07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bishyigikirwa. Kubera ko yari afite umutima mwiza ufatanyije no kwicisha bugufi bya<br />

Gikristo ndetse no kwitegeka, byatumaga atega amatwi, abantu bose bakamwisanzuraho,<br />

agahora yiteguye <strong>ku</strong>mva ibitekerezo by’abandi no gusesengura ibyo bavuga. Yasuzumaga<br />

inyigisho zose n’amahame akoresheje ijambo ry’Ima<strong>na</strong> adahubutse cyangwa ngo atwarwe<br />

n’amarangamutima, kandi imitekerereze ye itunganye no <strong>ku</strong>menya Ibyanditswe neza<br />

byamufashaga <strong>ku</strong>rwanya amakosa no gushyira ibinyoma ahagaragara.<br />

Nyamara ntiyakoraga umurimo we ngo abure guhura n’abamurwanya mu buryo<br />

bukomeye. Nk’uko byagendekeye abagorozi ba mbere, u<strong>ku</strong>ri yigishaga ntikwakiriwe neza<br />

n’abigisha mu by’iyobokama<strong>na</strong> bari bazwi <strong>na</strong> rubanda. Kubera ko abo bigisha batashoboraga<br />

gushyigikira inyigisho zabo bifashishije Ibyanditswe, bihutiye kwifashisha imigani<br />

mihimbano, inyigisho z’abantu n’imigenzo y’Abapadiri. Nyamara ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ni ryo<br />

gihamya cyonyine ru<strong>ku</strong>mbi cyemerwaga n’ababwirizaga u<strong>ku</strong>ri ko <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza.<br />

Intero yabo yari iyi ngo: “Bibiliya, Bibiliya yonyine.” Kubera ko ababarwanyaga batari bafite<br />

ingingo zibashyigikira zishingiye <strong>ku</strong> Byanditswe, byatumye bifashisha <strong>ku</strong>bagira urw’amenyo<br />

no <strong>ku</strong>bakwe<strong>na</strong>. Igihe, amafaranga n’impano zabo babikoreshaga mu gusebya abashinjwaga<br />

icyaha kimwe gusa cyo <strong>ku</strong>ba bategerezanyije ibyishimo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza wabo kandi<br />

bakaba baraharaniraga <strong>ku</strong>gira imibereho itunganye no <strong>ku</strong>rarikira abandi kwitegura u<strong>ku</strong>za<br />

kwe.<br />

Hakoreshejwe imbaraga nyinshi <strong>ku</strong>gira ngo intekerezo z’abantu ze kwerekera <strong>ku</strong> ngingo<br />

ivuga ibyo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza. Kwiga ubuhanuzi buvuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo<br />

n’imperuka y’isi byagizwe icyaha ndetse n’ikintu gikojeje isoni uwagikoraga. Uko ni ko<br />

imyigishirize yari yarabaye gikwira yasenyaga ukwizera ibyo ijambo ry’Ima<strong>na</strong> rivuga.<br />

Imyigishirize yabo yatumye abantu bareka kwizera Ima<strong>na</strong>, kandi benshi baboneraho<br />

kwiberaho uko bishakiye ba<strong>ku</strong>rikije irari ryabo. Nuko abatumye ibyo bibaho, babyitirira<br />

Abadiventisiti ko ari bo babiteye.<br />

Nubwo Miller yahururirwaga n’abantu benshi b’abahanga kandi bashaka <strong>ku</strong>mutega<br />

amatwi, izi<strong>na</strong> rye ryavugwaga rimwe <strong>na</strong> rimwe mu bitangazama<strong>ku</strong>ru by’amadini kandi<br />

n’igihe bimuvuzeho akaba ari uburyo bwo <strong>ku</strong>musuzugura no <strong>ku</strong>mwamaga<strong>na</strong>. Mu muhati<br />

mwinshi bari bafite wo <strong>ku</strong>musuzugura ubwe <strong>ku</strong> giti cye n’umurimo akora, abatagira icyo<br />

bitaho n’abahaka<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong>, batijwe umurindi n’abigisha mu by’iyobokama<strong>na</strong>, bishoye mu<br />

bikorwa byo <strong>ku</strong>musebya no <strong>ku</strong>mwandagaza. Uwo musaza wari ufite imvi wari waravuye mu<br />

rugo rwe rumuguye neza akajya ajya hirya no hino akoresheje umutungo we, ava mu mujyi<br />

ajya mu wundi, akora ubudatuza ashyiriye abatuye isi umuburo ukomeye werekeye urubanza<br />

rwegereje, yangwaga urunuka agafatwa ko ari umwaka, umubeshyi n’umushukanyi udafite<br />

ibitekerezo bihamye.<br />

Kumusebya, <strong>ku</strong>mubeshyera n’ibibi byose bamuregega byatumye a<strong>na</strong>vugwa <strong>na</strong>bi<br />

n’ibinyama<strong>ku</strong>ru bindi bitari iby’amadini. “Gufata mu buryo bworoheje kandi bw’ibisetso<br />

ingingo nk’iyi ifite agaciro gakomeye cyane n’ingaruka ziteye ubwoba, abantu b’isi bavuga<br />

245

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!