye<br />

iby’igihe, kwari gushingiye <strong>ku</strong> byumweru mirongo irindwi byo muri Daniyeli 9. Ubutumwa<br />

bwavuzwe <strong>na</strong> Miller <strong>na</strong> bagenzi be bwavugaga iherezo ry’iminsi 2300 ivugwa muri Daniyeli<br />

8:14, i<strong>ku</strong>biyemo n’ibyumweru mirongo irindwi. Inyigisho yose iboneka muri ubwo butumwa<br />

yari ishingiye <strong>ku</strong> isohozwa ry’umugabane wihariye w’icyo gihe kirekire cy’ubuhanuzi.<br />

Nk’uko abigishwa ba mbere bari bameze, Miller <strong>na</strong> bagenzi be <strong>na</strong>bo ntabwo bari<br />

basobanukiwe neza n’ubutumwa bari batwaye. Amakosa yari amaze igihe yarashinze imizi<br />

mu itorero yababereye inzitizi yo <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> busobanuro nya<strong>ku</strong>ri bw’ingingo y’ingenzi mu<br />

buhanuzi. Bityo rero, nubwo bamamaje ubutumwa Ima<strong>na</strong> yari yabahaye ngo babubwire isi<br />

yose, bahuye no gucika intege binyuze mu gusobanukirwa <strong>na</strong>bi n’ubusobanuro bwabwo.<br />

Mu gusobanura ibyanditswe muri Daniyeli 8:14 havuga ngo, “Bigeza iminsi ibihumbi<br />

bibiri <strong>na</strong> maga<strong>na</strong> atatu uko bukeye bukira, nyuma ubuturo bwera buzabone kwezwa,” nk’uko<br />

byari byaravuzwe, Miller <strong>na</strong>we ya<strong>ku</strong>rikije igitekerezo cyari rusange cyavugaga ko isi ari<br />

ubuturo bwera, maze yizera ko kwezwa k’ubuturo bwera byashushanyaga gutunganywa<br />

kw’isi bikozwe n’umuriro ubwo Umukiza azaba agarutse. Kubw’iyo mpamvu rero, amaze<br />

<strong>ku</strong>menya yuko iherezo ry’iminsi 2300 ryavuzwe neza mbere y’igihe, yahereye ko atanga<br />

umwanzuro ko ibyo byahishuraga ari igihe cyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo. Ikosa rye ryakomotse<br />

<strong>ku</strong> kwemera igitekerezo cyari gikwira muri rubanda cyerekeye ubuturo bwera.<br />

Mu buryo bw’igereranya, bwari ishusho y’igitambo n’ubutambyi bwa Kristo. Kwezwa<br />

k’ubuturo bwera byari umuhango wa nyuma wakorwaga n’umutambyi mu<strong>ku</strong>ru muri gahunda<br />

yabaga rimwe mu mwaka. Wari umurimo uheruka w’umunsi w’impongano, bikaba byari<br />

gu<strong>ku</strong>ra icyaha mu bwoko bw’Abisirayeli. Byacureraga umurimo uheruka mu byo Umutambyi<br />

wacu Mu<strong>ku</strong>ru akorera mu bwami bwo mu ijuru, mu gu<strong>ku</strong>rwaho cyangwa guha<strong>na</strong>gura ibyaha<br />

by’abantu be byagiye byandikwa mu bitabo byo mu ijuru. Icyo gikorwa gi<strong>ku</strong>biyemo umurimo<br />

wo <strong>ku</strong>genzura, umurimo wo guca imanza; kandi icyo gikorwa kibanziriza <strong>ku</strong>garuka kwa<br />

Kristo aje <strong>ku</strong> bicu byo mu ijuru afite icyubahiro n’ubwiza butangaje; <strong>ku</strong>bera ko igihe azazira<br />

urubanza rwose ruzaba rwaramaze gufatirwa umwanzuro. Yesu aravuga ati: “Dore ndaza<br />

vuba, nzanye ingororano, <strong>ku</strong>gira ngo ngororere umuntu wese ibikwiye ibyo yakoze.” 471 Uyu<br />

murimo wo guca imanza ubanziriza <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza, ni wo uvugwa mu butumwa bwa<br />

marayika wa mbere wo mu Byahishuwe 14:7 ngo, “Nimwubahe Ima<strong>na</strong> muyihimbaze, <strong>ku</strong>ko<br />

igihe cyo gucira abantu urubanza gisohoye.”<br />

Abamamaje ubwo butumwa bw’imbuzi bavuze ubutumwa nyabwo mu gihe gikwiye.<br />

Ariko nk’uko abigishwa ba mbere bavugaga bati: “Igihe kirasohoye kandi ubwami bw’Ima<strong>na</strong><br />

buri hafi,” bashingiye <strong>ku</strong> buhanuzi bwo muri Daniyeli igice cya 9, nubwo batabashije <strong>ku</strong>mva<br />

neza ko urupfu rwa Mesiya rwavuzwe mbere muri ibyo byanditswe, ni ko <strong>na</strong> Miller <strong>na</strong> bagenzi<br />

be babwirije ubutumwa bushingiye muri Daniyeli 8:14 no mu Byahishuwe 14:7 maze<br />

ntibabashe <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko hariho ubundi butumwa buri mu Byahishuwe 14 <strong>na</strong>bwo bugomba<br />

kwigishwa mbere yo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza. Nk’uko abigishwa bibeshye <strong>ku</strong> byerekeye<br />

257

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!