07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>rarikira bishingiye <strong>ku</strong> kwikanyiza. No mu cyumba aho Yesu yasangiriye <strong>na</strong>bo ibya Pasika,<br />

<strong>ku</strong>ri ya saha ubwo Umutware wabo yari yatangiye kwinjira mu mwijima w’i Getsemani,<br />

habyutse “impaka muri bo, ngo ni nde muri bo ukwiriye gutekerezwa ko ari we mu<strong>ku</strong>ru.” 465<br />

Icyo bireberaga gusa ni intebe y’ubwami , ikamba n’icyubahiro, mu gihe imbere yabo hari<br />

ugukorwa n’isoni ndetse n’umubabaro ukomeye w’i Getsemani, hakaba icyumba cy’urukiko<br />

ndetse n’umusaraba w’i Kaluvali. Ubwibone bwari mu mitima yabo n’inyota y’icyubahiro<br />

cy’isi ni byo byari byarabateye kwihambira <strong>ku</strong> nyigisho zitari iz’u<strong>ku</strong>ri zo mu gihe cyabo kandi<br />

ntibita <strong>ku</strong> magambo y’Umukiza, yaberekaga imiterere nya<strong>ku</strong>ri y’ubwami bwe kandi<br />

akabereka umubabaro we n’urupfu rwe. Ayo makosa yabazaniye <strong>ku</strong>geragezwa, -ikigeragezo<br />

kibabaje, ariko cya ngombwa — Ima<strong>na</strong> yemeye ko kibageraho <strong>ku</strong>gira ngo kibakosore. Nubwo<br />

abigishwa bari barumvise <strong>na</strong>bi ubusobanuro bw’ubutumwa bwabo, kandi bakaba bari<br />

bara<strong>na</strong>niwe gusobanukirwa n’iby’ibyiringiro byabo, bari barabwirije bavuga umuburo Ima<strong>na</strong><br />

yari yarabahaye kandi Umukiza yari <strong>ku</strong>zabagororera <strong>ku</strong>bwo kwizera kwabo kandi agaha<br />

agaciro <strong>ku</strong>mvira kwabo. Nibo bagombaga gushingwa umurimo wo kwigisha amahanga yose<br />

ubutumwa bwiza bw’Umukiza wabo wazutse. Kandi <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>bategurira uwo murimo<br />

byatumye Ima<strong>na</strong> yemera ko ibyo babo<strong>na</strong>ga ko bibababaje cyane bibageraho.<br />

Nyuma yo <strong>ku</strong>zuka kwe, Yesu yabonekeye abigishwa be bari mu nzira iga<strong>na</strong> Emawusi,<br />

maze “atangirira <strong>ku</strong>ri Mose no <strong>ku</strong> bahanuzi bose, abasobanurira mu byanditswe byose<br />

ibyanditswe <strong>ku</strong>ri we.” 466 Imitima y’abigishwa yarakangutse. Ukwizera kwabo<br />

<strong>ku</strong>rahembuka. Bongera “<strong>ku</strong>gira ibyiringiro bishikamye” nubwo Yesu yari atari yabibwira.<br />

Umugambi we wari uwo <strong>ku</strong>murikira ubwenge bwabo no gukomeza kwizera kwabo<br />

<strong>ku</strong>gashingira <strong>ku</strong> “ijambo ry’u<strong>ku</strong>ri ry’ubuhanuzi.” Yashakaga ko u<strong>ku</strong>ri gushinga imizi mu<br />

ntekerezo zabo bidatewe gusa n’uko gushyigikiwe n’ubuhamya bwe <strong>ku</strong> giti cye, ahubwo<br />

bitewe n’igihamya kidashidikanywaho cyerekanwa n’ibimenyetso n’ibyashushanywaga mu<br />

mategeko ndetse n’ubuhanuzi bwo mu Isezerano rya Kera. Byari ngombwa ko abayoboke ba<br />

Yesu bagira ukwizera <strong>ku</strong>zuye ubwenge, atari ibyo <strong>ku</strong>bagirira akamaro <strong>ku</strong> ruhande rwabo<br />

gusa, ahubwo ari u<strong>ku</strong>gira ngo babashe <strong>ku</strong>menyesha abatuye isi Kristo. Kandi intambwe ya<br />

mbere muri uko gutanga ubwo bwenge, Yesu yerekeje intekerezo z’abigishwa <strong>ku</strong>ri “Mose<br />

n’abahanuzi bose.” Uko niko Umukiza wazutse yabahamirije ashimangira agaciro n’akamaro<br />

k’Ibyanditswe mu Isezerano rya Kera.<br />

Mbega impinduka yabaye mu mitima y’abigishwa ubwo bongeraga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> mu maso<br />

h’Umwigisha wabo ba<strong>ku</strong>ndaga!Luka 24:32. Mu buryo bwuzuye kandi bwumvika<strong>na</strong> neza<br />

<strong>ku</strong>rusha mbere bari barabonye “Uwo Mose yanditse mu mategeko kandi wavuzwe<br />

n’abahanuzi.” Gushidikanya, agahinda no kwiheba byavuyeho himikwa ibyiringiro bishyitse<br />

ndetse nokwizera <strong>ku</strong>dashidikanya. Nta gitangaje rero <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> nyuma yo <strong>ku</strong>zamurwa mu ijuru<br />

kwe “barahoraga mu rusengero bahimbaza kandi bashima Ima<strong>na</strong>.” Rubanda nta kindi bari<br />

bazi uretse urupfu rw’agashinyaguro Umukiza yari yapfuye, bityo baritegerezaga ngo barebe<br />

ko babo<strong>na</strong> umubabaro, urujijo no gutsindwa mu maso h’abigishwa. Nyamara bababonyeho<br />

ibyishimo n’insinzi. Mbega uburyo abigishwa bari bateguriwe gukora umurimo wari<br />

255

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!