07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

mu Burasirazuba. Abigaga bakagenzura ibyaremwe, bari baraboneye Ima<strong>na</strong> mu mirimo<br />

y’intoke Zayo. Bari barize mu Byanditswe bya Giheburayo iby’Inyenyeri yagombaga<br />

guturuka mu muryango wa Yakobo, 409 kandi bari bategerezanyije amatsiko u<strong>ku</strong>za kwe, We<br />

utaragombaga <strong>ku</strong>ba “Umuhumuriza wa Isirayeli,” gusa ahubwo aka<strong>na</strong>ba “Umucyo uvira<br />

Abanyamahanga,” kandi akabera abantu “agakiza <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> mpera z’isi.” Bashakaga umucyo<br />

kandi umucyo waturukaga <strong>ku</strong> ntebe y’ubwami y’Ima<strong>na</strong> wamurikiraga inzira banyuragamo.<br />

Abatambyi n’abigishamategeko b’i Yerusalemu, bari barashinzwe <strong>ku</strong>rinda u<strong>ku</strong>ri no<br />

<strong>ku</strong>kwamamaza, mu gihe bari babundikiwe n’umwijima w’icuraburindi, inyenyeri mvajuru<br />

yayoboye abo banyamahanga aho Umwami mushya yavukiye.<br />

Ni <strong>na</strong>ko Kristo “azabonekera ubwa kabiri abamutegereza <strong>ku</strong>bazanira agakiza.” 410<br />

Nk’uko byagenze <strong>ku</strong> n<strong>ku</strong>ru yo <strong>ku</strong>vuka k’Umukiza, ntabwo ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwe<br />

bwahawe abayobozi ba rubanda mu by’iyobokama<strong>na</strong>. Bari bara<strong>na</strong>niwe gukomeza<br />

<strong>ku</strong>bungabunga isano bafitanye n’Ima<strong>na</strong>, kandi bari baranze umucyo uva mu ijuru; bityo rero<br />

ntibabarirwaga mu bo intumwa Pawulo avuga agira, ati: “Ariko mwebweho, bene Data,<br />

ntimuri mu mwijima, ngo uwo munsi ubatungure nk’umujura: <strong>ku</strong>ko mwese muri aba<strong>na</strong><br />

b’umucyo n’aba<strong>na</strong> b’amanywa. Ntituri ab’ijoro cyangwa ab’umwijima.” 411<br />

Abarinzi bo <strong>ku</strong> nkike z’umurwa Siyoni ni bo bagombaga <strong>ku</strong>ba aba mbere mu <strong>ku</strong>mva<br />

in<strong>ku</strong>ru yo <strong>ku</strong>za k’Umukiza, aba mbere mu <strong>ku</strong>rangurura amajwi yabo bamamaza ko agiye<br />

<strong>ku</strong>za, kandi bakaba aba mbere mu <strong>ku</strong>burira abantu ngo bitegure u<strong>ku</strong>za kwe. Ahubwo bari<br />

biturije, bitekerereza iby’amahoro n’umutekano mu gihe abaturage bari basinziriye mu byaha.<br />

Yesu yitegereje itorero rye, abo<strong>na</strong> rimeze nk’igiti cy’umutini kitera, gifite amababi atoshye<br />

ariko kitera amatunda. Hari hariho ubwibone bwo <strong>ku</strong>bahiriza imihango y’idini gusa mu gihe<br />

umwuka wo kwicisha bugufi nya<strong>ku</strong>ri, kwiha<strong>na</strong> no kwizera byaburaga mu bantu kandi ari byo<br />

byonyine byagombaga <strong>ku</strong>bahesha gukorera Ima<strong>na</strong> ibyo ishima. Aho <strong>ku</strong>babo<strong>na</strong>mo imbuto za<br />

Mwuka, hagaragaraga ubwibone, kwita <strong>ku</strong> mihango, guharanira ibyubahiro bidafite ishingiro,<br />

kwikanyiza n’ikandamiza. <strong>Itorero</strong> ryasubiye inyuma ryahumye amaso yaryo ryirengagiza<br />

<strong>ku</strong>reba ibimenyetso by’ibihe. Ntabwo Ima<strong>na</strong> yabatereranye cyangwa ngo yemere ko<br />

ubudahemuka bwayo butsindwa; ahubwo abantu bayivuyeho, maze bitandukanya n’uru<strong>ku</strong>ndo<br />

rwayo. Kubera ko banze gu<strong>ku</strong>rikiza amabwiriza yayo, byatumye amasezerano yayo<br />

atabasohorezwa.<br />

Iyi niyo ngaruka yo kwirengagiza guha agaciro no gukoresha neza umucyo n’amahirwe<br />

Ima<strong>na</strong> itanga. Keretse gusa itorero niryemera <strong>ku</strong>gendera mu nzira ryahawe n’Ima<strong>na</strong>, rikemera<br />

umurasire wose w’umucyo kandi rigakora inshingano yose ribasha guhishurirwa, <strong>na</strong>ho<br />

nibitaba bityo, byanze bi<strong>ku</strong>nze iyobokama<strong>na</strong> rizahenebera risigare ryubahiriza imihango<br />

gusa, kandi umwuka wo <strong>ku</strong>baha Ima<strong>na</strong> ubure burundu. Uko <strong>ku</strong>ri kwagiye <strong>ku</strong>garagara kenshi<br />

mu mateka y’itorero. Ima<strong>na</strong> isaba ko ubwoko bwayo bugira ibikorwa bishingiye <strong>ku</strong> kwizera<br />

ndetse no <strong>ku</strong>mvira <strong>ku</strong>jyanye n’imigisha n’amahirwe buhabwa. Kumvira bisaba igitambo<br />

n’umusaraba; kandi niyo mpamvu abantu benshi mu bavuga ko ari abayoboke ba Kristo banze<br />

kwakira umucyo uva mu ijuru, kandi nk’uko byagendekeye Abayuda bo mu gihe cya kera,<br />

228

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!