07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>ko babo<strong>na</strong>ga ko “<strong>ku</strong>bugenza biruta <strong>ku</strong>genza ifeza, kandi indamu yabwo iruta iy’izahabu<br />

nziza.” 403 Uhoraho <strong>na</strong> We yabahishuriye ibikomeye by’ubwami. “Ibihishwe by’Uwiteka<br />

bihishurirwe abamwubaha, azabereke isezerano rye.” 404<br />

Ntabwo ab’intiti mu by’iyobokama<strong>na</strong> ari bo bari basobanukiwe n’u<strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri kandi ngo<br />

birundurire mu <strong>ku</strong>kwamamaza. Iyo aba bajya <strong>ku</strong>ba abarinzi b’indahemuka, biga Ibyanditswe<br />

babishimikiriye kandi basenga, bajyaga <strong>ku</strong>menya isaha y’ijoro; ubuhanuzi bwajyaga<br />

<strong>ku</strong>bamenyesha ibigiye <strong>ku</strong>baho. Ariko ntibabaye muri uwo mwanya, bityo ubwo butumwa<br />

buvugwa n’abantu bacishije bugufi cyane. Yesu yaravuze ati: “Nimugende mugifite umucyo,<br />

butabiriraho mukiri mu nzira, <strong>ku</strong>ko ugenda mu mwijima atamenya iyo ajya.” 405 Abantu<br />

batera umugongo umucyo Ima<strong>na</strong> yatanze, cyangwa se bakirengagiza <strong>ku</strong>wushaka igihe ukiri<br />

bugufi bwabo, bene abo barekerwa mu mwijima. Ariko Umukiza aravuga ati: “Ni Jye mucyo<br />

w’isi: un<strong>ku</strong>rikira ntazagenda mu mwijima <strong>na</strong> hato, ahubwo azaba afite umucyo w’ubugingo.”<br />

406 Umuntu wese ufite umugambi umwe wo gushaka gukora iby’Ima<strong>na</strong> ishaka, aga<strong>ku</strong>rikiza<br />

by’u<strong>ku</strong>ri umucyo yahawe, bene uwo ni we uzakira umucyo mwinshi <strong>ku</strong>rutaho. Bene uwo<br />

azohererezwa umucyo wo <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> kw’ijuru <strong>ku</strong>gira ngo umuyobore mu <strong>ku</strong>ri kose.<br />

Igihe cyo <strong>ku</strong>za kwa Yesu bwa mbere, abatambyi n’abanditsi bo mu Murwa Wera bari<br />

bararagijwe ibyanditswe bivuga ibyo Ima<strong>na</strong> yakoze, bagombaga <strong>ku</strong>ba baramenye<br />

ibimenyetso by’ibihe maze bakamamaza ubutumwa bwo <strong>ku</strong>za kwa Mesiya wasezeranwe.<br />

Ubuhanuzi bwa Mika bwari bwaravuze neza aho azavukira, <strong>na</strong> Daniyeli yari yaravuze igihe<br />

azazira. 407 Ima<strong>na</strong> yari yarahaye abayobozi b’Abayuda ubwo buhanuzi. Niba batari bazi<br />

kandi ntibabwire abantu ko <strong>ku</strong>za kwa Mesiya kwegereje; nta rwitwazo bari bafite. Kutamenya<br />

kwabo byari ingaruka yo kwirengagiza gutewe n’ubunyacyaha bwabo. Abayuda bubakaga<br />

inzibutso z’abahanuzi babaga barishwe, kandi mu <strong>ku</strong>baha abakomeye bo <strong>ku</strong> isi babaga bari<br />

guha i<strong>ku</strong>zo abagaragu ba Satani. Bari baratwawe no guharanira imyanya n’ubutware mu bantu<br />

maze batakobwa icyubahiro cy’ijuru bari barahawe n’Umwami w’ijuru.<br />

Abayobozi b’Abisiraheli bagombaga <strong>ku</strong>ba barize bimbitse kandi mu cyubahiro cyinshi,<br />

ibyo ahantu, igihe, n’ibizajyanira<strong>na</strong> n’igikorwa gikomeye cyane mu mateka y’isi, ari cyo <strong>ku</strong>za<br />

k’Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> aje gusohoza igikorwa cyo gucungura umuntu. Abantu bose bagombaga<br />

<strong>ku</strong>ba barabaye maso kandi bagategereza <strong>ku</strong>gira ngo babe mu ba mbere bazakira Umucunguzi<br />

w’isi. Ariko murebe ibyabaye; abagenzi babiri bari ba<strong>na</strong>niwe bamanuka bava <strong>ku</strong> misozi y’i<br />

Nazareti, begera i Betelehemu, bagenda mu nzira yaho y’impatanwa kandi ndende cyane<br />

barambukiranya bagera <strong>ku</strong> mpera y’iburasirazuba bw’uwo mujyi, bashakashaka aho<br />

baruhukira n’icumbi ryo kwikingamo muri iryo joro ariko ntibahabo<strong>na</strong>. Nta rembo <strong>na</strong> rimwe<br />

ryabakinguriwe ngo bakirwe. Amaherezo, baje <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> aho kwikinga mu kiraro cy’inka, kandi<br />

aho niho Umukiza w’isi yavukiye.<br />

Abamarayika bo mu ijuru bari barabonye i<strong>ku</strong>zo Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> yari asangiye <strong>na</strong> Se<br />

mbere y’uko isi iremwa, kandi bari barategereje bafite amatsiko menshi <strong>ku</strong>za kwe hano <strong>ku</strong> isi<br />

nk’ikintu kigomba gutera ibyishimo byinshi abantu bose. Hatumwe abamarayika bo <strong>ku</strong>jyanira<br />

226

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!