07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

yaba ari mu ikosa kandi akaba intandaro yo <strong>ku</strong>yobya abandi. Byatumye ajya kongera<br />

gusuzuma ibihamya bishyigikira imyanzuro yari yaragezeho no gusuzuma<strong>na</strong> ubushishozi buri<br />

ngingo yose ikomeye yigaragarizaga intekerezo ze. Yabonye ko imbere y’umucyo w’ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong> ibimuvuguruza bivaho nk’uko umwijima uhunga imbere y’imirasire y’izuba.<br />

Amaze imyaka itanu akora ubwo bushakashatsi, yasigaye yemera adashidikanya ko ibyo<br />

yemera ari u<strong>ku</strong>ri rwose.<br />

Noneho inshingano yo <strong>ku</strong>menyesha abandi ibyo yizeraga ko byigishwa mu buryo<br />

busobanutse neza mu Byanditswe, yaremereye umutima we ifite imbaraga nshya. Yaravuze<br />

ati: “Ubwo <strong>na</strong>baga mpugiranye mu kazi kanjye, numvaga aya magambo adahwema <strong>ku</strong>vugira<br />

mu matwi yanjye ngo, ‘Genda ubwire abatuye isi iby’akaga kabategereje.’ Iri somo<br />

ntiryahwemaga <strong>ku</strong>nza mu bitekerezo rivuga riti: ‘Nimbwira umunyabyaha nti ‘Wa<br />

munyabyaha we, gupfa ko uzapfa’, maze <strong>na</strong>we ntugire icyo uvuga cyo <strong>ku</strong>burira umunyabyaha<br />

ngo ave mu nzira ye; uwo munyabyaha azapfa, azize ibyaha bye, ariko amaraso ye, ni wowe<br />

nzayabaza. Ariko nuburira umunyabyaha ngo ahindukire ave mu nzira ye, <strong>na</strong>dahindukira ngo<br />

ave mu nzira ye; azapfa azize ibyaha bye, ariko weho uzaba ukijije ubugingo bwawe.” 438<br />

Niyumvishijemo ko abanyabyaha baramutse baburiwe mu buryo bukwiriye, benshi muri bo<br />

bashobora kwiha<strong>na</strong>; kandi ko niba bataburiwe , amaraso yabo ari njye azabazwa.” 439<br />

Atangira <strong>ku</strong>jya amenyesha abantu ibitekerezo bye yiherereye uko yashoboraga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong><br />

uburyo, akajya asaba Ima<strong>na</strong> ngo abavugabutumwa bamwe babashe <strong>ku</strong>mva imbaraga iri muri<br />

izo nyigisho ze, kandi ngo abashe kwirundurira mu <strong>ku</strong>zamamaza <strong>ku</strong> mugaragaro. Ariko<br />

ntiyashoboraga kwiva<strong>na</strong>mo icyo yemeraga cy’uko afite inshingano yihariye agomba gukora<br />

atanga umuburo. Aya magambo a<strong>ku</strong>rikira yakomezaga <strong>ku</strong>garuka mu ntekerezo ze ngo:<br />

“Genda uburire abatuye isi; nza<strong>ku</strong>baza amaraso yabo.” Yashidikanyije imyaka cyenda yose,<br />

ariko uwo mutwaro ukomeza <strong>ku</strong>muremerera mu mutima, <strong>ku</strong>geza ubwo mu mwaka wa 1831,<br />

bwabaye incuro ya mbere, yavuze impamvu zo kwizera kwe <strong>ku</strong> mugaragaro.<br />

N<strong>ku</strong>ko Elisha yahamagawe ngo ave aho yari a<strong>ku</strong>rikiye ibimasa yahingishaga mu murima,<br />

<strong>ku</strong>gira ngo yakire umwitero wamugaragarizaga ko ahamagariwe <strong>ku</strong>ba umuhanuzi, ni ko <strong>na</strong><br />

William Miller yahamagawe gusiga imashini yahingishaga akajya guhishurira abantu ubwiru<br />

bw’ubwami bw’Ima<strong>na</strong>. Yatangiye umurimo we atengurwa n’ubwoba, akagenda buhoro<br />

buhoro yerekeza abamutegeye amatwi mu by’ibihe by’ubuhanuzi <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>garuka kwa<br />

Kristo. Uko yakoreshaga umuhati wose ni ko yarushagaho kongerwa imbaraga n’ubutwari<br />

ubwo yabo<strong>na</strong>ga uburyo amagambo ye akangura abantu benshi bakayagirira ubwuzu.<br />

Abisabwe gusa n’abavandimwe be mu kwizera, ni ho Miller yemeye kwigisha <strong>ku</strong><br />

mugaragaro ibyo yemerega <strong>ku</strong>ko yumviye umuhamagaro w’Ima<strong>na</strong> mu magambo yabo. Icyo<br />

gihe yari afite imyaka mirongo itanu y’ubu<strong>ku</strong>ru, kandi ntiyari amenyereye <strong>ku</strong>vugira mu<br />

ruhame; ndetse yari aremerewe no no <strong>ku</strong>mva ko adakwiriye gukora umurimo wari imbere ye.<br />

Ariko <strong>ku</strong>va mu itangira, imirimo ye yahiriwe mu buryo bukomeye <strong>ku</strong>bw’agakiza ka benshi.<br />

Ukwigishiriza mu ruhame kwa mbere yagize kwa<strong>ku</strong>rikiwe no gukanguka mu byo kwizera<br />

241

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!