07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Umudendezo no <strong>ku</strong>gubwa neza abantu b’inzego zose bari bafite, irari rikabije ryo gushaka<br />

gu<strong>ku</strong>ngahara no kwinezeza, gutwarwa no gushaka amafaranga, guharanira kwamamara no<br />

gukomera byasaga n’ibishakwa <strong>na</strong> bose, byateye abantu kwerekeza inyungu zabo<br />

n’ibyiringiro byabo <strong>ku</strong> bintu by’ubu buzima maze bigiza <strong>ku</strong>re rwose iby’urya munsi ukomeye,<br />

ubwo ibikorwa <strong>ku</strong> isi byose bizahinduka ubusa.<br />

Igihe Umukiza yabwiraga abayoboke be ibimenyetso byo <strong>ku</strong>garuka kwe, ya<strong>na</strong>babwiye<br />

ibyo gusubira inyuma mu kwizera bizabanziriza <strong>ku</strong>garuka kwe. Nk’uko byagenze mu minsi<br />

ya Nowa, hazabaho ibikorwa ndetse n’ubucuruzi bw’iby’isi no gushaka ibinezeza - bazaba<br />

bagura, bagurisha, bahinga, bubaka, barongora, bashyingira; bibagirwe Ima<strong>na</strong> n’iby’ubuzima<br />

bw’igihe kizaza. Kristo yaburiye abariho muri iki gihe avuga ati: “Ariko mwirinde, imitima<br />

yanyu ye <strong>ku</strong>remererwa n’ivutu no gusinda, n’amaganya y’isi, uwo munsi ukazabatungura.”<br />

“Nuko rero mujye muba maso, musenge iminsi yose, <strong>ku</strong>gira ngo mubone <strong>ku</strong>rokoka ibyo byose<br />

byenda <strong>ku</strong>baho, no guhagarara imbere y’Umwa<strong>na</strong> w’umuntu.” 389<br />

Uko itorero rimeze muri iki gihe byavuzwe mu magambo y’Umukiza mu Byahishuwe<br />

ngo: “Ufite izi<strong>na</strong> ry’uko uriho, nyamara ukaba uri intumbi.” Kandi abantu banga <strong>ku</strong>va mu<br />

mutekano babamo udafite icyo ushingiyeho bahabwa uyu muburo ukomeye ngo; “Ariko rero<br />

nutaba maso, nzaza nk’umujura, <strong>na</strong>we ntuzamenya igihe nzagutungurira.”390;<br />

Byari ngombwa ko abantu baburirwa ibyo akaga kabategereje; <strong>ku</strong>gira ngo bitume bitegura<br />

ibigiye <strong>ku</strong>ba bijyanye n’irangira ry’igihe cy’imbabazi. Umuhanuzi w’Ima<strong>na</strong> aravuga ati:<br />

“kandi umunsi w’Uwiteka ni mu<strong>ku</strong>ru uteye ubwoba cyane. Ni nde wabasha <strong>ku</strong>wihanganira?”<br />

Ni nde “ufite mu maso hatunganye ada<strong>ku</strong>nda <strong>ku</strong>reba ikibi, habe no kwitegereza ubugoryi”<br />

uzabasha guhagarara ubwo Kristo azaba aje? 391 Ni abavuga bati; “‘Ma<strong>na</strong> yacu, tura<strong>ku</strong>zi’,”<br />

392 nyamara twishe isezerano ryawe, kandi twa<strong>ku</strong>rikiye iyindi ma<strong>na</strong>, duhisha ubugome<br />

bwacu mu mitima maze du<strong>ku</strong>nda inzira zo gukiranirwa.” Ku bantu nk’abo, umunsi<br />

w’Uwiteka ni umunsi w’“umwijima ntabwo ari umucyo, ndetse ni umwijima w’icuraburindi<br />

utagira umucyo <strong>na</strong> mba.” 393 Uhoraho yaravuze ati: “Icyo gihe, nzashakisha muri<br />

Yerusalemu imuri, mpane abantu bibumbiye hamwe nk’inzoga y’itende, bibwira mu mitima<br />

yabo bati: ‘Ari icyiza ari n’ikibi, Uwiteka nta cyo azadutwara.’” 394 “Nzaha<strong>na</strong> ab’isi mbahora<br />

ibyo bakoze bibi, n’abanyabyaha nzabaha<strong>na</strong> mbahora gukiranirwa kwabo; nzamaraho<br />

ubwibone bw’abibone, n’agasuzuguro k’abanyagitinyiro nzagacisha bugufi.” 395“Ifeza zabo<br />

n’izahabu zabo ntabwo bizabasha <strong>ku</strong>bakiza <strong>ku</strong> munsi w’uburakari bw’Uwiteka. Kandi<br />

ubutunzi bwabo buzagendaho iminyago, n’amazu yabo azaba imisaka.” 396<br />

Ubwo umuhanuzi Yeremiya yerekwaga iby’uyu munsi uteye ubwoba, yaratatse ati: “Ye<br />

baba we, ye baba we! Mfite umubabaro mu gisenge cy’umutima; umutima wanjye<br />

uradihagura, <strong>na</strong>niwe kwiyumanganya; <strong>ku</strong>ko wumvise ijwi ry’impanda, n’induru z’intambara<br />

mu mutima wanjye. Kurimbuka guhamagara u<strong>ku</strong>ndi <strong>ku</strong>ko igihugu cyose kinyazwe.” 397<br />

“Uwo munsi ni umunsi w’uburakari, ni umunsi w’ama<strong>ku</strong>ba n’umubabaro, ni umunsi wo<br />

<strong>ku</strong>rimbura no kwangiza, ni umunsi urimo umwijima n’ibihu, ni umunsi w’ibicu n’umwijima<br />

224

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!