07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

beruye ko atari u<strong>ku</strong>gira urw’amenyo ibitekerezo by’abayamamaza kandi bayishyigikiye gusa,<br />

ko ahubwo ari u<strong>ku</strong>gira urw’amenyo umunsi w’urubanza, gukwe<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong> ubwayo no<br />

gusuzugura ibiteye ubwoba bizaba mu rukiko rwayo.” 449<br />

Uwazanye ibibi byose ntiyashatse gusa gukoma mu nkokora impinduka zaterwaga<br />

n’ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, ahubwo yashatse <strong>ku</strong>rimbura burundu intumwa<br />

yabuvugaga ubwayo. Miller yatumye u<strong>ku</strong>ri kwa Bibiliya guhinduka u<strong>ku</strong>ri guhindura byinshi<br />

mu mitima y’abamwumvaga, agacyaha ibyaha byabo kandi akababuza amahoro mu <strong>ku</strong>mva<br />

bihagije, ndetse amagambo ye yeruye kandi adakebakeba yatumaga bamwanga. Kurwanya<br />

ubutumwa bwe kwakozwe n’abagize itorero byatumaga rubanda rugufi rurushaho guhaba;<br />

maze abanzi ba Miller batangira <strong>ku</strong>mugambanira ngo ubwo ari buve mu iteraniro baze<br />

<strong>ku</strong>mwica. Ariko abamarayika bera bari bari muri iyo mbaga y’abantu maze umwe wo muri<br />

bo wari wafashe ishusho y’umuntu afata umugaragu w’Ima<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>boko amusohoka<strong>na</strong><br />

amahoro mu mbaga y’abo bantu barakaye. Satani n’abakozi be bakozwe n’isoni mu mugambi<br />

wabo.<br />

Nyamara nubwo habayeho uko <strong>ku</strong>rwanywa kose, abantu bari barakomeje <strong>ku</strong>yoboka<br />

itsinda ry’abategereje <strong>ku</strong>garuka kwa Yesu babishishikariye. Ntabwo amatorero yari<br />

akibarirwamo abantu ma<strong>ku</strong>myabiri cyangwa ija<strong>na</strong> ahubwo bariyongereye bagera mu bihumbi<br />

byinshi. Amatorero atari amwe yakiraga abayoboke bashya benshi cyane, ariko nyuma y’igihe<br />

gito umwuka wo <strong>ku</strong>rwanya Miller ugaragarizwa n’abo bantu bashya bahindutse, amatorero<br />

atangira gushyiraho uburyo bwo guha<strong>na</strong> abari baremeye inyigisho za Miller. Icyo gikorwa<br />

cyateye Miller <strong>ku</strong>gira ibyo yandikira Abakristo bo mu matorero yose avuga ko niba inyigisho<br />

ze atari iz’u<strong>ku</strong>ri, ko bagomba <strong>ku</strong>mwereka ikosa rye bakoresheje Bibiliya.<br />

Yaravuze ati: “Mbese ni iki twizeye tutigeze dutegekwa n’ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ko dukwiye<br />

<strong>ku</strong>cyizera, ko ari ryo mugenga wenyine ru<strong>ku</strong>mbi wo kwizera kwacu n’ibyo dukora? Twakoze<br />

iki gituma turwanyirizwa mu buryo bukomeye cyane haba mu bibwirizwa no mu<br />

bitangazanyama<strong>ku</strong>ru, kandi kigatuma mwumva mufite u<strong>ku</strong>ri ko <strong>ku</strong>duca mu matorero yanyu<br />

no mu mushyikirano wanyu?” “Niba turi mu makosa, ndabinginze nimutwereke aho ikosa<br />

ryacu riri. Mutwereke ko turi mu makosa mubi<strong>ku</strong>ye mu ijambo ry’Ima<strong>na</strong>; mwatugize<br />

urw’amenyo bihagije; ariko ibyo ntibizigera biduca intege ngo twumve ko turi mu makosa;<br />

ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryonyine ni ryo rishobora guhindura imitekerereze yacu. Imyanzuro<br />

twafashe twayifashe tubyihitiyemo kandi dusenga, nk’uko twabonye igihamya mu<br />

Byanditswe Byera.” 450<br />

Mu bihe byose, imiburo Ima<strong>na</strong> yagiye yoherereza abatuye isi ikoresheje abagaragu bayo<br />

yagiye yakiranwa kwi<strong>na</strong>ngira no <strong>ku</strong>tizera nk’uko. Igihe ibicumuro by’abo mu gihe cya mbere<br />

y’umwuzure byateraga Ima<strong>na</strong> kohereza umwuzure w’amazi <strong>ku</strong> isi, yabanje <strong>ku</strong>bamenyesha<br />

umugambi yayo, <strong>ku</strong>gira ngo bagire igihe cyo guhindukira bakareka inzira mbi barimo.<br />

Hashize igihe cy’imyaka ija<strong>na</strong> <strong>na</strong> ma<strong>ku</strong>myabiri bumva imiburo ibararikira kwiha<strong>na</strong>, bitaba<br />

ibyo bakagaragarizwa umujinya w’Ima<strong>na</strong> barimbuka. Ariko ubwo butumwa bwababereye<br />

246

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!