07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

w’Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong> iherezo ry’iki gihe kirekire cy’ubuhanuzi “ubuturo bwera bwagombaga<br />

kwezwa.” Bityo rero igihe cyo kwezwa k’ubuturo bwera — cyemerwaga hafi <strong>na</strong> bose ko<br />

kizabaho Kristo agarutse — cyagaragajwe nta shiti.<br />

Miller n’abo bari bafatanyije babanje kwizera ko iminsi 2300 izarangira mu itumba ryo<br />

mu mwaka wa 1844, mu gihe ubuhanuzi bushyira iherezo ry’icyo gihe mu muhindo w’uwo<br />

mwaka. Ikosa ryakozwe <strong>ku</strong>ri iyo ngingo ryateje gucika intege no guhangayika no kwiheba <strong>ku</strong><br />

bari barashyize igihe cyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo <strong>ku</strong> itariki ya mbere. Nyamara ibyo<br />

ntibyadohoye igitekerezo cyereka<strong>na</strong>ga ko iminsi 2300 yarangiye mu mwaka wa 1844, kandi<br />

ko igikorwa gikomeye cyagereranyijwe no kwezwa k’ubuturo bwera kigomba <strong>ku</strong>baho.<br />

Miller yagiye kwiga Ibyanditswe Byera nk’uko yari yarabikoze, afite umugambi wo<br />

<strong>ku</strong>menya ko byahishuwe n’Ima<strong>na</strong> koko. Agitangira Miller ntiyari yiteze <strong>na</strong> gato <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong><br />

mwanzuro yagezeho. Nawe ubwe kwizera ibyo agezeho byaramugoye. Ariko igihamya<br />

cy’Ibyanditswe byera cyarumvika<strong>na</strong>ga cyane kandi gifite imbaraga <strong>ku</strong> buryo<br />

cyakwirengagizwa.<br />

Yari amaze imyaka ibiri yiga Bibiliya, ubwo mu mwaka wa 1818 yageraga <strong>ku</strong> mwanzuro<br />

ukomeye ko hafi mu myaka ma<strong>ku</strong>myabiri n’itanu, Kristo yagombaga <strong>ku</strong>za gucungura ubwoko<br />

bwe. Miller yaravuze ati: “Ntabwo nshobora <strong>ku</strong>vuga iby’ibyishimo byuzuye umutima wanjye<br />

<strong>ku</strong>bwo gutekereza icyo <strong>na</strong>ri ntegereje kinejeje, cyangwa ngo mvuge iby’uru<strong>ku</strong>mbuzi rwuzuye<br />

ubugingo bwanjye rwo <strong>ku</strong>zishima<strong>na</strong> n’abacunguwe. Noneho Bibiliya yari imbereye igitabo<br />

gishya. Yari ibaye aho ubwenge buhagirizwa; ibyahoze ari umwijima, amayobera <strong>ku</strong>ri njye<br />

mu byo Bibiliya yigisha, byari byamaze gutamuruka mu ntekerezo zanjye mbere y’uko<br />

umucyo urabagira<strong>na</strong> urasa uturuka mu mpapuro zayo zera. Oh, mbega uburyo u<strong>ku</strong>ri<br />

kwarabagira<strong>na</strong>ga kandi <strong>ku</strong>kambera kwiza! Ibyavuguruzanyanga n’ibitarumvika<strong>na</strong>ga <strong>na</strong>jyaga<br />

mbo<strong>na</strong> mbere mu ijambo ry’Ima<strong>na</strong> byarashize; kandi n’ubwo hari hakiriho imigabane myinshi<br />

y’iryo jambo <strong>na</strong>ri ntaranyurwa n’ibyo ivuga noneho <strong>na</strong>rasobanukiwe muburyo bwuzuye.<br />

Umucyo mwinshi wari wavuye muri iryo jambo <strong>ku</strong>gira ngo umurikire ubwenge bwanjye<br />

bwari busanzwe mu mwijima, <strong>ku</strong> buryo numvise nezejwe no kwiga Ibyanditswe ntari <strong>na</strong>rigeze<br />

nibwira ko bishobora gukomoka mu byo Bibiliya yigisha.” 436<br />

“Maze kwemera nta shiti yuko ibizabaho uko bivugwa mu Byanditswe, bigomba gusohora<br />

muri icyo gihe gito, kandi nshingiye <strong>ku</strong> gihamya cyari cyakoze <strong>ku</strong> ntekerezo zanjye, <strong>na</strong>gize<br />

ikibazo kinkomereye cyerekeranye n’inshingano mfite <strong>ku</strong> batuye iyi si.” 437 Ntiyashoboraga<br />

kwiyambura umutima umwumvisha ko afite inshingano yo <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> bandi umucyo yari<br />

amaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong>. Yari yiteze guhura n’abamurwanya baturutse mu batubaha Ima<strong>na</strong>, ariko yari<br />

afite ibyiringiro yuko Abakristo bose bazashimishwa n’ibyiringiro byo <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> Umukiza<br />

bavugaga ko ba<strong>ku</strong>nda. Ubwoba yari afite gusa bwari uko, muri uko kwishimira cyane<br />

gucungurwa kwabo guhebuje kwari <strong>ku</strong>giye <strong>ku</strong>baho bidatinze, benshi bari kwakira iyo<br />

nyigisho batabanje gusuzuma<strong>na</strong> Ibyanditswe Byera ubwitonzi mu buryo buhagije ngo<br />

bagaragaze u<strong>ku</strong>ri bivuga. Bityo rero, yabanje <strong>ku</strong>gira impungenge zo <strong>ku</strong><strong>ku</strong>bwiriza, atinya ko<br />

240

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!