07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kitaruye cyane ka Konekitikati ( Connecticut) no mu mujyi wa Alibaniya (Albany). Mu<br />

majyepfo, wagaragaye <strong>ku</strong> nkengero z’inyanja, kandi mu majyaruguru waragiye ugera <strong>ku</strong><br />

mpera ya <strong>ku</strong>re ya Amerika.” 384<br />

Isaha imwe cyangwa abiri mbere y’uko bugoroba, umwijima w’uwo munsi wa<strong>ku</strong>rikiwe<br />

n’agacyo gake maze izuba rirarasa, nyamara ryari ritwikiriwe n’igicu cy’umukara cya<br />

rukokoma. “Izuba rimaze <strong>ku</strong>renga, ibicu byongeye <strong>ku</strong>ba byinshi maze buhita bwira.”<br />

“Umwijima wa nijoro ntiwari usanzwe, kandi wari uteye ubwoba nk’uko uwo <strong>ku</strong> manywa<br />

wari umeze. Nubwo ukwezi kwari gusanzwe <strong>ku</strong>garagara kose, nta kintu umuntu yabashaga<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> atifashishije urumuri rundi. Iyo umuntu yarubo<strong>na</strong>ga mu ngo zimukikije n’ahandi<br />

hamwitaruye, rwasaga n’ururi <strong>ku</strong>bonekera mu mwijima nk’uwo muri Egiputa wari umeze<br />

nk’utacengerwamo n’imyambi y’umucyo.” 385 Umuntu wabonye ibyo yaravuze ati: “Muri<br />

ibyo bihe, si<strong>na</strong>shoboraga <strong>ku</strong>bura <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko ibiva byose by’ijuru n’isi byatwikiriwe<br />

n’umwijima mwinshi cyangwa byashizeho, umwijima ntiwajyaga gushobora <strong>ku</strong>rushaho<br />

gusabagira hose.” 386 Nubwo <strong>ku</strong> isaha ya saa tatu z’iryo joro ukwezi kwabonetse <strong>ku</strong>zuye,<br />

“ntikwari gufite imbaraga <strong>na</strong> nke zo kwiruka<strong>na</strong> umwijima wari umeze nk’igicucu cy’urupfu.”<br />

Nyuma ya saa sita z’ijoro wa mwijima warashize, maze ukwezi <strong>ku</strong>bonetse ubwa mbere <strong>ku</strong>za<br />

gusa n’amaraso.<br />

Itariki ya 19 Gicurasi 1780, mu mateka iyo tariki yiswe, “Umunsi w’Umwijima.” Guhera<br />

mu gihe cya Mose, nta gihe cyigeze kibaho cy’umwijima ukomeye kandi wamaze igihe<br />

kirekire, uka<strong>na</strong>kwira ahantu hanini nk’uwo. Uko uwo munsi wari umeze nk’uko byavuzwe<br />

n’abawubonesheje amaso yabo, ni ukwirangira kw’amagambo y’Umukiza yari yaravuzwe<br />

n’umuhanuzi Yoweli wari warabyanditse mu myaka ibihumbi bibiri <strong>na</strong> maga<strong>na</strong> atanu mbere<br />

y’uko bisohora. Yoweli yari yaravuze ati: “Izuba rizahinduka umwijima, n’ukwezi<br />

<strong>ku</strong>zahinduka amaraso, uwo munsi mu<strong>ku</strong>ru w’Uwiteka uteye ubwoba utaraza.” 387<br />

Kristo yari yarasabye abigishwa be <strong>ku</strong>ba maso bakita <strong>ku</strong> bimenyetso byo <strong>ku</strong>garuka kwe,<br />

kandi bakazishima ubwo bari <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ibigaragaza <strong>ku</strong>garuka k’Umwami wabo. “Nuko ibyo<br />

nibitangira <strong>ku</strong>baho, muzarararame, mwubure imitwe yanyu, <strong>ku</strong>ko gucungurwa kwanyu<br />

<strong>ku</strong>zaba kwenda gusohora.” Umukiza yeretse abayoboke be ibiti byari bigiye <strong>ku</strong>bumbura<br />

uburabyo mu gihe cy’umuhindo, maze arababwira ati: “Iyo bimaze gutoha, murabireba<br />

mukamenya ubwanyu ko igihe cy’impeshyi kiri bugufi; nuko <strong>na</strong>mwe nimubo<strong>na</strong> ibyo bibaye,<br />

muzamenye yuko ubwami bw’Ima<strong>na</strong> buri hafi.” 388<br />

Nyamara uko mu itorero umutima wo kwicisha bugufi no kwitanga wasimburwaga no<br />

kwibo<strong>na</strong> no kwishingikiriza <strong>ku</strong> mihango gusa, gu<strong>ku</strong>nda Kristo no kwizera ibyo <strong>ku</strong>garuka kwe<br />

byarakonje. Batwawe no gu<strong>ku</strong>nda iby’isi no gushaka ibibanezeza, maze abiyitaga ubwoko<br />

bw’Ima<strong>na</strong> baba impumyi, bibagirwa amabwiriza y’Umukiza yerekeranye n’ibimenyetso byo<br />

<strong>ku</strong>za kwe. Inyigisho zivuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwe ntizitaweho; ibyanditswe bi<strong>ku</strong>vugaho<br />

byasobanuwe <strong>na</strong>bi bihindukira abantu umwijima, <strong>ku</strong>geza ubwo byirengagijwe ndetse<br />

biribagira<strong>na</strong> burundu. Uko niko byagenze by’umwihariko mu matorero yo muri Amerika.<br />

223

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!