07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Kuva ubwo, Miller yemeye <strong>ku</strong> mugaragaro ko yizera idini yari yaragiye asuzugura. Ariko<br />

incuti ze zitizeraga ntizabuze <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> ibitekerezo byose <strong>na</strong>we ubwe yajyaga atanga arwanya<br />

ubushobozi mvajuru Ibyanditswe bifite. Ntabwo rero yari yiteguye <strong>ku</strong>basubiza; ariko<br />

yatekereje ko niba Bibiliya ari ihishurwa ryakomotse <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, igomba kwisobanura ubwayo;<br />

kandi atekereza ko ubwo yatangiwe kwigisha umuntu, igomba gusobanurwa <strong>ku</strong>gira ngo<br />

abashe <strong>ku</strong>yumva. Yiyemeje <strong>ku</strong>jya yiyigisha Ibyanditswe <strong>ku</strong>gira ngo ashobore gusobanukirwa<br />

n’ibivuguruzanya muri Bibiliya niba ntaho bihurira bi<strong>ku</strong>zuzanya.<br />

Yihatiye kwirengagiza ibitekerezo byose byari bimurimo mbere, kandi yirinda gushyiraho<br />

ubusobanuro bwe bwite, akagereranya umurongo n’undi yifashishije amashakiro atangwa <strong>ku</strong><br />

mpera z’urupapuro n’igitabo kiranga amasomo ya Bibiliya. Yakomeje kwiga adasiba mu<br />

buryo bunonosoye; atangirira mu Itangiriro, agasoma umurongo <strong>ku</strong> murongo. Ntiyihutaga<br />

atabanje <strong>ku</strong>mva ubusobanuro bw’imirongo myinshi ngo busige ibitamusobanukiraga byose<br />

bishize. Iyo yahuraga n’isomo ritamusobanukiye, yari afite akamenyero ko <strong>ku</strong>rigereranya<br />

n’andi masomo asa n’aho afitanye isano n’ingingo ariho. Buri jambo ryose ryahabwaga<br />

ubusobanuro bwaryo bwite mu ngingo isomo rivuga, kandi iyo uko yaryumvaga kwahuzaga<br />

n’amagambo bibangikanye, ntabwo ryakomezaga <strong>ku</strong>mubera ingorane. Bityo, igihe cyose<br />

yahuraga n’umurongo uruhije gusobanukirwa, yabo<strong>na</strong>ga ubusobanuro mu yindi mirongo<br />

y’Ibyanditswe. Uko yigaga kandi asenga asaba <strong>ku</strong>murikirwa n’ijuru, ibyari byaramubereye<br />

urujijo mbere ntashobore <strong>ku</strong>bisobanukirwa byarasobanukaga akabyumva. Yasobanukiwe<br />

n’amagambo y’u<strong>ku</strong>ri k’umunyazaburi avuga ngo: “Guhishurirwa amagambo yawe <strong>ku</strong>za<strong>na</strong><br />

umucyo, guha abaswa ubwenge. ” 415<br />

Yize igitabo cya Daniyeli n’Ibyahishuwe abishishikariye cyane, agakoresha uburyo bwo<br />

gusobanura nk’ubwo yakoreshaga yiga ibindi byanditswe, maze n’ibyishimo byinshi, abo<strong>na</strong><br />

ko ibimenyetso bikoreshwa mu buhanuzi bishobora <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong>. Yabonye ko ubuhanuzi bwari<br />

bwaramaze gusohora bwasohoye nk’uko bwari bwaravuzwe; kandi ko imvugo shusho<br />

nyinshi, imigani n’isanisha ry’uburyo bwinshi . . . byagiye bisobanurwa muri ayo masomo<br />

bivugwamo, cyangwa se amagambo byakoreshejwemo akaba yarasobanuwe mu yindi<br />

mirongo, kandi iyo byasobanurwaga bityo, byumvika<strong>na</strong> nk’uko byanditswe mu buryo<br />

butaziguye. Miller yaravuze ati: “Uko ni ko <strong>na</strong>bashije <strong>ku</strong>nyurwa n’uko Bibiliya ari urwunge<br />

rw’u<strong>ku</strong>ri kwahishuwe, kwatanzwe mu buryo bwumvika<strong>na</strong> kandi bworoshye <strong>ku</strong> buryo<br />

abagendera mu nzira zayo nubwo baba ari abaswa, batazayoba.” 416 Uko yagendaga<br />

avumbura imirongo ikomeye y’ubuhanuzi buhoro buhoro, ni ko umuhati we wamuheshaga<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> amapfundo agenda a<strong>ku</strong>rikiranye y’umurunga w’ubuhanuzi. Abamarayika bo mu ijuru<br />

bayoboraga intekerezo ze kandi bagasobanurira ubwenge bwe Ibyanditswe.<br />

Afatiye <strong>ku</strong> buryo ubuhanuzi bwagiye busohora mu bihe byashize nk’ikintu ngenderwaho<br />

mu kwemeza ko ibyari bitarasohora bitazabura <strong>ku</strong>baho, yabashije kwemera ko igitekerezo<br />

cyari cyarabaye gikwira cyavugaga iby’ubwami bw’umwuka bwa Kristo (igihe cy’imyaka<br />

igihumbi kizabaho mbere y’uko isi irangira) kidashyigikiwe n’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Iyi nyigisho<br />

yereke<strong>na</strong>ga imyaka igihumbi y’ubutungane n’amahoro izabaho mbere yo <strong>ku</strong>garuka kwa<br />

232

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!