07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Abaporotesitanti bageze ikirenge mu cy’abayoboke b’itorero ry’i Roma. Mu gihe itorero<br />

riyobowe <strong>na</strong> papa ritemereraga abantu gusoma Bibiliya, amatorero y’Abaporotesitanti yo<br />

yavugaga ko umugabane w’ingenzi w’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> udashobora <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> kandi uwo<br />

mugabane ni wo ugaragaza u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>gendanye n’igihe turimo by’umwihariko.<br />

Ababwirizabutumwa ndetse <strong>na</strong> rubanda bavugaga ko ubuhanuzi bwa Daniyeli<br />

n’Ibyahishuwe ari ubwiru budashobora <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong>. Ariko Kristo yerekeje abigishwa be <strong>ku</strong><br />

magambo umuhanuzi Daniyeli yavuze yerekeye ibizaba mu gihe cyabo, maze aravuga ati:<br />

“Usoma ibi, abyumve neza.” 456 Ndetse imvugo yemeza ko Ibyahishuwe ari ubwiru<br />

butabasha <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong>, ihabanye n’izi<strong>na</strong> ry’icyo gitabo ubwaryo <strong>ku</strong>ko ari: “Ibyahishuwe <strong>na</strong><br />

Yesu Kristo, ibyo Ima<strong>na</strong> yamuhereye <strong>ku</strong>gira ngo yereke imbata ze ibikwiriye <strong>ku</strong>zabaho vuba,<br />

. . . Hahirwa usoma amagambo y’ubu buhanuzi, hahirwa n’ abayumva, bakitondera<br />

ibyanditswe muri bwo: <strong>ku</strong>ko igihe kiri bugufi.” 457<br />

Umuhanuzi aravuga ati: “ Hahirwa usoma.” Hariho abantu batazasoma; abo nta migisha<br />

bafite. “Hahirwa n’ abumva.” Hariho <strong>na</strong> none bamwe banga <strong>ku</strong>mva ikintu icyo ari cyo cyose<br />

cyerekeranye n’ubuhanuzi; abagize iryo tsinda <strong>na</strong> bo nta migisha bafite. “Kandi bitondera<br />

ibyanditswe muri icyo gitabo”- abantu benshi banga <strong>ku</strong>mva imiburo n’amabwiriza biri mu<br />

gitabo cy’Ibyahishuwe. Nta muntu n’umwe muri abo bose ushobora kwitega <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> imigisha<br />

yasezeranwe. Abakerensa ingingo zivuga ubuhanuzi kandi bakagira urw’amenyo ibimenyetso<br />

byavuzwe aha mu buryo bukomeye, abantu bose banga <strong>ku</strong>vugurura imibereho yabo no<br />

kwitegura u<strong>ku</strong>za k’Umwa<strong>na</strong> w’umuntu, ntibazagerwaho n’imigisha.<br />

Ufatiye <strong>ku</strong> buhamya bwatanzwe <strong>na</strong> Mwuka Muhishuzi w’Ima<strong>na</strong>, ni mu buhe buryo abantu<br />

bahangara kwigisha ko Ibyahishuwe ari ubwiru budashobora gusobanukira ubwenge<br />

bw’umuntu? Ni ubwiru ariko bwahishuwe, ni igitabo kibumbuwe. Kwiga Ibyahishuwe<br />

biyobora ubwenge bw’abantu <strong>ku</strong> buhanuzi bwa Daniyeli, kandi ibyo bitabo byombi bitanga<br />

amabwiriza y’ingirakamaro Ima<strong>na</strong> yahaye abantu, yerekeye ibizaba <strong>ku</strong> iherezo ry’amateka<br />

y’isi.<br />

Yoha<strong>na</strong> yeretswe ishusho y’ibintu bifite akamaro kimbitse kandi gatangaje mu byo itorero<br />

rinyuramo. Yabonye umwanya itorero rizaba ririmo, ingorane, intambara ndetse no<br />

gucungurwa guheruka k’ubwoko bw’Ima<strong>na</strong>. Avuga ubutumwa buheruka bugomba kweza<br />

umusaruro w’isi, ukagera <strong>ku</strong> rugero rw’amahundo meza ahunikwa mu bigega byo mu ijuru,<br />

cyangwa ukagera <strong>ku</strong> ru<strong>ku</strong>ngu rugomba gutwikwa rugashiraho burundu. Yoha<strong>na</strong> yahishuriwe<br />

ingingo zifite agaciro kagutse cyane, by’umwihariko izerekeye itorero ryo mu gihe giheruka,<br />

<strong>ku</strong>gira ngo ababasha <strong>ku</strong>va mu buyobe bakemera u<strong>ku</strong>ri bashobore <strong>ku</strong>menyeshwa iby’ingorane<br />

n’intambara biri imbere yabo. Nta muntu ukwiriye <strong>ku</strong>ba mu mwijima ntamenye ibigiye <strong>ku</strong>ba<br />

<strong>ku</strong> isi.<br />

None se <strong>ku</strong>ki hariho u<strong>ku</strong> <strong>ku</strong>tamenya kwakwiriye hose <strong>ku</strong> byerekeye umugabane w’ingenzi<br />

w’Ibyanditswe Byera? Kuki muri rusange hariho ubwo bushake buke bwo <strong>ku</strong>genzura ibyo<br />

uyu mugabane wigisha? Ibyo ni ingaruka y’igikorwa cyateguwe neza cy’umwami<br />

249

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!