07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kwahanuwe kwerekeje <strong>ku</strong> byo twabonye, nibwo ibyavuzwe bizaba koko ari iby’u<strong>ku</strong>ri nk’uko<br />

byanditswe.”<br />

Uko niko ikimenyetso giheruka cyo mu byereka<strong>na</strong> <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo cyagaragaye, ari<br />

cyo Yesu yari yarabwiye abigishwa be ati: “Nuko <strong>na</strong>mwe nimubo<strong>na</strong> ibyo byose, muzamenye<br />

yuko ari hafi, ndetse ageze <strong>ku</strong> rugi.” 446 Ibyo bimenyetso byose bimaze <strong>ku</strong>garagara, ikindi<br />

kintu gikomeye cyari hafi <strong>ku</strong>garagara ni uko Yoha<strong>na</strong> yabonye ijuru ryizinga nk’umuzingo<br />

w’igitabo bazinze, mu gihe isi yahindaga umushyitsi, imisozi n’ibirwa bikava mu mwanya<br />

wabyo, maze abanyabyaha <strong>ku</strong>bw’ubwoba bagashakashaka aho bihisha ubwiza bw’Umwa<strong>na</strong><br />

w’Umuntu. (Ibyahishuwe 6:12-17).<br />

Abantu benshi babonye <strong>ku</strong>gwa kw’inyenyeri, babifashe ko ari ikimenyetso giteguriza<br />

abantu urubanza rugiye <strong>ku</strong>za, “nk’ishusho iteye ubwoba y’integuza, ikimenyetso cyereka<strong>na</strong><br />

uwo munsi ukomeye kandi uteye ubwoba.” 447 Bityo, intekerezo z’abantu zerekejwe <strong>ku</strong><br />

gusohora k’ubuhanuzi maze benshi bita cyane <strong>ku</strong> muburo werekeye <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo.<br />

Mu mwaka wa 1840, hongeye <strong>ku</strong>baho u<strong>ku</strong>ndi gusohora kw’ibyahanuwe kwitaweho <strong>na</strong><br />

benshi. Mu myaka ibiri mbere, uwitwaga Yosiah Litch wari umwe mu babwirizabutumwa<br />

b’ingenzi wabwirizaga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, yanditse ibyo yasobanuraga <strong>ku</strong> gice cya 9<br />

cy’Ibyahishuwe, yerekeza <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>vaho k’Ubwami bwa Ottoman. Ha<strong>ku</strong>rikijwe uko yabaraga,<br />

ubwo bwami bwagombaga gu<strong>ku</strong>rwaho “mu kwezi kwa Ka<strong>na</strong>ma mu mwaka wa 1840 nyuma<br />

ya Kristo.” Kandi noneho mu minsi mike cyane ibanziriza gusohora k’ubwo buhanuzi bwe<br />

yaranditse ati: “Kuva umugabane wa mbere w’iki gihe ari wo ugizwe n’imyaka 150<br />

warasohoye rwose mbere y’uko Dikozesi (Deacozes) yima ingoma abiherewe uburenganzira<br />

n’Abanyaturukiya, kandi no <strong>ku</strong>ba imyaka 391 n’iminsi cumi n’itanu, yaratangiye <strong>ku</strong> iherezo<br />

ry’umugabane wa mbere w’iki gihe, bityo kizarangira <strong>ku</strong> wa 11 Ka<strong>na</strong>ma 1840, ubwo<br />

ubutware bwa Ottoman i Constantinople bwitezwe ko bubasha gu<strong>ku</strong>rwaho. Kandi ibi nizera<br />

ko ari ko bizaba.” 448<br />

Cya gihe cyavuzwe kigeze, binyuze <strong>ku</strong> bagihagarariye mu mahanga, igihugu cya Turukiya<br />

cyemeye <strong>ku</strong>rindwa n’ibihugu byunze ubumwe byo mu Burayi maze muri ubwo buryo kiba<br />

cyishyize aho kigomba <strong>ku</strong>gengwa n’ibihugu byemera Ubukristo. Icyo gikorwa cyasohoje<br />

ibyari byaravuzwe. Ibyo bimaze <strong>ku</strong>menyeka<strong>na</strong>, abantu benshi cyane bemeye ko amahame<br />

y’ubusobanuro bw’ubuhanuzi bwa Miller n’abo bafatanyije yari u<strong>ku</strong>ri rwose, maze itsinda<br />

ry’abavuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo rigira imbaraga itangaje. Abantu bize b’abahanga<br />

ndetse n’abanyacyubahiro bo mu myanya yo hejuru bifatanyije <strong>na</strong> Miller, byaba mu <strong>ku</strong>bwiriza<br />

no kwamamaza ibitekerezo bye, bityo bituma <strong>ku</strong>va mu 1840 <strong>ku</strong>geza mu 1844 umurimo<br />

waguka ugera henshi mu buryo bwihuse.<br />

William Miller yari umunyabwenge ukomeye, akagira ikinyabupfura akesha gutekereza<br />

cyane no kwiga. Hejuru y’iyo mico yari a<strong>na</strong>fite ubwenge mvajuru yakeshaga <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong><br />

umubano uhamye <strong>na</strong> Soko y’ubwenge. Yari umuntu w’inyangamugayo mu rwego rwo hejuru<br />

utaraburaga <strong>ku</strong>bahwa no guhabwa agaciro ahantu hose ubupfura n’imico mbonera<br />

244

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!