07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

by’uko azagaruka ubwe nk’uko bamubonye ajya mu ijuru. Igihe abigishwa bari bahagaze<br />

bahanze amaso yabo mu ijuru <strong>ku</strong>gira ngo barebe bwa nyuma uwo ba<strong>ku</strong>ndaga, guhanga amaso<br />

yabo mu kirere byahagaritswe n’aya magambo ngo: “Yemwe bagabo b’i Galilaya, ni iki<br />

gitumye muhagaze mureba mu ijuru, Yesu uba<strong>ku</strong>wemo akazamurwa mu ijuru, azaza atyo<br />

nk’uko mumubonye ajya mu ijuru.” 453 Bagaruwemo ibyiringiro n’ubutumwa<br />

bw’abamarayika. “Abigishwa basubira<strong>na</strong> i Yerusalemu umunezero mwinshi, baguma mu<br />

rusengero iteka bashima Ima<strong>na</strong>.” 454 Ntibari bashimishijwe n’uko Yesu yaba<strong>ku</strong>wemo kandi<br />

bakaba bari basigaye bagomba guhanga<strong>na</strong> n’ama<strong>ku</strong>ba n’ibigeragezo by’isi; ahubwo bari<br />

bashimishijwe n’isezerano abamarayika babahaye yuko Umukiza azagaruka.<br />

Kwamamaza in<strong>ku</strong>ru yo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo muri iki gihe byari bikwiriye <strong>ku</strong>ba in<strong>ku</strong>ru<br />

nziza itera umunezero, nk’uko byagenze igihe iyo n<strong>ku</strong>ru yavugwaga n’abamarayika<br />

bayibwira abashumba b’i Betelehemu. Aba<strong>ku</strong>nda Umukiza by’u<strong>ku</strong>ri nta kindi bari bakwiriye<br />

gukora uretse kwakira<strong>na</strong> ibyishimo ubutumwa bushingiye <strong>ku</strong> ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bubabwira ko<br />

Uwo ibyiringiro byabo by’ubugingo buhoraho bishingiyeho agiye <strong>ku</strong>garuka, atazanwe no<br />

gutukwa, gusuzugurwa no kwangwa nk’uko byagenze ubwo yazaga bwa mbere, ahubwo<br />

azaza afite ububasha n’i<strong>ku</strong>zo, aje gucungura abantu be. Abada<strong>ku</strong>nda Umukiza ni bo bifuza<br />

ko ataza; kandi nta kindi gihamya kidashidikanywaho cyabaho kigaragaza ko amatorero<br />

yitandukanya n’Ima<strong>na</strong> cyaruta uburakari n’ubugome bwabyukijwe n’ubu butumwa<br />

bwoherejwe n’Ima<strong>na</strong>.<br />

Abantu bemeye ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Yesu bakanguriwe <strong>ku</strong>zirika<strong>na</strong> ko kwiha<strong>na</strong><br />

no kwicisha bugufi imbere y’Ima<strong>na</strong> ari ngombwa. Benshi bari baramaze igihe kirekire<br />

bara<strong>na</strong>niwe guhitamo hagati ya Kristo n’isi; noneho bumvise ko gihe kigeze ngo bahitemo<br />

uruhande rumwe babarizwamo. “Ibyerekeye ubugingo buzahoraho byabagaragariye mu<br />

ishusho yabyo nya<strong>ku</strong>ri batari bamenyereye. Ijuru ryarabegereye maze bumva ko ari<br />

abanyabyaha imbere y’Ima<strong>na</strong>.” 455 Abakristo bashishikarijwe <strong>ku</strong>gira imibereho mishya mu<br />

by’umwuka. Babashishijwe <strong>ku</strong>mva ko igihe ari kigufi kandi ko ibyo bakwiriye gukorera<br />

bagenzi babo bagomba <strong>ku</strong>bikora bwangu. Isi yitandukanyaga <strong>na</strong>bo, maze imibereho y’iteka<br />

igasa n’ikinguriwe imbere yabo, kandi ubugingo n’ikintu cyose gifitanye no <strong>ku</strong>mererwa neza<br />

kwawo nta gupfa, byamaragaho ishusho y’ikintu cyose cy’igihe gito. Mwuka w’Ima<strong>na</strong><br />

yagumye <strong>ku</strong>ri bo kandi wahaga imbaraga <strong>ku</strong>rarika kwabo gukomeye babwira abavandimwe<br />

babo ndetse n’abanyabyaha <strong>ku</strong>gira ngo bitegure umunsi w’Ima<strong>na</strong>. Ubuhamya bwa bucece<br />

bwatangwaga n’imibereho yabo itunganye ya buri munsi, yari ugucyaha guhoraho <strong>ku</strong> bari mu<br />

itorero by’umuhango gusa kandi batihanye. Bene abo ntibifuzaga ikibahungabanya mu<br />

gukomeza gushaka ibibanezeza, mu kwirundurira gushaka ubutunzi no guharanira icyubahiro<br />

cy’isi. Kubw’ibyo, havutse urwango no <strong>ku</strong>rwanya inyigisho yo kwizera <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza<br />

ndetse n’abayigishaga.<br />

Babonye ko bidashoboka gucecekesha ibivugwa bikomoka <strong>ku</strong> bihe by’ubuhanuzi,<br />

abarwanyaga izo nyigisho baharaniye guca intege gahunda yo gusesengura no gucu<strong>ku</strong>mbura<br />

iby’iyo ngingo bakoresheje kwigisha ko ubuhanuzi bwashyizweho ikimenyetso. Uko ni ko<br />

248

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!