07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>ko muri iryo teraniro imiryango cumi n’itatu yose yarihannye, uretse abantu babiri gusa.<br />

Bahise bamusaba <strong>ku</strong>jya kwigisha no mu tundi turere, kandi ahantu hafi ya hose yajyaga<br />

imirimo ye yatumaga habaho ububyutse mu murimo w’Ima<strong>na</strong>. Abanyabyaha barahindukaga,<br />

Abakristo bagakangukira kwiyegurira Ima<strong>na</strong> biruseho, kandi abataremeraga ko Ima<strong>na</strong> yitaye<br />

<strong>ku</strong> bibera <strong>ku</strong> isi ndetse n’abatizera bakerekezwa <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri kwa Bibiliya n’iby’idini<br />

ya Gikristo. Ubuhamya bw’abo yabwirizaga bwari ubu ngo: “Ibyo avuga bigera <strong>ku</strong> itsinda<br />

ry’abanyabwenge bidaciye <strong>ku</strong> bandi bantu.” 440 Yabwirizaga mu buryo bukangura<br />

intekerezo z’abantu zikerekera <strong>ku</strong> ngingo zikomeye mu by’iyobokama<strong>na</strong> kandi agashegesha<br />

imibereho yo gutwarwa n’ingeso z’isi n’irari byiganzaga muri icyo gihe.<br />

Hafi muri buri mujyi wose, bamwe mu bantu amaga<strong>na</strong> menshi bariha<strong>na</strong>ga bitewe<br />

n’ibibwirizwa bye. Ahantu henshi, amatorero atandukanye y’Abaporotesitanti hafi ya yose<br />

yaramwakiraga, kandi ubutumire bwo <strong>ku</strong>gira ngo azaze kwigisha bwavaga mu<br />

bavugabutumwa bo mu matorero menshi atandukanye. Yari afite itegeko ridahinduka<br />

agenderaho ko atagomba <strong>ku</strong>jya kwigisha aho atararitswe, nyamara bidatinze aza <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko<br />

ata<strong>na</strong>gishoboye gusubiza nibura <strong>na</strong> kimwe cya kabiri cy’ubutumire yabaga yahawe ngo ajye<br />

<strong>ku</strong>bwiriza. Abantu benshi batemeraga ibyo yavugaga bihamya igihe ntarengwa Kristo<br />

yagombaga <strong>ku</strong>garukiraho, bemeye ko <strong>ku</strong>za kwa Kristo ari ihame kandi ko kwegereje ndetse<br />

ko ari ngombwa kwitegura. Mu mijyi imwe minini, umurimo we wakoze <strong>ku</strong> mitima ya benshi<br />

mu buryo bukomeye. Abacuruzaga inzoga baretse ubwo bucuruzi ahubwo aho bacururizaga<br />

bahahindura ibyumba byo gusengeramo; ibyumba byakinirwagamo urusimbi birafungwa;<br />

abatarizeraga Ima<strong>na</strong>, abizeraga ko ititaye <strong>ku</strong> bibera <strong>ku</strong> isi, abizeraga ko Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bw’ubuntu<br />

bwayo izakiriza abantu bose mu bwami bwayo baba babi cyangwa beza, ndetse n’abantu bari<br />

barahanebereye mu bibi baravuguruwe kandi bamwe muri bo bari bamaze imyaka myinshi<br />

badakandagira ahasengerwa. Amatorero atandukanye yateranyaga amateraniro yo gusenga<br />

mu mpande zitari zimwe z’umujyi kandi hafi ya buri saha, abacuruzi bahagarika imirimo yabo<br />

buri saa sita z’amanywa bagateranira hamwe ngo basenge kandi basingize Ima<strong>na</strong>. Nta<br />

gutwarwa n’imico mibi byari biriho, ahubwo muri rusange intekerezo z’abantu zari<br />

zuzuwemo kwitwararika. Umurimo wa Miller, kimwe n’uw’abagorozi ba mbere, werekezaga<br />

<strong>ku</strong> kwemeza intekerezo z’abantu no gukangura umutima<strong>na</strong>ma aho gukangura<br />

amarangamutima gusa.<br />

Mu mwaka wa 1833, <strong>Itorero</strong> ry’Ababatisita yari abereye umuyoboke ryamuhaye<br />

uburenganzira bwo <strong>ku</strong>jya abwiriza. Umubare munini w’ababwirizabutumwa bo mu itorero<br />

rye bemeraga umurimo akora kandi <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>mushyigikira byatumye akomeza uwo murimo.<br />

Yagendaga hirya no hino kandi agakomeza <strong>ku</strong>bwiriza adahwema, nubwo imirimo ye yibanze<br />

cyane cyane mu Bwongereza Bushya no muri <strong>Leta</strong> zo hagati. Mu gihe cy’imyaka myinshi,<br />

yirihiriraga ibyo yakoreshaga byose a<strong>ku</strong>ye amafaranga mu mutungo we bwite, kandi nyuma<br />

y’aho ntiyashoboye <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> amafaranga ahagije yo <strong>ku</strong>murihira ingendo zose zerekezaga aho<br />

yararikirwaga <strong>ku</strong>jya. Bityo, aho <strong>ku</strong>gira ngo ibyo yakoreraga mu ruhame bimuzanire inyungu<br />

y’amafaranga, byamubereye umutwaro <strong>ku</strong> butunzi bwe bwagiye bugabanuka buhoro buhoro<br />

242

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!