Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Kuva ubwo, Miller yemeye ku mugaragaro ko yizera idini yari yaragiye asuzugura. Ariko incuti ze zitizeraga ntizabuze kuzana ibitekerezo byose nawe ubwe yajyaga atanga arwanya ubushobozi mvajuru Ibyanditswe bifite. Ntabwo rero yari yiteguye kubasubiza; ariko yatekereje ko niba Bibiliya ari ihishurwa ryakomotse ku Mana, igomba kwisobanura ubwayo; kandi atekereza ko ubwo yatangiwe kwigisha umuntu, igomba gusobanurwa kugira ngo abashe kuyumva. Yiyemeje kujya yiyigisha Ibyanditswe kugira ngo ashobore gusobanukirwa n’ibivuguruzanya muri Bibiliya niba ntaho bihurira bikuzuzanya. Yihatiye kwirengagiza ibitekerezo byose byari bimurimo mbere, kandi yirinda gushyiraho ubusobanuro bwe bwite, akagereranya umurongo n’undi yifashishije amashakiro atangwa ku mpera z’urupapuro n’igitabo kiranga amasomo ya Bibiliya. Yakomeje kwiga adasiba mu buryo bunonosoye; atangirira mu Itangiriro, agasoma umurongo ku murongo. Ntiyihutaga atabanje kumva ubusobanuro bw’imirongo myinshi ngo busige ibitamusobanukiraga byose bishize. Iyo yahuraga n’isomo ritamusobanukiye, yari afite akamenyero ko kurigereranya n’andi masomo asa n’aho afitanye isano n’ingingo ariho. Buri jambo ryose ryahabwaga ubusobanuro bwaryo bwite mu ngingo isomo rivuga, kandi iyo uko yaryumvaga kwahuzaga n’amagambo bibangikanye, ntabwo ryakomezaga kumubera ingorane. Bityo, igihe cyose yahuraga n’umurongo uruhije gusobanukirwa, yabonaga ubusobanuro mu yindi mirongo y’Ibyanditswe. Uko yigaga kandi asenga asaba kumurikirwa n’ijuru, ibyari byaramubereye urujijo mbere ntashobore kubisobanukirwa byarasobanukaga akabyumva. Yasobanukiwe n’amagambo y’ukuri k’umunyazaburi avuga ngo: “Guhishurirwa amagambo yawe kuzana umucyo, guha abaswa ubwenge. ” 415 Yize igitabo cya Daniyeli n’Ibyahishuwe abishishikariye cyane, agakoresha uburyo bwo gusobanura nk’ubwo yakoreshaga yiga ibindi byanditswe, maze n’ibyishimo byinshi, abona ko ibimenyetso bikoreshwa mu buhanuzi bishobora kumvikana. Yabonye ko ubuhanuzi bwari bwaramaze gusohora bwasohoye nk’uko bwari bwaravuzwe; kandi ko imvugo shusho nyinshi, imigani n’isanisha ry’uburyo bwinshi . . . byagiye bisobanurwa muri ayo masomo bivugwamo, cyangwa se amagambo byakoreshejwemo akaba yarasobanuwe mu yindi mirongo, kandi iyo byasobanurwaga bityo, byumvikana nk’uko byanditswe mu buryo butaziguye. Miller yaravuze ati: “Uko ni ko nabashije kunyurwa n’uko Bibiliya ari urwunge rw’ukuri kwahishuwe, kwatanzwe mu buryo bwumvikana kandi bworoshye ku buryo abagendera mu nzira zayo nubwo baba ari abaswa, batazayoba.” 416 Uko yagendaga avumbura imirongo ikomeye y’ubuhanuzi buhoro buhoro, ni ko umuhati we wamuheshaga kubona amapfundo agenda akurikiranye y’umurunga w’ubuhanuzi. Abamarayika bo mu ijuru bayoboraga intekerezo ze kandi bagasobanurira ubwenge bwe Ibyanditswe. Afatiye ku buryo ubuhanuzi bwagiye busohora mu bihe byashize nk’ikintu ngenderwaho mu kwemeza ko ibyari bitarasohora bitazabura kubaho, yabashije kwemera ko igitekerezo cyari cyarabaye gikwira cyavugaga iby’ubwami bw’umwuka bwa Kristo (igihe cy’imyaka igihumbi kizabaho mbere y’uko isi irangira) kidashyigikiwe n’Ijambo ry’Imana. Iyi nyigisho yerekenaga imyaka igihumbi y’ubutungane n’amahoro izabaho mbere yo kugaruka kwa 232

Itorero na Leta ku Rugamba Kristo, yahakanaga ibiteye ubwoba bizaba ku munsi w’Imana. Nyamara uko iki gitekerezo cyaba kinejeje kose, kinyuranye n’inyigisho za Kristo n’abigishwa be bavuze ko ingano n’urukungu bigomba gukurana kugeza ku isarura, ari wo munsi w’imperuka y’isi; kandi ko “abantu babi n’abashukanyi bazarushaho kuba babi,” kandi ko “mu minsi y’imperuka hazaza ibihe birushya;” 417 ko ubwami bw’umwijima buzakomeza kubaho kugeza igihe cyo kugaruka k’Umukiza, kandi ko ubwo bwami azaburimbuza umwuka uva mu kanwa ke, kandi akabutsembesha kuboneka k’ubwiza bwe. 418 Inyigisho yavugaga ko isi izahindurwa kandi hakabaho ubwami bw’umwuka bwa Kristo ntiyemerwaga n’itorero ry’intumwa. Muri rusange iyo nyigisho ntiyari yaremewe n’abakristo kugeza hafi mu itangira cy’ikinyejana cya cumi n’umunani. Kimwe n’andi makosa yose, nayo yateje ingaruka mbi. Yigishije abantu kureba kure mu gihe kizaza bagategereza kuza k’Umukiza kandi ikababuza kwita ku bimenyetso bibanziriza kuza kwe. Iyo nyigisho yateye abantu kumva bafite ibyiringiro n’umutekano bidafite aho bishingiye kandi ituma benshi bakerensa umwiteguro wa ngombwa kugira ngo bazasanganire Umukiza wabo. Miller yabonye ko Ibyanditswe byigisha byeruye ibyo kuza kwa Kristo ku mugaragaro yiyiziye ubwe. Intumwa Pawulo aravuga ati: “Kuko Umwami ubwe azaza amanutse ava mu ijuru, aranguruye ijwi rirenga, hamwe n’ijwi rya marayika ukomeye n’impanda y’Imana . . . ” Kandi Umukiza nawe yaravuze ati: “Ubwo nibwo ikimenyetso cy’Umwana w’umuntu kizabonekera mu ijuru, n’amoko yose yo mu isi ni bwo azaboroga abonye Umwana w’umuntu aje ku bicu byo mu ijuru, afite ubushobozi n’ubwiza bwinshi.” “Kuko nk’uko umurabyo urabiriza iburasirazuba ukabonekera aho rirengera, ni ko no kuza k’Umwana w’umuntu kuzaba.” Azaba aherekejwe n’ingabo zose zo mu ijuru. “Umwana w’umuntu ubwo azazana n’abamarayika bose, afite ubwiza bwe . . .” “Azatumisha abamarayika be ijwi rirenga ry’impanda, bateranye intore ze mu birere bine, uhereye impera y’ijuru ukageza iyindi mpera yaryo.” 419 Ubwo azaba aje, abakiranutsi bazaba barapfuye bazazurwa, kandi abakiranutsi bazaba bakiri bazima bazahindurwa. Pawulo yaravuze ati: “Dore, mbamenere ibanga: ntituzasinzira twese, ahubwo twese tuzahindurwa, mu kanya gato, ndetse mu kanya nk’ako guhumbya, ubwo impanda y’imperuka izavuga. Impanda izavuga koko, abapfuye bazurwe ubutazongera kubora, natwe duhindurwe; kuko uyu mubiri ubora ukwiriye kuzambikwa kutabora, kandi uyu mubiri upfa ukwiriye kuzambikwa kudapfa.” 420 Kandi mu rwandiko rwe yandikiye Abanyatesalonike, ubwo yari amaze kuvuga ibyo kugaruka kwa Kristo, yaravuze ati: “Abapfiriye muri Kristo ni bo bazabanza kuzuka: maze natwe abazaba bakiriho basigaye, duhereko tujyananwe na bo tuzamuwe mu bicu, gusanganira Umwami mu kirere. Nuko tuzabana n’Umwami iteka ryose.” 421 Ubwoko bw’Imana ntibushobora kubona ubwami igihe Kristo ubwe azaba agarutse kitageze. Umukiza yaravuze ati: “Umwana w’umuntu ubwo azaba aje azazana n’abamarayika bose, afite ubwiza bwe, ni bwo azicara ku ntebe y’ubwiza bwe: amahanga yose azateranirizwa 233

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Kristo, yahaka<strong>na</strong>ga ibiteye ubwoba bizaba <strong>ku</strong> munsi w’Ima<strong>na</strong>. Nyamara uko iki gitekerezo<br />

cyaba kinejeje kose, kinyuranye n’inyigisho za Kristo n’abigishwa be bavuze ko ingano<br />

n’uru<strong>ku</strong>ngu bigomba gu<strong>ku</strong>ra<strong>na</strong> <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> isarura, ari wo munsi w’imperuka y’isi; kandi ko<br />

“abantu babi n’abashukanyi bazarushaho <strong>ku</strong>ba babi,” kandi ko “mu minsi y’imperuka hazaza<br />

ibihe birushya;” 417 ko ubwami bw’umwijima buzakomeza <strong>ku</strong>baho <strong>ku</strong>geza igihe cyo<br />

<strong>ku</strong>garuka k’Umukiza, kandi ko ubwo bwami azaburimbuza umwuka uva mu kanwa ke, kandi<br />

akabutsembesha <strong>ku</strong>boneka k’ubwiza bwe. 418<br />

Inyigisho yavugaga ko isi izahindurwa kandi hakabaho ubwami bw’umwuka bwa Kristo<br />

ntiyemerwaga n’itorero ry’intumwa. Muri rusange iyo nyigisho ntiyari yaremewe n’abakristo<br />

<strong>ku</strong>geza hafi mu itangira cy’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi n’umu<strong>na</strong>ni. Kimwe n’andi makosa yose, <strong>na</strong>yo<br />

yateje ingaruka mbi. Yigishije abantu <strong>ku</strong>reba <strong>ku</strong>re mu gihe kizaza bagategereza <strong>ku</strong>za<br />

k’Umukiza kandi ikababuza kwita <strong>ku</strong> bimenyetso bibanziriza <strong>ku</strong>za kwe. Iyo nyigisho yateye<br />

abantu <strong>ku</strong>mva bafite ibyiringiro n’umutekano bidafite aho bishingiye kandi ituma benshi<br />

bakerensa umwiteguro wa ngombwa <strong>ku</strong>gira ngo bazasanganire Umukiza wabo.<br />

Miller yabonye ko Ibyanditswe byigisha byeruye ibyo <strong>ku</strong>za kwa Kristo <strong>ku</strong> mugaragaro<br />

yiyiziye ubwe. Intumwa Pawulo aravuga ati: “Kuko Umwami ubwe azaza amanutse ava mu<br />

ijuru, aranguruye ijwi rirenga, hamwe n’ijwi rya marayika ukomeye n’impanda y’Ima<strong>na</strong> . . .<br />

” Kandi Umukiza <strong>na</strong>we yaravuze ati: “Ubwo nibwo ikimenyetso cy’Umwa<strong>na</strong> w’umuntu<br />

kizabonekera mu ijuru, n’amoko yose yo mu isi ni bwo azaboroga abonye Umwa<strong>na</strong> w’umuntu<br />

aje <strong>ku</strong> bicu byo mu ijuru, afite ubushobozi n’ubwiza bwinshi.” “Kuko nk’uko umurabyo<br />

urabiriza iburasirazuba ukabonekera aho rirengera, ni ko no <strong>ku</strong>za k’Umwa<strong>na</strong> w’umuntu<br />

<strong>ku</strong>zaba.” Azaba aherekejwe n’ingabo zose zo mu ijuru. “Umwa<strong>na</strong> w’umuntu ubwo azaza<strong>na</strong><br />

n’abamarayika bose, afite ubwiza bwe . . .” “Azatumisha abamarayika be ijwi rirenga<br />

ry’impanda, bateranye intore ze mu birere bine, uhereye impera y’ijuru ukageza iyindi mpera<br />

yaryo.” 419<br />

Ubwo azaba aje, abakiranutsi bazaba barapfuye bazazurwa, kandi abakiranutsi bazaba<br />

bakiri bazima bazahindurwa. Pawulo yaravuze ati: “Dore, mbamenere ibanga: ntituzasinzira<br />

twese, ahubwo twese tuzahindurwa, mu kanya gato, ndetse mu kanya nk’ako guhumbya,<br />

ubwo impanda y’imperuka izavuga. Impanda izavuga koko, abapfuye bazurwe ubutazongera<br />

<strong>ku</strong>bora, <strong>na</strong>twe duhindurwe; <strong>ku</strong>ko uyu mubiri ubora ukwiriye <strong>ku</strong>zambikwa <strong>ku</strong>tabora, kandi<br />

uyu mubiri upfa ukwiriye <strong>ku</strong>zambikwa <strong>ku</strong>dapfa.” 420 Kandi mu rwandiko rwe yandikiye<br />

Abanyatesalonike, ubwo yari amaze <strong>ku</strong>vuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, yaravuze ati:<br />

“Abapfiriye muri Kristo ni bo bazabanza <strong>ku</strong>zuka: maze <strong>na</strong>twe abazaba bakiriho basigaye,<br />

duhereko tujya<strong>na</strong>nwe <strong>na</strong> bo tuzamuwe mu bicu, gusanganira Umwami mu kirere. Nuko<br />

tuzaba<strong>na</strong> n’Umwami iteka ryose.” 421<br />

Ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> ntibushobora <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ubwami igihe Kristo ubwe azaba agarutse<br />

kitageze. Umukiza yaravuze ati: “Umwa<strong>na</strong> w’umuntu ubwo azaba aje azaza<strong>na</strong> n’abamarayika<br />

bose, afite ubwiza bwe, ni bwo azicara <strong>ku</strong> ntebe y’ubwiza bwe: amahanga yose azateranirizwa<br />

233

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!