07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ngo bakize amagara yabo n’umujyi wabo, ndetse n’ahantu basengeraga. Nyamara <strong>ku</strong>ri ayo<br />

magambo yababwiye, bamusubije bamutuka cyane. Uwo muntu wababereye umuhuza<br />

ubuheruka, bamuhundagajeho imyambi igihe yari ahagaze imbere yabo abinginga. Abayuda<br />

bari baranze kwemera kwinginga k’Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>; bityo rero <strong>ku</strong>jya i<strong>na</strong>ma <strong>na</strong> bo no<br />

<strong>ku</strong>binginga byabateraga gusa <strong>ku</strong>rushaho kwiyemeza kwihagararaho <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> iherezo.<br />

Umurava wa Titus wo <strong>ku</strong>rwa<strong>na</strong> <strong>ku</strong> ngoro y’Ima<strong>na</strong> ntacyo wagezeho, <strong>ku</strong>ko Umurusha<br />

ubushobozi yari yarahanuye ko nta buye rizasigara rigeretse <strong>ku</strong> rindi.<br />

Kutava <strong>ku</strong> izima kw’abategetsi b’Abayuda n’amarorerwa yakorerwaga muri uwo mujyi<br />

wari ugoswe byakongeje uburakari n’umujinya by’Abanyaroma, maze Titus yiyemeza<br />

<strong>ku</strong>gaba igitero <strong>ku</strong> ngoro y’Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>yigarurira. Icyakora, yiyemeje ko biramutse bishobotse<br />

iyo ngoro itagomba gusenywa, ariko amabwiriza ye ntiyigeze a<strong>ku</strong>rikizwa. Nijoro, igihe yari<br />

yisubiriye mu ihema rye, Abayuda basohotse mu ngoro bagaba igitero <strong>ku</strong> ngabo zari hanze.<br />

Muri iyo mirwano, umusirikare yajugunye igishirira kinyura mu idirishya ryo mu ibaraza<br />

maze ibyumba byubakishije imyerezi byari bikikije iyo ngoro nziranenge bihita bishya<br />

biraguruma<strong>na</strong>.<br />

Titus yihutiye <strong>ku</strong>hagera a<strong>ku</strong>rikiwe n’abasirikare be ba<strong>ku</strong>ru ndetse n’ingabo ze ibihumbi<br />

n’uduhumbi maze ategeka abasirikare be <strong>ku</strong>hazimya. Amagambo ye ntiyigeze yitabwaho.<br />

Abasirikare bari barakaye bajugunye ibishashi by’umuriro mu byumba byari bibangikanye<br />

n’ingoro y’Ima<strong>na</strong>, maze bicisha inkota abantu benshi cyane bari bahahungiye. Imivu<br />

y’amaraso yamanutse <strong>ku</strong> ngazi z’ingoro atemba nk’amazi. Abayuda ibihumbi byinshi<br />

barahatikiriye. Uretse induru y’imirwano, humvika<strong>na</strong>ga n’amajwi avuga ngo : « Ikabodi! »<br />

bisobanura ngo : « Icyubahiro gishize <strong>ku</strong>ri Isiraheli ”<br />

“Titus yabonye ko adashobora guhosha uburakari bw’abasirikare; yinjiranye mu ngoro<br />

n’aba<strong>ku</strong>ru b’ingabo be maze bitegereza uko iyo nyubako yari iteye imbere. Ubwiza bwayo<br />

bwarabatangaje, maze <strong>ku</strong>ko ibirimi by’umuriro byari bitaragera ahera, agerageza ubuheruka<br />

gukora iyo bwabaga <strong>ku</strong>gira ngo batayisenya, nuko asohotse arongera yinginga abasirikare ngo<br />

bahagarike inkongi y’umuriro bawubuze gukwira hose. Liberalis wari umukapiteni<br />

w’umutwe w’abasirikare ija<strong>na</strong> yagerageje guhatira abasirikare be <strong>ku</strong>mwumvira akoresheje<br />

inkoni ye y’ubuyobozi; nyamara no <strong>ku</strong>baha umwami w’abami ubwabyo byari byasimbuwe<br />

n’umujinya w’inkazi bari bafitiye Abayuda, gushishikazwa n’imirwano <strong>ku</strong>zuye ubugome<br />

ndetse no <strong>ku</strong>rangamira gusahura. Abasirikare babo<strong>na</strong>ga ibibazengurutse byose birabagira<strong>na</strong><br />

zahabu yabengeraniraga cyane mu mucyo ukaze w’ibirimi by’umuriro; bibwiye ko mu buturo<br />

bwera hahunitswemo ubutunzi butabarika. Umusirikare batamenye uwo ari we yajugunye<br />

igiti cyaka umuriro kinyura hagati y’amapata y’urugi, maze inyubako y’ingoro yose ihita<br />

ifatwa n’inkongi y’umuriro. Umwotsi n’umuriro byahumaga amaso byatumye aba<strong>ku</strong>ru<br />

b’ingabo bisubirirayo, maze iyo nyubako y’agahebuzo igerwaho n’akaga kari kayirindiriye.<br />

“Bya<strong>ku</strong>ye Abanyaroma umutima, ubwo se byacuze iki <strong>ku</strong> Bayuda ? Impinga yose<br />

y’umusozi wari wubatsweho umujyi yagurumanye umuriro nk’ikirunga. Amazu yagwiriranye<br />

18

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!