07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nyamara nubwo abahanuzi batahawe gusobanukirwa byuzuye ibyo bahishurirwaga,<br />

bageragezaga uko bashoboye kose <strong>ku</strong>gira ngo babone umucyo w’ibyo Ima<strong>na</strong> yanejejwe no<br />

<strong>ku</strong>menyekanisha. “Barondoraga babishimikiriye,” “bakarondora igihe icyo ari cyo<br />

n’ibimenyetso byacyo, byerekanwaga n’Umwuka wa Kristo wari muri bo.” Mbega icyigisho<br />

cyahawe ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> bwo mu gihe cya Gikristo, kandi ari <strong>ku</strong>bw’inyungu zabo ubwo<br />

buhanuzi bwanyujijwe mu bagaragu bayo! “Kandi bahishuriwe ko ubwo buhanuzi atari bo<br />

bwagenewe ko ahubwo ari <strong>ku</strong> bwacu bwatangiwe.” Nimurebe abo bantu bera b’Ima<strong>na</strong><br />

“bashakashaka bashimikiriye” ibyerekaye ibyo babaga bahishuriwe byerekeye abantu bo mu<br />

bise<strong>ku</strong>ru byari bitarabaho. Gereranya umwete utunganye w’abo bantu n’ubunebwe bwo<br />

<strong>ku</strong>tagira ibyo bitaho abantu bagiriwe ubuntu bo mu myaka ya<strong>ku</strong>rikiyeho bagaragaje mu buryo<br />

bafata iyi mpano y’Ijuru. Mbega gucyaha kwahawe aba<strong>ku</strong>nda ibiboroheye gusa no <strong>ku</strong>tagira<br />

icyo bitaho bi<strong>ku</strong>ndira iby’isi kandi banezezwa no <strong>ku</strong>vuga ko ubuhanuzi budashobora<br />

gusobanurwa ngo bwumvikane!<br />

Nubwo ubwenge bwa kimuntu bufite aho bugarukira budashobora gucengera ngo<br />

burondore i<strong>na</strong>ma z’Ima<strong>na</strong> ihoraho, cyangwa se ngo busobanukirwe neza uko Ima<strong>na</strong> isohoza<br />

imigambi yayo, nyamara akenshi biterwa n’amakosa amwe n’amwe bakora cyangwa se uko<br />

birengagiza uruhare rwabo <strong>ku</strong> buryo basobanukirwa <strong>na</strong>bi n’ubutumwa mvajuru. Si rimwe <strong>na</strong><br />

rimwe bijya bibaho ko intekerezo z’abantu, zaba n’iz’abagaragu b’Ima<strong>na</strong>, zijya zigwa mu<br />

buhumyi <strong>ku</strong>bw’ibitekerezo bya kimuntu, imigenzo n’inyigisho z’abantu z’ibinyoma <strong>ku</strong> buryo<br />

baba bashobora gusobanukirwa by’igice gusa ibintu bikomeye Ima<strong>na</strong> yahishuye mu ijambo<br />

ryayo. Uko niko byagendekeye n’abigishwa ba Kristo, ndetse n’igihe Umukiza yari akiri<br />

<strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong> bo imbo<strong>na</strong>-n<strong>ku</strong>bone. Intekerezo zabo zari zuzuyemo imyumvire nk’iya rubanda <strong>ku</strong><br />

byerekeye Mesiya yuko azaba umwami w’igihe gito, ko yagombaga <strong>ku</strong>zamura Isirayeli<br />

akayigeza <strong>ku</strong> ntebe y’ubwami bw’isi yose, kandi ntibashoboraga <strong>ku</strong>mva ubusobanuro<br />

bw’amagambo ye yababwiraga avuga iby’umubabaro n’urupfu bye byagombaga <strong>ku</strong>zabaho.<br />

Kristo ubwe ni we wari yarabohereje abahaye ubu butumwa ngo: “Igihe kirasohoye,<br />

ubwami bw’Ima<strong>na</strong> buri hafi: nuko mwihane, mwemere ubutumwa bwiza.” 460 Ubwo<br />

butumwa bwari bushingiye <strong>ku</strong> buhanuzi bwa Daniyeli igice cya 9. Umumarayika yari yavuze<br />

ko ibyumweru mirongo itandatu n’icyenda bizageza <strong>ku</strong>ri “Mesiya Umutware.” Bityo<br />

n’ibyiringiro bihebuje ndetse n’ibyo bari barangamiye binejeje, abigishwa bari bategereje<br />

guhangwa kw’ingoma ya Mesiya i Yerusalemu <strong>ku</strong>gira ngo ategeke isi yose.<br />

Babwirije ubutumwa Kristo yari yarabasigiye, nubwo <strong>na</strong>bo ubwabo bari badasobanukiwe<br />

neza icyo buvuze. Nubwo ibyo bavugaga byari bishingiye muri Daniyeli 9:25, ntibashoboye<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko mu murongo w’iki gice u<strong>ku</strong>rikira uyu havuga ko Mesiya aza<strong>ku</strong>rwaho. Kuva<br />

bakivuka imitima yabo yari yararangamiye i<strong>ku</strong>zo ry’ubwami bwo <strong>ku</strong> isi, maze ibyo bihuma<br />

intekerezo zabo ntizasobanukirwa ibyo ubuhanuzi bwari bwaravuze ndetse n’amagambo ya<br />

Kristo ubwe.<br />

252

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!