07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

“ubasha <strong>ku</strong>babara<strong>na</strong> <strong>na</strong>twe mu ntege nke zacu,” intumwa Pawulo aravuga ati: “Nuko rero,<br />

twegere intebe y’ubuntu tudatinya, <strong>ku</strong>gira ngo tubabarirwe tubone ubuntu bwo <strong>ku</strong>dutabara<br />

mu gihe gikwiye.” Intebe y’ubwami y’ubuntu yereke<strong>na</strong> ubwami bw’ubuntu; <strong>ku</strong>ko <strong>ku</strong>baho<br />

kw’ 463intebe y’ubwami bivuze ko hariho ubwami. Mu migani myinshi yaciye, Kristo<br />

yakoresheje imvugo: “ubwami bwo mu ijuru” ashaka kwerekeza <strong>ku</strong> murimo ubuntu<br />

bw’Ima<strong>na</strong> bukora mu mitima y’abantu.<br />

Muri ubwo buryo rero, intebe y’ubwami y’ubwiza ihagarariye ubwami bw’ubwiza; kandi<br />

ubu bwami bwavuzweho mu magambo ya Yesu agira ati: “Umwa<strong>na</strong> w’umuntu ubwo azaza<strong>na</strong><br />

n’abamarayika bose, afite ubwiza bwe, ni bwo azicara <strong>ku</strong> ntebe y’ubwiza bwe: amahanga<br />

yose azateranirizwa imbere ye, abarobanure nk’uko umwungeri arobanura intama mu ihene.”<br />

464 Ubu bwami burategerejwe. Ntabwo bushobora gushingwa keretse gusa igihe Kristo azaba<br />

agarutse.<br />

Ubwami bw’ubuntu bwimitswe <strong>ku</strong>va umuntu akimara gucumura, igihe i<strong>na</strong>ma y’agakiza<br />

yo gucungura inyokomuntu yari yacumuye yafatwaga. Kuva ubwo ni ho yabayeho mu<br />

migambi y’Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>bw’isezerano ryayo; kandi <strong>ku</strong>bwo kwizera, yagombaga <strong>ku</strong>girira<br />

abantu akamaro. Nyamara kandi ubwo bwami bwari butarashingwa mu by’u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>geza igihe<br />

Kristo yapfiraga <strong>ku</strong> musaraba. Na nyuma y’uko yinjira mu murimo wamuzanye <strong>ku</strong> isi,<br />

Umukiza yashoboraga gusubira inyuma ntiyemere <strong>ku</strong>ba igitambo i Kaluvali bitewe no<br />

<strong>ku</strong>remererwa no kwi<strong>na</strong>ngira imitima no <strong>ku</strong>dashima by’abantu. Ari i Getsemani, u<strong>ku</strong>boko kwe<br />

kwahinze umushyitsi <strong>ku</strong>bwo igikombe cy’umubabaro yari afashe. N’icyo gihe yashoboraga<br />

kwiha<strong>na</strong>gura ibyuya by’amaraso byatembaga mu maso he maze akareka abanyabyaha<br />

bakarimbukira mu byaha byabo. Iyo ajya gukora atyo, gucungurwa kw’abantu bacumuye<br />

nti<strong>ku</strong>ba kwarashoboye <strong>ku</strong>baho. Ariko ubwo Umukiza yemeraga gutanga ubugingo bwe maze<br />

agataka ubuheruka agira ati: “Birarangiye”, i<strong>na</strong>ma y’agakiza yari isohoye. Isezerano<br />

ry’agakiza ryari ryahawe ababyeyi bacu ba mbere bamaze gucumura mu murima wa Edeni<br />

ryarasohojwe. Ubwami bw’ubuntu bwari bwarabayeho mbere hose mu buryo bw’isezerano<br />

ry’Ima<strong>na</strong>, icyo gihe bwarahanzwe.<br />

Bityo rero urupfu rwa Kristo, - ikintu abigishwa bafataga ko ari iherezo ry’ibyiringiro<br />

byabo — ahubwo ni rwo rwahamije ibyo byiringiro by’iteka ryose. Nubwo urupfu rwa Kristo<br />

rwari rwarabateye gucika intege gukomeye, ni rwo rwari agasongero k’igihamya cy’uko<br />

kwizera kwabo gufite ishingiro. Ikintu cyabayeho kigatuma buzura amaganya no kwiheba ni<br />

cyo cyakinguriye urugi rw’ibyiringiro mwene Adamu wese, kandi icyo ni cyo cyari izingiro<br />

ry’ubugingo bw’ahazaza n’umunezero w’iteka ryose w’indahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> zose z’ibihe<br />

byose.<br />

Imigambi y’Ima<strong>na</strong> igira imbabazi zidashira yarasohoraga ndetse no mu gihe cyo gucika<br />

intege kw’abigishwa. Nubwo imitima yabo yari yarigaruriwe n’ubuntu mvajuru n’imbaraga<br />

y’inyigisho za Kristo ‘wavugaga uko umuntu uwo ari we wese atigeze avuga’, nyamara muri<br />

bo hari imvange z’izahabu nziza y’uru<strong>ku</strong>ndo ba<strong>ku</strong>ndaga Yesu n’ubwibone bw’ab’isi no<br />

254

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!