07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

iyo n<strong>ku</strong>ru nziza abantu bari biteguye <strong>ku</strong>yakira kandi bagombaga <strong>ku</strong>yimenyesha abatuye isi<br />

bose bishimye. Kristo yari yaricishije bugufi <strong>ku</strong>geza ubwo yemera kwambara kamere muntu;<br />

yagombaga kwikorera umutwaro w’umuvumo ubwo yagombaga gutangira ubugingo bwe<br />

<strong>ku</strong>ba igitambo cy’ibyaha; nyamara abamarayika bo bifuzaga ko no muri uko kwicisha bugufi<br />

kwe, Umwa<strong>na</strong> w’Isumbabyose yagombaga <strong>ku</strong>garagara imbere y’abantu afite icyubahiro<br />

n’i<strong>ku</strong>zo bijyanye n’imico ye. Mbese abakomeye bo mu isi ntibagombaga guteranira mu<br />

murwa mu<strong>ku</strong>ru wa Isiraheli <strong>ku</strong>gira ngo bamwakire? Mbese ingabo nyinshi z’abamarayika<br />

ntizari <strong>ku</strong>muherekeza zikamugeza imbere y’iteraniro rinini rimutegereje?<br />

Umumarayika umwe yaje gusura isi <strong>ku</strong>gira ngo arebe abiteguye kwakira Yesu. Ariko nta<br />

kimenyetso yabonye cyo <strong>ku</strong>mutegereza. Ntiyumvise ijwi ryo gusingiza no no <strong>ku</strong>nesha<br />

riririmba ko igihe cyo <strong>ku</strong>za kwa Mesiya kiri hafi. Umumarayika yamaze akanya aguruka<br />

hejuru y’umurwa watoranyijwe ndetse n’urusengero, ahari haragiye hagaragara ubwiza<br />

bw’Ima<strong>na</strong> mu myaka myinshi; nyamara n’aho ubwaho hagaragaraga <strong>ku</strong>tagira icyo bitaho.<br />

Abatambyi, mu kwishyira hejuru n’ubwibone bwabo, bakomezaga gutambira mu rusengero<br />

ibitambo bidatunganye. Abafarisayo bavuga<strong>na</strong>ga ijwi rirenga babwira rubanda cyangwa<br />

bakiherera mu mfuruka z’inzira bagasenga<strong>na</strong> ubwirasi. Mu ngoro z’abami, mu biterane<br />

by’abantu b’injijuke, mu mashuri y’abigisha ba<strong>ku</strong>ru b’idini, nta muntu n’umwe wazirika<strong>na</strong>ga<br />

igihamya gitangaje cyari cyaratumye ijuru ryose ryuzura ibyishimo no guhimbaza cy’uko<br />

Umucunguzi w’abantu agiye <strong>ku</strong>vukira <strong>ku</strong> isi.<br />

Nta kimenyetso cyahamyaga ko Kristo ategerejwe, kandi nta myiteguro yakozwe yo<br />

kwakira Igikomangoma gitanga ubugingo. Mu gutangara kwinshi, ya ntumwa y’ijuru yari<br />

igiye gusubirayo ijyanye in<strong>ku</strong>ru iteye isoni, ariko ibo<strong>na</strong> itsinda ry’abashumba bari barinze<br />

amatungo yabo nijoro, ubwo hari mu gicu<strong>ku</strong> maze bakitegereza ikirere gitamirije inyenyeri,<br />

biga iby’ubuhanuzi bwa Mesiya ugomba <strong>ku</strong>za <strong>ku</strong> isi kandi bategerezanyije amatsiko <strong>ku</strong>za<br />

k’Umucunguzi w’isi. Aho niho yabonye abantu biteguye kwakira ubutumwa buvuye mu<br />

ijuru. Uwo mwanya, umumarayika w’Uwiteka arababonekera maze ababwira in<strong>ku</strong>ru nziza<br />

itera umunezero mwinshi. I<strong>ku</strong>zo ryo mu ijuru ryuzuye icyo kibaya, haboneka abamarayika<br />

benshi batabarika, maze biba nk’aho iyo n<strong>ku</strong>ru itangaje cyane <strong>ku</strong> buryo itavugwa n’intumwa<br />

imwe ivuye mu ijuru, bityo amajwi menshi cyane aririmbira rimwe indirimbo izaririmbwa<br />

umunsi umwe n’amahanga yose y’abacunguwe ivuga iti: “Mu ijuru icyubahiro kibe<br />

icy’Ima<strong>na</strong>, no mu isi amahoro abe mu bo yishimira.” 408<br />

Mbega isomo tubo<strong>na</strong> muri iki gitekerezo gitangaje cy’i Betelehemu! Mbega uburyo<br />

gicyaha <strong>ku</strong>tizera kwacu, ubwibone bwacu no <strong>ku</strong>mwa twihagije! Mbega uburyo iki gitekerezo<br />

kituburira ngo tube maso, <strong>ku</strong>ko <strong>ku</strong>bwo kwirengagiza kwacu bitewe n’ubugome, <strong>na</strong>twe<br />

tu<strong>na</strong>nirwa gusobanukirwa n’ibimenyetso by’ibihe bityo ntitumenye umunsi twasuriwemo.<br />

Ntabwo <strong>ku</strong> misozi y’i Yudaya gusa, mu bashumba boroheje gusa, ari ho abamarayika<br />

babonye abari bategereje u<strong>ku</strong>za kwa Mesiya. No mu bihugu by’abapagani hariyo<br />

abamutegereje. Abo bari abanyabwenge, abatunzi, abakomeye ndetse n’abacurabwenge bo<br />

227

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!