07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

imbere ye, abarobanure nk’uko umwungeri arobanura intama mu ihene: intama azazishyira<br />

iburyo bwe, <strong>na</strong>ho ihene azishyire ibumoso. Maze Umwami azabwira abari iburyo bwe ati:<br />

‘Nimuze mwebwe abo Data yahaye umugisha, muragwe ubwami bwabatunganirijwe uhereye<br />

<strong>ku</strong> <strong>ku</strong>remwa kw’isi.” 422 Muri aya masomo, tumaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko ubwo Umwa<strong>na</strong> w’umuntu<br />

azaza, abapfuye bazazuka ubutazongera <strong>ku</strong>bora kandi ko abazaba bakiriho bazahindurwa.<br />

Kubw’uko guhindurwa gukomeye, bazaba biteguye <strong>ku</strong>ragwa ubwami; <strong>ku</strong>ko Pawulo avuga<br />

ati: “Abafite umubiri n’amaraso bisa ntibabasha <strong>ku</strong>ragwa ubwami bw’Ima<strong>na</strong>, kandi ibibora<br />

ntibibasha <strong>ku</strong>ragwa ibitabora.” 423 Umuntu uko ateye muri iki gihe, ni ikiremwa gipfa,<br />

arangirika; ariko ubwami bw’Ima<strong>na</strong> ntibuzangirika, buzabaho iteka ryose. Kubw’iyo<br />

mpamvu, umuntu uko ateye ubu ntashobora kwinjira mu bwami bw’Ima<strong>na</strong>. Ariko ubwo Yesu<br />

azaba aje, azaha abantu be <strong>ku</strong>dapfa; maze abahamagare ngo baragwe ubwami bwabateguriwe.<br />

Ayo masomo n’andi asa <strong>na</strong> yo yagaragarije neza intekerezo za Miller ko ibitegerejwe muri<br />

rusange <strong>ku</strong>baho mbere yo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, nk’ubwami bw’amahoro <strong>ku</strong> isi yose ndetse<br />

no gushyirwaho k’ubwami bw’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> isi, ko atari ko bimeze, ahubwo ko biza<strong>ku</strong>rikira<br />

<strong>ku</strong>garuka kwe. Byongeye kandi, ibimenyetso byose by’ibihe n’uko isi yari imeze byari bihuje<br />

rwose n’ibyahanuwe bivuga ibihe biheruka. Ahereye <strong>ku</strong> byo yize mu Byanditswe byonyine,<br />

Miller yageze <strong>ku</strong> mwanzuro uvuga ko igihe cyahawe isi ngo ibe uko yari imeze icyo gihe<br />

cyari kigiye <strong>ku</strong>rangira.<br />

Yaravuze ati: “Ikindi gihamya cyakoze <strong>ku</strong> ntekerezo zanjye mu buryo bukomeye ni<br />

uruhererekane rw’Ibyanditswe ... Nabonye ko ibyari byaravuzwe ko bizaba byasohoye mu<br />

gihe cyashize, akenshi byabagaho mu gihe nyacyo byari byarahanuwe ko bizaba. Niko<br />

byabaye <strong>ku</strong> myaka ija<strong>na</strong> <strong>na</strong> ma<strong>ku</strong>myabiri yahanuriwe umwuzure (Itang. 6:3); iminsi irindwi<br />

yagomba <strong>ku</strong>wubanziriza, n’iminsi mirongo ine y’imvura yahanuwe (Itang. 7:4); imyaka<br />

maga<strong>na</strong> ane urubyaro rwa Aburahamu ruzamara muri Egiputa (Itang. 15:13); iminsi itatu yo<br />

mu nzozi z’umuhereza wa vino n’iz’umuhereza w’imitsima (Itang. 40:12-20); imyaka irindwi<br />

ya Farawo ( Itang. 41:28-54); imyaka mirongo ine mu butayu (Kubara14:34), imyaka itatu<br />

n’igice y’inzara (1Abami 17:1) . . imyaka mirongo irindwi yo <strong>ku</strong>ba mu bunyage (Yeremiya<br />

25:11); ibihe birindwi (imyaka) byahawe Nebukadinezari (Daniyeli 4:13-16); ibyumweru<br />

birindwi, ibyumweru mirongo itandatu <strong>na</strong> bibiri n’icyumweru kimwe byose bikoze<br />

ibyumweru mirongo irindwi byagenewe Abayuda (Daniyeli 9:24-27). Ibintu byabayeho<br />

byavuzwe igihe bizabera muri ibi bihe tubonye byose byari ibihe by’ubuhanuzi, kandi<br />

byasohoye nk’uko byari byarahanuwe.” 424<br />

Kubw’iyo mpamvu, ubwo Miller yigaga Bibiliya, yabonye ibihe bitandukanye<br />

bi<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong> byagombaga <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> gihe cyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, a<strong>ku</strong>rikije uko<br />

yabyumvaga mu bwenge bwe, nta kindi yakoze uretse <strong>ku</strong>bifata ko “ibihe byagenwe mbere,”<br />

ibyo Ima<strong>na</strong> yari yarahishuriye abagaragu bayo. Mose yaravuze ati: “Ibihishwe ni iby’Uwiteka<br />

Ima<strong>na</strong> yacu, ariko ibyahishuwe ni ibyacu n’urubyaro rwacu iteka,” 425 kandi Umukiza<br />

yavugiye mu kanwa k’umuhanuzi Amosi ati: “Ima<strong>na</strong> ntizagira icyo ikora itabanje guhishurira<br />

abagaragu bayo.” Bityo rero, abiga ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bashobora gutegerezanya ibyiringiro<br />

234

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!