Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba w’umwijima cyo kugira ngo ahishe abantu ukuri guhishura ubushukanyi bwe. Kubera iyi mpamvu, ubwo Kristo Umuhishuzi, yabonaga mbere intambara yari kuzabaho yo kurwanya kwiga Ibyahishuwe, byatumye asezeranira umugisha abantu bose bazabisoma, bakabitegera amatwi, kandi bakitondera amagambo y’ubuhanuzi. 250
Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cya 19 – Umucyo Uvira Mu Mwijima Uko ibihe bigenda bisimburana, muri buri vugurura rikomeye cyangwa impinduramatwara mu by’idini, umurimo w’Imana ku isi ugaragaramo ingingo zisa bitangaje. Amahame y’uburyo Imana ikorana n’abantu ahora ari amwe. Amavugurura y’ingenzi yo muri iki gihe afite ayo asa nayo rwose yo mu gihe cyashize, kandi ibyabaye ku itorero mu bihe bya kera bifite ibyigisho by’agaciro kenshi muri iki gihe cyacu. Nta kuri kwigishwa mu buryo busobanutse neza muri Bibiliya kuruta ukuvuga ko kubwa Mwuka wayo Muziranenge, Imana mu buryo budasanzwe iyobora abagaragu bayo bari ku isi mu bihe by’amakangura akomeye yo guteza imbere umurimo w’agakiza. Abantu ni ibikoresho biri mu maboko y’Imana, bakoreshwa na yo kugira ngo basohoze imigambi yayo y’ubuntu n’imbabazi. Buri wese afite uruhare rwe agomba gukora; buri wese yahawe urugero runaka rw’umucyo uhuje n’ubukene bw’igihe cye, kandi uwo mucyo urahagije kugira ngo umushoboze gukora umurimo Imana yamushinze. Nyamara, nubwo Imana yahaye abagaragu bayo agaciro kangana gatyo, nta muntu wigeze agera ku gusobanukirwa kuzuye ibya gahunda ikomeye y’agakiza, cyangwa ngo ashobore gusobanukirwa byuzuye n’umugambi w’Imana mu murimo ugomba gukorwa muri icyo gihe uwo muntu arimo. Abantu ntibasobanukirwa mu buryo bushyitse ibyo Imana ishaka kugeraho ikoresheje umurimo ibaha ngo bakore. Ntabwo basobanukirwa ingingo zose z’ubutumwa bavuga mu izina ryayo. Uwiteka aravuga ati: “Mbese wabasha kugenzura Imana ukayimenya? Wabasha kumenya Ishoborabyose ukarangiza?” “Erega ibyo nibwira si byo mwibwira, kandi inzira zanyu si zimwe n’izanjye! Nk’uko ijuru risumba isi, ni ko inzira zanjye zisumba izanyu, n’ibyo nibwira bisumba ibyo mwibwira.” “Mwibuke ibyabanje kubaho kera; kuko ari jye Mana nta yindi ibaho. Ni jye Mana, nta yindi duhwanye. Mpera mu itangiriro nkavuga iherezo, mpera no mu bihe bya kera nkavuga ibitarakorwa, nkavuga nti, ‘Imigambi yanjye izakomera, kandi ibyo nzashaka byose nzabikora.” 458 Ndetse n’abahanuzi bagiriwe ubuntu bagahishurirwa mu buryo bwihariye na Mwuka, ntibasobanukiwe mu buryo bwuzuye akamaro k’ibyo bahishuriwe bakabihabwa. Ubusobanuro bwabyo bwagombaga kugenda butangwa uko ibihe biha ibindi bikurikije uko ubwoko bw’Imana bugenda bukenera amabwiriza abukubiyemo. Ubwo Petero yandikaga iby’agakiza kahishuriwe mu butumwa bwiza, yaravuze ati: “Abahanuzi bahanuye iby’ako gakiza barondora n’iby’ubuntu mwari mugiye kuzahabwa babishimikiriye, barondora igihe icyo ari cyo n’ibimenyetso byacyo, byerekanwaga n’Umwuka wa Kristo wari muri bo agahamya imibabaro ya Kristo itari yaba, n’ubwiza bw’uburyo bwinshi bwari bugiye kuyiheruka. Kandi bahishurirwa yuko batabyiyerekewe ahubwo ko ari mwe babyerekewe.” 459 251
- Page 207 and 208: Itorero na Leta ku Rugamba cyaramir
- Page 209 and 210: Itorero na Leta ku Rugamba ihumure
- Page 211 and 212: Itorero na Leta ku Rugamba y’uko
- Page 213 and 214: Itorero na Leta ku Rugamba Icyiyong
- Page 215 and 216: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe Ub
- Page 217 and 218: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 219 and 220: Itorero na Leta ku Rugamba ikoreshe
- Page 221 and 222: Itorero na Leta ku Rugamba yivuye i
- Page 223 and 224: Itorero na Leta ku Rugamba ko hari
- Page 225 and 226: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 227 and 228: Itorero na Leta ku Rugamba ryateye
- Page 229 and 230: Itorero na Leta ku Rugamba isadukir
- Page 231 and 232: Itorero na Leta ku Rugamba kitaruye
- Page 233 and 234: Itorero na Leta ku Rugamba w’icur
- Page 235 and 236: Itorero na Leta ku Rugamba iyo nkur
- Page 237 and 238: Itorero na Leta ku Rugamba ntibabas
- Page 239 and 240: Itorero na Leta ku Rugamba cy’imy
- Page 241 and 242: Itorero na Leta ku Rugamba Kristo,
- Page 243 and 244: Itorero na Leta ku Rugamba ibigiye
- Page 245 and 246: Itorero na Leta ku Rugamba usanga k
- Page 247 and 248: Itorero na Leta ku Rugamba mukuru u
- Page 249 and 250: Itorero na Leta ku Rugamba yaba ari
- Page 251 and 252: Itorero na Leta ku Rugamba muri icy
- Page 253 and 254: Itorero na Leta ku Rugamba bishyigi
- Page 255 and 256: Itorero na Leta ku Rugamba nk’umu
- Page 257: Itorero na Leta ku Rugamba Abaporot
- Page 261 and 262: Itorero na Leta ku Rugamba Bakoze i
- Page 263 and 264: Itorero na Leta ku Rugamba kurariki
- Page 265 and 266: Itorero na Leta ku Rugamba ndetse k
- Page 267 and 268: Itorero na Leta ku Rugamba Kuri abo
- Page 269 and 270: Itorero na Leta ku Rugamba Nta butu
- Page 271 and 272: Itorero na Leta ku Rugamba azanye n
- Page 273 and 274: Itorero na Leta ku Rugamba kuri Rek
- Page 275 and 276: Itorero na Leta ku Rugamba cy’ubu
- Page 277 and 278: Itorero na Leta ku Rugamba n’abay
- Page 279 and 280: Itorero na Leta ku Rugamba yabaga i
- Page 281 and 282: Itorero na Leta ku Rugamba Abamaray
- Page 283 and 284: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 285 and 286: Itorero na Leta ku Rugamba kigaraga
- Page 287 and 288: Itorero na Leta ku Rugamba byabatan
- Page 289 and 290: Itorero na Leta ku Rugamba Amenshi
- Page 291 and 292: Itorero na Leta ku Rugamba umushaha
- Page 293 and 294: Itorero na Leta ku Rugamba nzima ba
- Page 295 and 296: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 297 and 298: Itorero na Leta ku Rugamba n’umuc
- Page 299 and 300: Itorero na Leta ku Rugamba “Muri
- Page 301 and 302: Itorero na Leta ku Rugamba 457 I.KR
- Page 303 and 304: Itorero na Leta ku Rugamba bwera, y
- Page 305 and 306: Itorero na Leta ku Rugamba abandi b
- Page 307 and 308: Itorero na Leta ku Rugamba Ubutumwa
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
w’umwijima cyo <strong>ku</strong>gira ngo ahishe abantu u<strong>ku</strong>ri guhishura ubushukanyi bwe. Kubera iyi<br />
mpamvu, ubwo Kristo Umuhishuzi, yabo<strong>na</strong>ga mbere intambara yari <strong>ku</strong>zabaho yo <strong>ku</strong>rwanya<br />
kwiga Ibyahishuwe, byatumye asezeranira umugisha abantu bose bazabisoma, bakabitegera<br />
amatwi, kandi bakitondera amagambo y’ubuhanuzi.<br />
250