07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

yabasezeranyije. Yesu yaravuze ati : «Ariko ubwo muzabo<strong>na</strong> i Yerusalemu hagoswe<br />

n’ingabo, muzamenye yuko <strong>ku</strong>rimbuka kwaho kwenda gusohora. Icyo gihe abazaba bari i<br />

Yudaya bazahungire <strong>ku</strong> misozi miremire, n’abazaba bari hagati muri Yerusalemu<br />

bazayivemo, n’abazaba bari imusozi ntibazayijyemo.” Luka 21:20,21.<br />

Abasirikare b’Abanyaroma bari bayobowe <strong>na</strong> Cestius bamaze <strong>ku</strong>gota umujyi, bagize<br />

batya bava mu birindiro byabo mu buryo butunguranye mu gihe ahubwo cyari igihe cyiza cyo<br />

guhita bagaba igitero. Igihe uwo mugaba w’ingabo z’Abanyaroma ya<strong>ku</strong>raga ingabo ze mu<br />

birindiro byazo kandi nta mpamvu <strong>na</strong> ntoya ibimuteye yagaragaraga, abari bagotewe mu<br />

mujyi bari bamaze kwiheba babo<strong>na</strong> ko kwihagararaho kwabo ntacyo bizabagezaho, bari<br />

biteguye <strong>ku</strong>manika amaboko ngo bemere ko batsinzwe. Ariko uburinzi bukomeye n’imbabazi<br />

Ima<strong>na</strong> igira ni byo byari biyoboye iyo gahunda <strong>ku</strong>bera ineza igirira ubwoko bwayo. Abakristo<br />

bari bategereje bari bamaze guhabwa ikimenyetso bari barasezeraniwe, icyo gihe rero<br />

umwanya wo <strong>ku</strong>mvira imiburo y’Umukiza wari ubonetse <strong>ku</strong> bantu bose babyifuzaga.<br />

Ibyabaga byari biyobowe <strong>ku</strong> buryo nta Bayuda cyangwa Abanyaroma bari <strong>ku</strong>buza Abakristo<br />

guhunga. Igihe Cestius yavaga mu birindiro bye, Abayuda basohotse muri Yerusalemu<br />

ba<strong>ku</strong>rikira abasirikare be bari bisubiriye iwabo.<br />

Igihe rero abasirikare b’impande zombi bari bahugiye mu mirwano, Abakristo bose<br />

babonye agahenge ko kwiyufura bahunga uwo mujyi. Muri icyo gihe igihugu <strong>na</strong> cyo cyari<br />

cyarakize abanzi bari <strong>ku</strong>babuza guhunga. Igihe umujyi wagotwaga, Abayuda bari bateraniye<br />

i Yerusalemu mu minsi mi<strong>ku</strong>ru y’ingando, bityo rero Abakristo bahatuye bashoboye guhunga<br />

nta ngorane. Bahunze badatindiganyije bahungira ahantu hari umutekano mu mujyi wa Pella,<br />

muri Pereya, ha<strong>ku</strong>rya ya Yorodani.<br />

Abasirikare b’Abayuda ba<strong>ku</strong>rikiye Cestius n’ingabo ze, bahingukiye <strong>ku</strong> bari inyuma<br />

babarwanya bafite ubuka<strong>na</strong> benda <strong>ku</strong>batsemba. Abo Banyaroma babashije gusubira iwabo<br />

ariko bibagoye cyane. Abayuda barokotse urwo rugamba hafi ya bose maze bagaruka i<br />

Yerusalemu bazanye iminyago banyaze Abanyaroma kandi batahanye insinzi. Nyamara uko<br />

gusa n’aho batsinze kwabaviriyemo akaga gusa. Kwabateye umutima wo gutsimbarara <strong>ku</strong><br />

gushaka <strong>ku</strong>rwanya Abanyaroma ari byo bidatinze byabazaniye <strong>ku</strong>gerwaho n’amahano<br />

atarondoreka yagwiriye umujyi wabo waciriweho iteka.<br />

Igihe Yerusalemu yongeraga <strong>ku</strong>gotwa <strong>na</strong> Titus, yagwiriwe n’ibyago biteye ubwoba.<br />

Umujyi wagoswe mu minsi yo kwizihiza Pasika igihe Abayuda miliyoni nyinshi bari<br />

bawukoraniyemo imbere. Ibiribwa bari barahunitse byashoboraga gutunga abaturage imyaka<br />

myinshi iyo bibikwa neza, byari byarangijwe n’ishyari no kwihorera by’udutsiko twabaga<br />

dushyamiranye, bityo rero igihe umujyi wari ugoswe bagezweho n’ama<strong>ku</strong>ba yose aterwa<br />

n’amapfa. Urugero rw’ifu y’ingano rwaguraga italanto*. Inzara yacaga ibintu cyane <strong>ku</strong> buryo<br />

abantu bageze aho barya impu zo <strong>ku</strong> mikandara yabo no <strong>ku</strong> nkweto zabo za sandari ndetse<br />

n’impu zabaga ziri <strong>ku</strong> ngabo bikingiraga <strong>ku</strong> rugamba. Abantu benshi bageragezaga gucika<br />

mu ijoro bakajya gusoroma ibyatsi byo mu gisambu byameze hanze y’inkike z’umujyi, nubwo<br />

16

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!