07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Bakoze inshingano yabo bashyira ishyanga ry’Abayuda irarika ryuzuye imbabazi, kandi<br />

mu gihe bari bategereje <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> Umutware wabo yicara <strong>ku</strong> ntebe y’ubwami ya Dawidi,<br />

babonye afatwa nk’umugizi wa <strong>na</strong>bi, ara<strong>ku</strong>bitwa, arashinyagurirwa, acirwa urwo gupfa maze<br />

abambwa <strong>ku</strong> musaraba i Kaluvali. Mbega kwiheba n’agahinda imitima y’abo bigishwa yagize<br />

mu minsi Umwami wabo yari asinziriye mu gituro!<br />

Kristo yari yaraje <strong>ku</strong> gihe nyacyo no mu buryo bihwanye rwose n’uko byari byarahanuwe.<br />

Ubuhamya bw’Ibyanditswe bwari bwarasohoye mu byagiye biba mu murimo we byose. Yari<br />

yarabwirije ubutumwa bw’agakiza kandi “ijambo rye ryagiraga imbaraga.” Imitima<br />

y’abamutegaga amatwi yari yarabonye ko ubutumwa bwe buvuye <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>. Ijambo ry’Ima<strong>na</strong><br />

<strong>na</strong> Mwuka wayo byahamije ko Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> yatumwe <strong>na</strong> Yo.<br />

Abigishwa bakomeje <strong>ku</strong>nga ubumwe n’Umwigisha wabo ba<strong>ku</strong>ndaga bafatanyijwe<br />

n’umurunga udacika w’uru<strong>ku</strong>ndo. Nyamara intekerezo zabo zari zitwikiriwe no gushidikanya<br />

no <strong>ku</strong>temera. Mu gahinda kabo, ntabwo babashije kwibuka amagambo ya Kristo yerekezaga<br />

<strong>ku</strong> mibabaro ye n’urupfu rwe. Iyo Yesu Kristo w’i Nazareti aza <strong>ku</strong>ba Mesiya nya<strong>ku</strong>ri, mbese<br />

bajyaga <strong>ku</strong>gwa mu mubabaro no gicika intege? Iki ni cyo kibazo cyashenguraga ubugingo<br />

bwabo, mu gihe Umukiza yari aryamye mu gituro, mu gihe cy’amasaha yuzuye umubabaro<br />

yaranze iyo Sabato yabayeho hagati y’urupfu rwe n’umuzuko we.<br />

Nyamara nubwo ijoro ry’agahinda ryari ryijimye ribundikiye abo bayoboke ba Yesu,<br />

ntabwo bari batereranywe. Umuhanuzi yaravuze ati: “Ninicara mu mwijima, Uwiteka<br />

azambera umucyo . . . Azansohora anjyane mu mucyo, mbone <strong>ku</strong>reba gukiranuka kwe.”<br />

“N’umwijima ntugira icyo uguhisha, ahubwo ijoro riva nk’amanywa, umwijima n’umucyo<br />

<strong>ku</strong>ri wowe ni kimwe.” “Abatunganye umucyo ubavira mu mwijima.” “Impumyi nzaziyobora<br />

inzira zitazi, nzinyuze mu tuyira zitigeze <strong>ku</strong>menya; umwijima nzawuhindurira umucyo<br />

imbere yazo, n’ahagoramye nzahagorora. Ibyo nzabibakorera kandi sinzabaha<strong>na</strong>.” 461<br />

Itangazo abigishwa bari baravuze mu izi<strong>na</strong> rya Yesu ryari iry’u<strong>ku</strong>ri mu ngingo zaryo zose,<br />

kandi ibyo ryerekezagaho byasohoraga muri icyo gihe. Ubutumwa bwabo bwari ubu ngo:<br />

“Igihe kirasohoye, ubwami bw’Ima<strong>na</strong> buri bugufi.” Ku iherezo ry’“igihe”, - ari cyo gihe<br />

cy’ibyumweru mirongo itandatu n’icyenda byo muri Daniyeli 9, byagombaga <strong>ku</strong>geza igihe<br />

cyo <strong>ku</strong>za kwa Mesiya, “Wasizwe”, - Kristo yasizwe <strong>na</strong> Mwuka Muziranenge akimara<br />

<strong>ku</strong>batizwa <strong>na</strong> Yoha<strong>na</strong> Umubatiza muri Yorodani. Kandi “ubwami bw’Ima<strong>na</strong>” bari baravuze<br />

ko buri hafi, bwatangijwe n’urupfu rwa Kristo. Ubwo bwami ntabwo bwari ubw’iyi si nk’uko<br />

bari barigishijwe kwizera. Nta nubwo kandi bwari ubwami butegerejwe <strong>ku</strong>zaza, butazashira,<br />

ari bwo buzimikwa igihe “ubwami n’ubutware n’icyubahiro cy’ubwami bwose buri munsi<br />

y’ijuru bizahabwa ubwoko bw’abera b’Isumbabyose;” bwa bwami 462buzahoraho iteka, aho<br />

“ubutware bwose buzajya buyikorera kandi bukayumvira.” Nk’uko iyo mvugo ngo: “Ubwami<br />

bw’Ima<strong>na</strong>,” yakoreshejwe muri Bibiliya, ikoreshwa havugwa ubwami bw’ubuntu n’ubwami<br />

bw’ubwiza. Pawulo avuga iby’ubwami bw’ubuntu n’iby’ubwami bw’ubwiza mu rwandiko<br />

yandikiye Abaheburayo. Amaze <strong>ku</strong>vuga iby’uko Kristo ari umuhuza w’umunyampuhwe,<br />

253

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!