07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

cy’imyaka cumi n’ibiri. Ubwo yari afite imyaka mirongo itatu n’ine y’ubu<strong>ku</strong>ru, Mwuka<br />

Muziranenge yemeje umutima we ko ari umunyabyaha. Nta byiringiro ya<strong>ku</strong>raga mu<br />

myizerere ye ya kera by’uko nyuma yo gupfa abasha <strong>ku</strong>zagira umunezero. Ahazaza he hari<br />

hijimye kandi hari ubwihebe. Nyuma y’aho, ubwo yavugaga uko yumvaga amerewe muri<br />

icyo gihe, yaravuze ati:<br />

“Gutekereza ibyo <strong>ku</strong>rimbuka burundu byanteraga ubwoba ngahinda umushyitsi, kandi<br />

gutekereza <strong>ku</strong>zabazwa ibyo umuntu yakoze byanyerekaga ko bizarimbuza abantu bose. Ijuru<br />

ryari rimbereye nk’umuringa hejuru y’umutwe wanjye, kandi isi yari imbereye nk’icyuma<br />

munsi y’ibirenge byanjye. Guhoraho iteka byari ibiki? Kuki urupfu rwariho? Uko<br />

<strong>na</strong>rushagaho <strong>ku</strong>bitekereza, niko <strong>na</strong>rushagaho <strong>ku</strong>ba <strong>ku</strong>re yo <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ibisubizo. Uko<br />

<strong>na</strong>rushagaho gutekereza, ni ko <strong>na</strong>rushagaho gufata imyanzuro itandukanye. Nagerageje<br />

guhagarika gutekereza, ariko si<strong>na</strong>shoboraga gutegeka intekerezo zanjye. Nari umunyabyago<br />

bihebuje ariko siniyumvishe impamvu. Narivugishaga kandi nkivovota ariko ntazi uwo<br />

nivovotera. Nari nzi ko hariho ikibi, ariko si<strong>na</strong>ri nzi uko <strong>na</strong>bo<strong>na</strong> igitunganye ndetse n’aho<br />

<strong>na</strong>kibo<strong>na</strong>. Narariraga ariko nta byiringiro <strong>na</strong>ri mfite.”<br />

Yabayeho atyo abimaramo amezi ru<strong>na</strong>ka. Aravuga ati: “Bidatinze, imico y’Umukiza<br />

yinjiye mu ntekerezo zanjye. Numva ko hagomba <strong>ku</strong>ba hariho umuntu mwiza kandi<br />

w’umunyampuhwe witangiye ngo atwezeho ibicumuro byacu, bityo akadukiza umubabaro<br />

w’igihano cy’icyaha. Mperako numva u<strong>ku</strong>ntu uwo muntu agomba <strong>ku</strong>ba yuzuye uru<strong>ku</strong>ndo,<br />

kandi ntekereza ko nkwiriye kwishyira mu maboko ye kandi nkiringira imbabazi ze. Nyamara<br />

muri njye havutse iki kibazo: Ese umuntu yagaragaza ate ko umuntu nk’uwo abaho? Uretse<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> igisubizo muri Bibiliya gusa, <strong>na</strong>sanze ko ntashobora <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> igihamya cy’uko<br />

Umukiza nk’uwo abaho, cyangwa iby’ubuzima bw’ahazaza. . .<br />

“Nabonye ko Bibiliya yereka<strong>na</strong> uwo Mukiza nk’uko <strong>na</strong>byifuzaga; kandi <strong>na</strong>tangajwe no<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uko igitabo kitahumetswe cyashobora gusobanura amahame mu buryo butunganye<br />

kandi buhuje rwose n’ubukene bw’isi yacumuye. Byabaye ngombwa ko nemera ko<br />

Ibyanditswe Byera bigomba <strong>ku</strong>ba ari ihishurwa ryavuye <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>. Ibyanditswe<br />

byampindukiye umunezero kandi Yesu ambera incuti. Umukiza yampindukiye umutware<br />

uruta abandi bose, kandi Ibyanditswe byari byarambereye umwijiima ndetse nkabibo<strong>na</strong>mo<br />

ibitekerezo bivuguruzanya, noneho byampindukiye itara rimurikira ibirenge byanjye<br />

n’umucyo umurikira inzira yanjye. Intekerezo zanjye zaratuje kandi ndanyurwa. Mbo<strong>na</strong> ko<br />

Umwami Ima<strong>na</strong> imbereye Igitare mu nyanja rwagati y’ubuzima. Noneho Bibiliya ni yo nigaga<br />

<strong>ku</strong> mwanya wa mbere, kandi mu by’u<strong>ku</strong>ri nshobora <strong>ku</strong>vuga ko, ‘Nayiga<strong>na</strong>ga umunezero<br />

mwinshi.’ Naje <strong>ku</strong>vumbura ko batari barambwiye n’icya kabiri cy’ibiyirimo. Nibajije<br />

impamvu ntari <strong>na</strong>rigeze mbo<strong>na</strong> ubwiza bwayo mbere, kandi ntangazwa no <strong>ku</strong>ba <strong>na</strong>ri<br />

<strong>na</strong>rayirengagije. Ibintu byose umutima wanjye washoboraga kwifuza byarahishuwe, kandi<br />

mbo<strong>na</strong> n’umuti w’indwara yose y’ubugingo bwanjye. Sinongera <strong>ku</strong>gira amatsiko yo gusoma<br />

ibindi bintu byose, maze ndundurira umutima wanjye mu kwakira ubwenge buva <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>.”<br />

414<br />

231

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!