07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ibigiye <strong>ku</strong>zabaho bitangaje bitigieze bibaho mu mateka y’abantu nk’uko byanditswe neza mu<br />

Ijambo ry’u<strong>ku</strong>ri.<br />

Miller yaravuze ati: “Ubwo <strong>na</strong>ri maze kwemezwa rwose ko Ibyanditswe Byera byose<br />

byahumetswe n’Ima<strong>na</strong> bifite umumaro wo kwigisha umuntu (2 Timoteyo 3;16); ko igihe<br />

cyose bitigeze bizanwa n’ubushake bw’umuntu, ko ahubwo abantu b’Ima<strong>na</strong> bavugaga<br />

ibyavaga <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> bashorewe <strong>na</strong> Mwuka Muziranenge” (2Petero 1:21), kandi bikaba<br />

byarandikiwe ‘<strong>ku</strong>twigisha, <strong>ku</strong>gira ngo kwihanga<strong>na</strong> no guhumurizwa bitangwa <strong>na</strong> byo<br />

biduheshe ibyiringiro,’ (Abaroma 15:4), nta kindi <strong>na</strong>koze uretse gufata ko imigabane<br />

i<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong> ya Bibiliya ari umugabane w’ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, kandi ko dukwiriye <strong>ku</strong>bizirika<strong>na</strong><br />

cyane tukabiha agaciro nk’indi migabane yose y’Ibyanditswe Byera. Kubw’ibyo, numvise ko<br />

mu gushishikarira gusobanukirwa icyo Ima<strong>na</strong>, mu mbabazi zayo, yabonye ko bikwiriye ko<br />

ibiduhishurira, niyumvisemo ko ntafite uburenganzira bwo kwirengagiza iby’ibihe<br />

by’ubuhanuzi.” 426<br />

Ubuhanuzi bwasaga n’ubuhishura neza <strong>ku</strong>rutaho iby’igihe cyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, ni<br />

ubuhanuzi bwa Daniyeli 8:14: “Bizageza iminsi ibihumbi bibiri <strong>na</strong> maga<strong>na</strong> atatu uko bukeye<br />

bukira: nyuma ubuturo bwera buzabone kwezwa.” A<strong>ku</strong>rikije itegeko yagenderagaho ko<br />

Ibyanditswe byisobanura ubwabyo, Miller yaje gusanga ko umunsi umwe mu mvugo ya<br />

gihanuzi uhagarariye umwaka umwe ; 427 yabonye ko igihe cy’iminsi 2300 y’ubuhanuzi,<br />

cyangwa se imyaka nya<strong>ku</strong>ri, cyagombaga <strong>ku</strong>renga <strong>ku</strong> iherezo ry’igihe Abayuda bagombaga<br />

gushyirwa <strong>ku</strong>ri gahunda <strong>ku</strong>bw’itegeko ry’ijuru, <strong>ku</strong>bw’ibyo rero, iyo myaka ntishobora<br />

kwerekeza <strong>ku</strong> buturo bw’icyo gihe cy’abayuda. Miller yahereye ko yemera igitekerezo<br />

cyemerwaga muri rusange ko mu gihe cya Gikristo isi ari ubuturo, bityo asobanukirwa ko<br />

kwezwa k’ubuturo <strong>ku</strong>vugwa muri Daniyeli 8:14, byerekeje <strong>ku</strong> kwezwa kw’isi yejeshwa<br />

umuriro ubwo Kristo azaba agarutse. Niba bimeze bityo rero, hashobra <strong>ku</strong>boneka igihe<br />

nyacyo cyo gutangira kw’iminsi 2300 maze Miller afata umwanzuro ko igihe cyo <strong>ku</strong>garuka<br />

kwa Kristo gishobora guhita cyemezwa. Bityo rero, igihe cya kwa <strong>ku</strong>rimbuka gukomeye<br />

cyashoboraga guhishurwa, igihe ubwo uko isi iriho ubu, n’“ubwibone bwayo n’ubushobozi,<br />

i<strong>ku</strong>zo n’ubwirasi, ubugome no <strong>ku</strong>renganya, byagombaga <strong>ku</strong>gira iherezo;” ubwo umuvumo<br />

“uza<strong>ku</strong>rwa mu isi, urupfu ruga<strong>ku</strong>rwaho ubutazongera <strong>ku</strong>baho u<strong>ku</strong>ndi, igihe ingororano<br />

zizahabwa abagaragu b’Ima<strong>na</strong>, abahanuzi n’abera kimwe n’abatinya izi<strong>na</strong> ryayo bose; kandi<br />

abarimbura isi <strong>na</strong>bo bagatsembwaho.”- 428<br />

Miller yakomeje kwiga ubuhanuzi afite ishyushyu n’umwete mwinshi, akamara iminsi<br />

n’amajoro yiga ibyo yavumburaga ko ari ingenzi kandi bikwiriye kwitabwaho. Ariko mu gice<br />

cya mu<strong>na</strong>ni cy’igitabo cya Daniyeli ntiyashoboye <strong>ku</strong>habo<strong>na</strong> urufunguzo rumwereka itangiriro<br />

ry’iminsi 2 300; nubwo marayika Gaburiyeli yatumwe gusobanurira Daniyeli iby’izo nzozi,<br />

yamuhaye ubusobanuro butuzuye. Ubwo umuhanuzi yerekwaga itotezwa rikomeye<br />

ryagombaga <strong>ku</strong>gwira itorero, yacitse intege. Ntiyashobora kwihanga<strong>na</strong> igihe kirekire mu<br />

iyerekwa, maze marayika aba amuvuye hafi. Daniyeli “yacitse intege amara iminsi arwaye.”<br />

Yaravuze ati: “<strong>na</strong>tangajwe n’ibyo neretswe; nyamara nta muntu wabimenye.”<br />

235

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!