07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ariko Ima<strong>na</strong> yari yabwiye intumwa yayo iti: “Sobanurira uwo muntu ibyo yeretswe.” Iryo<br />

tegeko ryagombaga <strong>ku</strong>bahirizwa. Kubwo <strong>ku</strong>mvira iryo tegeko, marayika yagarutse <strong>ku</strong>ri<br />

Daniyeli nyuma y’igihe ru<strong>na</strong>ka maze aramubwira ati: “ubu nzanywe no <strong>ku</strong>ngura ubwenge<br />

bwawe. . . Nuko iryo jambo uritekereze cyane, umenye n’ibyo weretswe.” 429 Mu iyerekwa<br />

ryo mu gice cya 8 harimo ingingo imwe itarasobanuwe, ari yo yerekeranye n’igihe cy’iminsi<br />

2 300. Bityo, ubwo marayika yasubu<strong>ku</strong>raga ubusobanuro yamuhaga, yatinze cyane <strong>ku</strong> ngingo<br />

y’igihe:<br />

“Ibyumweru mirongo irindwi bitegekewe ubwoko bwawe n’umurwa wera . . .Nuko<br />

ubimenye, ubyitegereze yuko uhereye igihe bazategekera <strong>ku</strong>baka i Yerusalemu bayisa<strong>na</strong><br />

<strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong>ri Mesiya Umutware, hazabaho ibyumweru birindwi; maze habeho ibindi<br />

byumweru mirongo itandatu <strong>na</strong> bibiri, bahubake basubizeho imiharuro n’impavu; ndetse<br />

bizakorwa mu bihe biruhije. Ibyo byumweru uko ari mirongo itandatu <strong>na</strong> bibiri nibishira,<br />

Mesiya aza<strong>ku</strong>rwaho, kandi ntacyo azaba asigaranye. . . Uwo mutware azasezera<strong>na</strong> <strong>na</strong> benshi<br />

isezerano rikomeye, rimare icyumweru kimwe. Nikigera hagati, azabuzanya ibitambo<br />

n’amaturo.”<br />

Umumarayika yohererejwe Daniyeli <strong>ku</strong>bw’umugambi udasanzwe wo <strong>ku</strong>musobanurira<br />

icyo atari yasobanukiwe mu iyerekwa ryo mu gice cya mu<strong>na</strong>ni, ari cyo: Ibyavuzwe<br />

byerekeranye n’igihe, “kigeza <strong>ku</strong> minsi 2 300 uko bukeye bukira, nyuma ubuturo bwera<br />

buzabone kwezwa.” Marayika amaze <strong>ku</strong>bwira Daniyeli ati: “Umva yewe mwa<strong>na</strong> w’umuntu<br />

ibyo weretswe,” amagambo ya mbere yavuze ni aya ngo, “Ibyumweru mirongo irindwi<br />

bitegekewe ubwoko bwawe n’umurwa wera.” Ijambo ryasobanuwe aha ngaha ngo<br />

“byagenewe” cyangwa “bitegekewe” risobanura mu by’u<strong>ku</strong>ri ngo, “bya<strong>ku</strong>we.” Marayika<br />

avuga ko ibyumweru mirongo irindwi, bihwanye n’igihe cy’imyaka 490, bigomba<br />

gu<strong>ku</strong>rwaho, <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>generwa Abayuda by’umwihariko. Ariko se byagombaga gu<strong>ku</strong>rwa<br />

<strong>ku</strong>ki? Kubera ko iminsi 2300 ari cyo gihe cyonyine kivugwa mu gice cya mu<strong>na</strong>ni, kigomba<br />

<strong>ku</strong>ba ari cyo gihe ibyumweru mirongo irindwi bya<strong>ku</strong>weho. Bityo rero ibyumweru mirongo<br />

irindwi bigomba <strong>ku</strong>ba ari umugabane umwe w’iminsi 2300, kandi ibyo bihe byombi bigomba<br />

gutangirira hamwe. Marayika yavuze ko ibyumweru mirongo irindwi byagombaga<br />

gutangirira igihe itegeko ryo gusa<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>baka Yerusalemu ryashyiriweho. Iyo tariki niba<br />

ishobora <strong>ku</strong>boneka, bityo rero <strong>ku</strong>menya itangiriro ry’icyo gihe cy’iminsi 2 300<br />

byarashobokaga.<br />

Iryo tegeko riboneka mu gice cya karindwi cy’igitabo cya Ezira. 430 Ryatanzwe uko<br />

ryakabaye n’umwami Aritazerusi w’Ubuperesi mu mwaka wa 457 mbere ya Yesu-Kristo.<br />

Ariko muri Ezira 6:14 havuga ko inzu y’Uwiteka i Yerusalemu yubatswe “<strong>ku</strong>bw’itegeko rya<br />

Kuro <strong>na</strong> Dariyo ndetse n’irya Aritazerusi umwami w’Ubuperesi.” Abo bami batatu, mu<br />

gushyiraho, kwemeza no <strong>ku</strong>nonosora iryo tegeko, bahuje n’ibyo ubuhanuzi bwari bwaravuze<br />

riba itangiriro ry’imyaka 2300. Iyo ufashe umwaka wa 457 mbere ya Yesu-Kristo, ari cyo<br />

gihe iryo tegeko ryanonosowe rigashyirwaga mu bikorwa, nk’itariki yo gutanga iryo tegeko,<br />

236

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!