07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ubategereje? Bari baranyuze mu kigeragezo gikomeye bashoboye kwihanganira, kandi bari<br />

barabonye uburyo ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryari ryarageze <strong>ku</strong> nsinzi ikomeye mu gihe mu mirebere<br />

ya kimuntu ibintu byose byari byabaye ubusa. Kuva ubwo, ni iki cyajyaga gucogoza kwizera<br />

kwabo cyangwa ngo gikonjeshe uru<strong>ku</strong>ndo rwabo? Muri icyo gihe cy’agahinda kenshi, bari<br />

“barahumurijwe mu buryo bukomeye,” bahabwa ibyiringiro bimeze nk’igitsika umutima<br />

gikomeye.” (Abaheburayo 6:18,19). Bari bariboneye n’amaso yabo ubwenge n’ubushobozi<br />

by’Ima<strong>na</strong> kandi bari bazi neza ko <strong>na</strong>ho “rwaba urupfu, cyangwa ubugingo, cyangwa<br />

abamarayika cyangwa abategeka, cyangwa ibiriho cyangwa ibizaza cyangwa abafite<br />

ubushobozi, cyangwa uburebure bw’igihagararo, cyangwa uburebure bw’ikijyepfo, cyangwa<br />

ikindi cyaremwe cyose,” bidashobora <strong>ku</strong>batandukanya “n’uru<strong>ku</strong>ndo rw’Ima<strong>na</strong> ruri muri<br />

Kristo Yesu, Umwami wacu.” Baravugaga bati: “Oya, ahubwo muri ibyo byose,<br />

turushishwaho <strong>ku</strong>nesha n’uwadu<strong>ku</strong>nze.” 467 “Ijambo ry’Uwiteka rihoraho iteka” “Ni nde<br />

uzaziciraho iteka? Ni Kristo Yesu kandi ari we wazipfiriye; ndetse akaba yarazutse ari iburyo<br />

bw’Ima<strong>na</strong> adusabira?” Abaroma 8:34.<br />

Uhoraho yaravuze ati: “Ubwoko bwanjye ntibuzongera gukorwa n’isoni u<strong>ku</strong>ndi.” 468<br />

“Kurira kwararira umuntu nijoro, ariko mu gitondo impundu zikavuga.” 469 Umunsi<br />

yazutseho, igihe abo bigishwa babo<strong>na</strong>ga Umukiza, kandi mu mitima yabo bakaba bari<br />

bishimye ubwo bumvaga amagambo ye; ubwo bitegerezaga umutwe we, ibiganza bye<br />

n’ibirenge bye byari byarakomerekejwe <strong>ku</strong> bwabo; igihe, mbere yo <strong>ku</strong>jya mu ijuru Yesu<br />

yabayoboye akabageza i Betaniya maze akazamura ibiganza bye akabaha umugisha,<br />

yarababwiye ati: “Mujye mu bihugu byose, mwigishe abaremwe bose ubutumwa bwiza,”<br />

yongeraho ati: “dore ndi <strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong>mwe iminsi yose.” 470 Ubwo hari <strong>ku</strong> munsi wa Pentekote<br />

Umuhumuriza wasezeranwe yarabamanukiye maze bagahabwa imbaraga mvajuru kandi<br />

imitima y’abizera ishimishwa no <strong>ku</strong>mva ko Umukiza wabo babonye ajya mu ijuru akiri<br />

<strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong>bo iteka, - icyo gihe nubwo inzira yabo yerekezaga <strong>ku</strong> gutanga ubuzima bwabo no<br />

kwicwa bazira ukwemera kwabo, nk’uko iy’Umukiza wabo yari imeze, mbese umurimo wo<br />

kwamamaza ubutumwa bwiza bw’ubuntu bwe, ndetse n’“ikamba ryo gukiranuka”<br />

bazambikwa ubwo azaba agarutse, bari <strong>ku</strong>bigura<strong>na</strong> icyubahiro cy’ubwami bwo <strong>ku</strong> isi cyari<br />

cyarigeze <strong>ku</strong>ba ibyiringiro byabo mu myuzo yabo ya mbere yo <strong>ku</strong>yoboka Kristo? “Ufite<br />

ubushobozi bwo gukora ibirenze ibyo dusaba ndetse n’ibyo twibwira,” binyuze mu gusangira<br />

imibabaro ye, yari yabahaye gusangira ibyishimo bye: ari byo byishimo byo “<strong>ku</strong>za<strong>na</strong> aba<strong>na</strong><br />

b’Ima<strong>na</strong> benshi mu bwiza,” ibyishimo bitarondoreka, “ubwiza bw’iteka ryose” ari bwo<br />

intumwa Pawulo avuga agira ati: “ntawabugereranya n’umubabaro wacu w’iki gihe w’agahe<br />

gato.”<br />

Ibyabaye <strong>ku</strong> bigishwa babwirije “ubutumwa bwiza bw’ubwami” mu gihe cyo <strong>ku</strong>za kwa<br />

Kristo kwa mbere, bifitanye isano n’ibyabaye <strong>ku</strong> bamamaje ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwe.<br />

Nk’uko abigishwa bahagurutse bakajya <strong>ku</strong>bwiriza bavuga bati: “Igihe kirasohoye, ubwami<br />

bw’Ima<strong>na</strong> buri hafi,” ni ko Miller n’abagenzi be bamamaje ko igihe kirekire kandi giheruka<br />

cy’ubuhanuzi bwanditswe muri Bibiliya kigiye <strong>ku</strong>rangira, kandi ko urubanza rwegereje<br />

256

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!