Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba w’umwijima cyo kugira ngo ahishe abantu ukuri guhishura ubushukanyi bwe. Kubera iyi mpamvu, ubwo Kristo Umuhishuzi, yabonaga mbere intambara yari kuzabaho yo kurwanya kwiga Ibyahishuwe, byatumye asezeranira umugisha abantu bose bazabisoma, bakabitegera amatwi, kandi bakitondera amagambo y’ubuhanuzi. 250

Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cya 19 – Umucyo Uvira Mu Mwijima Uko ibihe bigenda bisimburana, muri buri vugurura rikomeye cyangwa impinduramatwara mu by’idini, umurimo w’Imana ku isi ugaragaramo ingingo zisa bitangaje. Amahame y’uburyo Imana ikorana n’abantu ahora ari amwe. Amavugurura y’ingenzi yo muri iki gihe afite ayo asa nayo rwose yo mu gihe cyashize, kandi ibyabaye ku itorero mu bihe bya kera bifite ibyigisho by’agaciro kenshi muri iki gihe cyacu. Nta kuri kwigishwa mu buryo busobanutse neza muri Bibiliya kuruta ukuvuga ko kubwa Mwuka wayo Muziranenge, Imana mu buryo budasanzwe iyobora abagaragu bayo bari ku isi mu bihe by’amakangura akomeye yo guteza imbere umurimo w’agakiza. Abantu ni ibikoresho biri mu maboko y’Imana, bakoreshwa na yo kugira ngo basohoze imigambi yayo y’ubuntu n’imbabazi. Buri wese afite uruhare rwe agomba gukora; buri wese yahawe urugero runaka rw’umucyo uhuje n’ubukene bw’igihe cye, kandi uwo mucyo urahagije kugira ngo umushoboze gukora umurimo Imana yamushinze. Nyamara, nubwo Imana yahaye abagaragu bayo agaciro kangana gatyo, nta muntu wigeze agera ku gusobanukirwa kuzuye ibya gahunda ikomeye y’agakiza, cyangwa ngo ashobore gusobanukirwa byuzuye n’umugambi w’Imana mu murimo ugomba gukorwa muri icyo gihe uwo muntu arimo. Abantu ntibasobanukirwa mu buryo bushyitse ibyo Imana ishaka kugeraho ikoresheje umurimo ibaha ngo bakore. Ntabwo basobanukirwa ingingo zose z’ubutumwa bavuga mu izina ryayo. Uwiteka aravuga ati: “Mbese wabasha kugenzura Imana ukayimenya? Wabasha kumenya Ishoborabyose ukarangiza?” “Erega ibyo nibwira si byo mwibwira, kandi inzira zanyu si zimwe n’izanjye! Nk’uko ijuru risumba isi, ni ko inzira zanjye zisumba izanyu, n’ibyo nibwira bisumba ibyo mwibwira.” “Mwibuke ibyabanje kubaho kera; kuko ari jye Mana nta yindi ibaho. Ni jye Mana, nta yindi duhwanye. Mpera mu itangiriro nkavuga iherezo, mpera no mu bihe bya kera nkavuga ibitarakorwa, nkavuga nti, ‘Imigambi yanjye izakomera, kandi ibyo nzashaka byose nzabikora.” 458 Ndetse n’abahanuzi bagiriwe ubuntu bagahishurirwa mu buryo bwihariye na Mwuka, ntibasobanukiwe mu buryo bwuzuye akamaro k’ibyo bahishuriwe bakabihabwa. Ubusobanuro bwabyo bwagombaga kugenda butangwa uko ibihe biha ibindi bikurikije uko ubwoko bw’Imana bugenda bukenera amabwiriza abukubiyemo. Ubwo Petero yandikaga iby’agakiza kahishuriwe mu butumwa bwiza, yaravuze ati: “Abahanuzi bahanuye iby’ako gakiza barondora n’iby’ubuntu mwari mugiye kuzahabwa babishimikiriye, barondora igihe icyo ari cyo n’ibimenyetso byacyo, byerekanwaga n’Umwuka wa Kristo wari muri bo agahamya imibabaro ya Kristo itari yaba, n’ubwiza bw’uburyo bwinshi bwari bugiye kuyiheruka. Kandi bahishurirwa yuko batabyiyerekewe ahubwo ko ari mwe babyerekewe.” 459 251

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 19 – Umucyo Uvira Mu Mwijima<br />

Uko ibihe bigenda bisimbura<strong>na</strong>, muri buri vugurura rikomeye cyangwa<br />

impinduramatwara mu by’idini, umurimo w’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> isi ugaragaramo ingingo zisa bitangaje.<br />

Amahame y’uburyo Ima<strong>na</strong> ikora<strong>na</strong> n’abantu ahora ari amwe. Amavugurura y’ingenzi yo muri<br />

iki gihe afite ayo asa <strong>na</strong>yo rwose yo mu gihe cyashize, kandi ibyabaye <strong>ku</strong> itorero mu bihe bya<br />

kera bifite ibyigisho by’agaciro kenshi muri iki gihe cyacu.<br />

Nta <strong>ku</strong>ri kwigishwa mu buryo busobanutse neza muri Bibiliya <strong>ku</strong>ruta u<strong>ku</strong>vuga ko <strong>ku</strong>bwa<br />

Mwuka wayo Muziranenge, Ima<strong>na</strong> mu buryo budasanzwe iyobora abagaragu bayo bari <strong>ku</strong> isi<br />

mu bihe by’amakangura akomeye yo guteza imbere umurimo w’agakiza. Abantu ni<br />

ibikoresho biri mu maboko y’Ima<strong>na</strong>, bakoreshwa <strong>na</strong> yo <strong>ku</strong>gira ngo basohoze imigambi yayo<br />

y’ubuntu n’imbabazi. Buri wese afite uruhare rwe agomba gukora; buri wese yahawe urugero<br />

ru<strong>na</strong>ka rw’umucyo uhuje n’ubukene bw’igihe cye, kandi uwo mucyo urahagije <strong>ku</strong>gira ngo<br />

umushoboze gukora umurimo Ima<strong>na</strong> yamushinze. Nyamara, nubwo Ima<strong>na</strong> yahaye abagaragu<br />

bayo agaciro kanga<strong>na</strong> gatyo, nta muntu wigeze agera <strong>ku</strong> gusobanukirwa <strong>ku</strong>zuye ibya gahunda<br />

ikomeye y’agakiza, cyangwa ngo ashobore gusobanukirwa byuzuye n’umugambi w’Ima<strong>na</strong><br />

mu murimo ugomba gukorwa muri icyo gihe uwo muntu arimo. Abantu ntibasobanukirwa<br />

mu buryo bushyitse ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka <strong>ku</strong>geraho ikoresheje umurimo ibaha ngo bakore.<br />

Ntabwo basobanukirwa ingingo zose z’ubutumwa bavuga mu izi<strong>na</strong> ryayo.<br />

Uwiteka aravuga ati: “Mbese wabasha <strong>ku</strong>genzura Ima<strong>na</strong> ukayimenya? Wabasha <strong>ku</strong>menya<br />

Ishoborabyose ukarangiza?” “Erega ibyo nibwira si byo mwibwira, kandi inzira zanyu si<br />

zimwe n’izanjye! Nk’uko ijuru risumba isi, ni ko inzira zanjye zisumba izanyu, n’ibyo nibwira<br />

bisumba ibyo mwibwira.” “Mwibuke ibyabanje <strong>ku</strong>baho kera; <strong>ku</strong>ko ari jye Ma<strong>na</strong> nta yindi<br />

ibaho. Ni jye Ma<strong>na</strong>, nta yindi duhwanye. Mpera mu itangiriro nkavuga iherezo, mpera no mu<br />

bihe bya kera nkavuga ibitarakorwa, nkavuga nti, ‘Imigambi yanjye izakomera, kandi ibyo<br />

nzashaka byose nzabikora.” 458<br />

Ndetse n’abahanuzi bagiriwe ubuntu bagahishurirwa mu buryo bwihariye <strong>na</strong> Mwuka,<br />

ntibasobanukiwe mu buryo bwuzuye akamaro k’ibyo bahishuriwe bakabihabwa.<br />

Ubusobanuro bwabyo bwagombaga <strong>ku</strong>genda butangwa uko ibihe biha ibindi bi<strong>ku</strong>rikije uko<br />

ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> bugenda bukenera amabwiriza abu<strong>ku</strong>biyemo.<br />

Ubwo Petero yandikaga iby’agakiza kahishuriwe mu butumwa bwiza, yaravuze ati:<br />

“Abahanuzi bahanuye iby’ako gakiza barondora n’iby’ubuntu mwari mugiye <strong>ku</strong>zahabwa<br />

babishimikiriye, barondora igihe icyo ari cyo n’ibimenyetso byacyo, byerekanwaga<br />

n’Umwuka wa Kristo wari muri bo agahamya imibabaro ya Kristo itari yaba, n’ubwiza<br />

bw’uburyo bwinshi bwari bugiye <strong>ku</strong>yiheruka. Kandi bahishurirwa yuko batabyiyerekewe<br />

ahubwo ko ari mwe babyerekewe.” 459<br />

251

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!