07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

muri icyo gihe cy’imibereho ye. Yari afite umuryango munini; ariko <strong>ku</strong>bera ko bose<br />

batasesaguraga kandi bagakora cyane byatumye isambu ye ibasha <strong>ku</strong>batunga ndetse no<br />

<strong>ku</strong>mufasha <strong>na</strong> we ubwe.<br />

Mu mwaka wa 1833, nyuma y’imyaka ibiri Miller yatangiye kwigisha mu ruhame<br />

ibihamya byereka<strong>na</strong> ko Kristo ari hafi <strong>ku</strong>garuka, ndetse n’ibimenyetso biheruka mu<br />

byagaragaye byari byaravuzwe n’Umukiza ko bizereka<strong>na</strong> <strong>ku</strong>garuka kwe. Yesu yaravuze ati:<br />

“Inyenyeri zizagwa ziva mu ijuru.” 441 Na Yoha<strong>na</strong> ubwo yerekwaga ari mu nzozi yavugiye<br />

mu Byahishuwe ibimenyetso bigomba <strong>ku</strong>banziriza umunsi w’Ima<strong>na</strong> ati : “Inyenyeri zo <strong>ku</strong><br />

ijuru zigwa hasi, nk’uko umutini, iyo unyeganyejwe n’umuyaga mwinshi, uragarika imbuto<br />

zawo zidahishije.” 442 Ubwo buhanuzi bwaje gusohora mu buryo butangaje ubwo inyenyeri<br />

nyinshi zagwaga <strong>ku</strong>wa 13 Ugushyingo 1833. Ibyo byabaye ukwigaragaza kw’inyenyeri<br />

zagwaga <strong>ku</strong>tari kwarigeze <strong>ku</strong>baho. “Icyo gihe ikirere cyose gitwikiriye <strong>Leta</strong> Zunze Ubumwe<br />

za Amerika cyamaze amasaha menshi cyivumbagatanyije! Ntihari harigeze <strong>ku</strong>baho ibintu<br />

nk’ibyo mu kirere cy’icyo gihugu <strong>ku</strong>va cyaturwa n’abantu ba mbere bakigezemo. Itsinda<br />

rimwe ry’abantu ryabirebanye gutangara gukomeye mu gihe irindi tsinda ryabireba<strong>na</strong>ga<br />

ubwoba bwinshi no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko ari imbuzi.” “Uburemere bw’uko <strong>ku</strong>gwa kw’inyenyeri ndetse<br />

n’uburyo byari byiza ntibizibagira<strong>na</strong> mu bitekerezo bya benshi. . . Ntabwo imvura yari<br />

yarigeze igwa mu buryo bukomeye ngo irushe uko inyenyeri zamanukaga zigwa <strong>ku</strong> isi.<br />

Iburasirazuba, iburengerazuba, amajyepfo n’amajyaruguru hose zagwaga mu buryo bumwe.<br />

Mu magambo make, ijuru ryose ryasaga n’iririmo urujya n’uruza. . . Ibyo byabaga, nk’uko<br />

byanditswe mu kinyama<strong>ku</strong>ru cy’umwigisha witwa Silliman, byagaragaye muri Amerika<br />

y’amajyaruguru yose. . . Uhereye saa mu<strong>na</strong>ni z’ijoro <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> manywa y’ihangu y’undi<br />

munsi, ikirere cyari cyiza cyane nta gacu <strong>na</strong> gato kaboneka, imuri nyinshi zirabagira<strong>na</strong><br />

zahoraga zinyura<strong>na</strong>mo mu kirere cyose.” 443<br />

“Nta mvugo y’umuntu yashobora kwandika ibihwanye rwose n’ishusho y’ibyabaye; . . .<br />

utarabibonye, ntashobora kwiyumvisha by’u<strong>ku</strong>ri ubwiza bw’ibyabaye. Byasaga <strong>na</strong>ho<br />

inyenyeri zose zo <strong>ku</strong> ijuru zari zakoraniye hamwe zikegera ubushorishori bwo mu kirere,<br />

maze zikohereza umucyo wazo icyarimwe mu mpande zose; nyamara umubare wazo wasaga<br />

n’utagabanuka <strong>na</strong> gato: ibihumbi n’ibihumbi by’inyenyeri zindi za<strong>ku</strong>rikiragaho bwangu<br />

nk’aho ziremwe uwo mwanya <strong>ku</strong>bwo ibyo.” 444 “Ntibyashobokaga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ishusho<br />

itunganye y’igiti cy’umutini kiragarika imbuto zacyo iyo gihungabanyijwe n’umuyaga<br />

mwinshi yari <strong>ku</strong>rushaho kwereka<strong>na</strong> iby’icyo gihe.” 445<br />

Mu kinyama<strong>ku</strong>ru cyandikirwaga i New York cyitwaga Jour<strong>na</strong>l of Commerce cyo <strong>ku</strong>wa 14<br />

Ugushyingo 1833, handitswemo ingingo ndende yavugaga <strong>ku</strong>ri ibyo bitangaza byabaye. Iyo<br />

ngingo yarimo amagambo a<strong>ku</strong>rikira: “Ndatekereza ko nta mucurabwenge cyangwa undi<br />

munyabwenge wigeze avuga cyangwa ngo yandike ibintu bimeze nk’ibyabaye mu gitondo<br />

cy’ejo hashize. Mu myaka igihumbi <strong>na</strong> maga<strong>na</strong> i<strong>na</strong>ni ishize umuhanuzi yari yarabivuze neza<br />

nk’uko byaje <strong>ku</strong>ba, nitugira umwanya wo <strong>ku</strong>bitekerezaho yuko <strong>ku</strong>gwa kw’inyenyeri<br />

243

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!