07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

nk’umugani udafite ishingiro maze ntibabwemera. Bi<strong>na</strong>ngiriye mu bugome bwabo, bakwe<strong>na</strong><br />

intumwa y’Ima<strong>na</strong>, ibyo yabingingiraga babigira ubusa, ndetse bamurega kwigerezaho.<br />

Baravugaga bati; “bishoboka bite ko umuntu umwe yatinyuka <strong>ku</strong>rwanya abakomeye bose bo<br />

<strong>ku</strong> isi? Niba ubutumwa Nowa avuga ari u<strong>ku</strong>ri, <strong>ku</strong>ki abatuye isi bose batabubonye kandi ngo<br />

babwemere? Bishoboka bite ko ibyo umuntu umwe yemeza byahaba<strong>na</strong> n’ubwenge bw’abantu<br />

igihumbi!” Ntibashatse kwemera umuburo cyangwa ngo bashakire ubwihisho mu n<strong>ku</strong>ge.<br />

Abakobanyi batungaga urutoki mu byaremwe n’ibibaho- <strong>ku</strong> gu<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong> kw’ibihe<br />

<strong>ku</strong>tahindukaga, <strong>ku</strong> kirere cy’ubururu kitari cyarigeze kigusha imvura, <strong>ku</strong> mirima yari<br />

itohagiye <strong>ku</strong>ko yavomererwaga n’ikime cya nijoro, - maze bakiyamira bati: “Aho Nowa<br />

ntavuga aca imigani?” Mu rwego rwo <strong>ku</strong>musuzugura, bavuze ko uwo mubwiriza<br />

w’iby’ubutungane ari umuntu watwawe udafite ibitekerezo bitunganye; bityo bakomeza<br />

<strong>ku</strong>rushaho kwimbika mu gushakisha ibibanezeza, barushaho gukabya mu nzira zabo mbi<br />

<strong>ku</strong>rusha mbere. Nyamara <strong>ku</strong>tizera kwabo ntikwahagaritse gusohora kw’ibyari byaravuzwe.<br />

Ima<strong>na</strong> yihanganiye ububi bwabo igihe kirekire, ibaha amahirwe ahagije yo kwiha<strong>na</strong>; ariko<br />

igihe kigeze, urubanza rwayo rugera <strong>ku</strong> banze imbabazi zayo.<br />

Kristo yavuze ko hazabaho u<strong>ku</strong>tizera nk’uko <strong>ku</strong> byerekeye u<strong>ku</strong>garuka kwe. Nk’uko abantu<br />

bo mu gihe cya Nowa “batigeze babimenya <strong>ku</strong>geza aho umwuzure uziye ukabatwara bose, ni<br />

ko no <strong>ku</strong>za k’Umwa<strong>na</strong> w’umuntu <strong>ku</strong>zaba.” 451 Igihe abavuga ko ari aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong><br />

bazifatanya n’ab’isi, bakabaho nk’uko ab’isi babaho, kandi bakifatanya <strong>na</strong> bo mu bibanezeza<br />

byabuzanyijwe; igihe ibinezeza ab’isi ari <strong>na</strong>byo bizaba binezeza itorero; inzogera<br />

zihamagarira abantu <strong>ku</strong>jya mu bukwe zikaba zivuga, kandi abantu bose bakaba barangamiye<br />

imyaka myinshi yo <strong>ku</strong>gubwa neza kw’isi, - icyo gihe mu kanya gato nk’uko umurabyo<br />

urabiriza mu ijuru, nibwo bazabo<strong>na</strong> iherezo ry’ibyo bari batezeho amakiriro ndetse<br />

n’ibyiringiro byabo biyoyotse.<br />

Nk’uko Ima<strong>na</strong> yohereje umugaragu wayo <strong>ku</strong>burira isi iby’umwuzure wari wegereje, ni<br />

<strong>na</strong>ko yohereje intumwa yatoranyije <strong>ku</strong>gira ngo zimenyeshe abantu ko urubanza ruheruka<br />

rwegereje. Kandi nk’uko abo mu gihe cya Nowa basekaga bagakwe<strong>na</strong> ibyo umubwiriza wo<br />

gukiranuka yavugaga, ni ko n’abantu benshi bo mu gihe cya Miller bahaye urw’amenyo<br />

amagambo y’imiburo, ndetse bamwe bari abo mu bwoko bw’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ni mpamvu ki inyigisho n’ibibwirizwa byerekeye u<strong>ku</strong>garuka kwa Kristo bitakiriwe neza<br />

n’amatorero? Mu gihe u<strong>ku</strong>garuka kwa Kristo <strong>ku</strong>zanira abanyabyaha ibyago no <strong>ku</strong>rimbuka,<br />

intungane zo <strong>ku</strong>zizanira ibyishimo n’ibyiringiro. Uko <strong>ku</strong>ri gukomeye kwakomeje <strong>ku</strong>bera<br />

ihumure indahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> zo mu bihe byose. Ni mpamvu ki, nk’uko biri <strong>ku</strong><br />

wakwandikishije, uko <strong>ku</strong>ri kwahindutse “ibuye risitaza” ndetse “n’urutare rugusha” <strong>ku</strong><br />

bavuga bose ko ari ubwoko bwe? Umukiza wacu ubwe ni we wasezeraniye abigishwa be ati:<br />

“Kandi ubwo ngiye <strong>ku</strong>bategurira ahanyu, nzagaruka mbajyane iwanjye, ngo aho ndi <strong>na</strong>mwe<br />

muzabeyo.” 452 Umukiza w’umunyampuhwe ubwo yabo<strong>na</strong>ga mbere ubwigunge<br />

n’umubabaro w’abayoboke be, yohereje abamarayika <strong>ku</strong>gira ngo babahumurishe ibyiringiro<br />

247

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!