Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Mu myaka hafi mirongo ine nyuma yuko Kristo ubwe avuze akaga kazagera kuri Yerusalemu, Umukiza yagiye atinza ibihano yari yarakatiye uwo mujyi n’icyo gihugu. Kwihangana Imana yagiriye abantu banze ubutumwa bwayo bwiza kandi bakica Umwana wayo kwari agahebuzo. Umugani w’igiti cy’umutini kiteraga imbuto werekanaga ibyo Imana yagiriye ishyanga ry’Abayuda. Hari haratanzwe itegeko rivuga ngo «Uwuce, urakomeza kunyunyuriza iki ubutaka?» (Luka 3:17), nyamara imbabazi z’Imana zari zaragiye zireka icyo giti kikagumya kubaho kitaranduwe. Mu Bayuda hari hakirimo benshi bari bataramenya imico n’umurimo bya Kristo. Abana bari batarabona amahirwe kandi batarakira umucyo ababyeyi babo bari baranze bakanasuzugura. Binyuze mu gikorwa cyo kubwiriza ubutumwa cy’intumwa ndetse n’abazifashaga, Imana yari gutuma barasirwa n’umucyo. Yari kubemerera kwibonera ukuntu ubuhanuzi bwagiye busohora bitari gusa mu ivuka rya Yesu no mu mibereho ye, ahubwo no mu rupfu rwe no kuzuka kwe. Ntabwo abo bana bahowe ibyaha by’abayeyi babo; ariko igihe bamaraga kumenya umucyo wose ababyeyi babo bahawe, maze bakanga kwemera uwiyongereyeho na bo ubwabo bahawe, bahindutse abafatanyacyaha n’ababyeyi babo, maze buzuza urugero rw’ibibi byabo. Kuba Imana yarihanganiye ab’i Yerusalemu ntacyo byabamariye ahubwo byashimangiye Abayuda mu gutsimbarara ku kutihana kwabo. Mu kwanga abigishwa ba Yesu no kubagirira nabi, banze kwakira imbabazi ziheruka bari bahawe. Icyakurikiyeho rero ni uko Imana yabakuyeho uburinzi bwayo kandi ibakuraho imbaraga yayo yabakingiraga Satani n’abamarayika be maze igihugu gisigara kiri mu maboko y’umuyobozi bihitiyemo. Abaturage bacyo bari barahinyuye ubuntu bwa Kristo bwajyaga kubabashisha gutsinda ingeso mbi zabo, none ni zo zari zisigaye zibitegekera. Satani yabyukije ibyifuzo by’ubugome n’ubuhenebere bukabije mu mitima yabo. Abantu ntibari bagitekereza, bari bararenze igaruriro—basigaye bayoborwa n’ibibajemo n’ibisazi. Babaye aba Satani mu bugome bwabo. Mu miryango no mu gihugu cyose, mu bantu bo mu nzego zo hejuru n’abo mu zo hasi, hariho kutizerana, kugirirana ishyari, kwangana, amakimbirane, ubwigomeke ndetse n’ubwicanyi. Nta hantu na hamwe hari umutekano. Abari incuti ndetse n’abari bafitanye isano baragambaniranaga. Ababyeyi bahotoraga abana babo, abana na bo bagahotora ababyeyi babo. Abategetsi b’iryo shyanga ntibari bashoboye kwiyobora ubwabo. Ibyifuzo by‘abo batashoboraga gutegeka byari byarabagize abategetsi b’abanyagitugu. Abayuda bari baremeye ubuhamya bw’ibinyoma kugira ngo bicishe Umwana w’Imana utagira inenge. Muri icyo gihe rero ibirego by’ibinyoma byari bitumye ubuzima bwabo bubura ishyikizo n’umutekano. Binyuze muri ibyo bikorwa byabo, bari bamaze igihe kirekire bavuga ngo «mutume Umuziranenge wa Isirayeli atuvamo rwose. »Yesaya 30:11. Icyo gihe bahawe icyo bifuzaga. Kubaha Imana ntibyari bikibahangayikishije. Satani ni we ubwe wari wiyoboreye icyo gihugu kandi ni we wakoreshaga abategetsi bo ku rwego rwo hejuru bayoboraga abaturage ku rwego rwa leta n’urw’idini. Hari igihe abakuru b’udutsiko twabaga duhanganye bishyiraga hamwe kugira ngo banyage kandi bice urubozo abo bafashe mpiri, maze na none ingabo zabo zikongera 14

Itorero na Leta ku Rugamba gusubiranamo zikicana nta mbabazi. Nta nubwo kwera kw’ingoro y’Imana kwigeze gushobora gukumira ubugome bwabo bukabije. Abaje kuramya Imana bicirwaga imbere y’urutambiro, bityo ubuturo buziranenge bukanduzwa n’imirambo y’abantu bishwe. Nyamara mu buhumyi bwabo no mu kwigerezaho kwabo kurimo ubwirasi, abatezaga ayo marorerwa babwiraga abantu mu ruhame ko badatewe ubwoba n’uko Yerusalamu izarimbuka, kuko yari umurwa w’Imana. Kugira ngo bashimangire ubutegetsi bwabo burusheho gukomera, bahaye ibiguzi abahanuzi b’ibinyoma kugira ngo babwire abantu ko bagomba gutegereza ko Imana izabatabara kandi ibyo babivugaga no mu gihe ingabo z’Abanyaroma zari zigose ingoro y’Imana. Kugeza ku iherezo abantu benshi bari bacyiringiye ko Usumbabyose azabatabara akabatsindira abanzi babo. Nyamara Abisiraheli bari barasuzuguye uburinzi bw’Imana, bityo rero ntibari bagifite umurengezi. Mbega Yerusalemu yari ibabaye! Yari ishenywe n’amacakubiri ayirimo, amaraso y’abaturage bayo bicanye ubwabo yatembaga mu mayira mu gihe ingabo z’abanyamahanga zarimo zisenya ibihome byayo zikica abasirikare bayo! Ibyo Yesu yahanuye byose byerekeye ku gusenywa kwa Yerusalemu byasohoye nk’uko yabivuze nta na kimwe gisigaye. Abayuda bamenye ukuri kw’amagambo yababwiye ababurira ati: « Kuko urubanza muca ari rwo muzacirwa namwe, urugero mugeramo ari rwo muzagererwamo namwe ». Matayo 7:2. Hagaragaye ibimenyetso n’ibitangaza byerekanaga ko hagiye kubaho akaga no kurimbuka. Mu gicuku, umucyo udasanzwe wamuritse ku ngoro y’Imana no ku rutambiro. Igihe izuba ryari rirenze, ku bicu hagaragaye amafarasi y’intambara ndetse n’abarwanyi biteguye kujya ku rugamba. Abatambyi batambaga ibitambo mu buturo bwera nijoro batewe ubwoba n’amajwi adasanzwe. Isi yahinze umushyitsi maze humvikana amajwi menshi ataka avuga ati: «Tuve hano ». Urugi rw’irembo ry’iburasirazuba, rwari ruremereye cyane ku buryo abagabo makumyabiri barukingaga bibaruhije kandi rwari rufashe ku byuma binini bishinze hasi cyane mu mabuye akomeye ashashe hasi, rwakingutse mu gicuku nta muntu ugaragara urukinguye. 16 Hari umugabo wamaze imyaka irindwi azenguruka utuyira two muri Yerusalemu, abwira abantu amahano yagombaga kugwira uwo mujyi. Ku manywa na nijoro, yaririmbaga indirimbo y’agahinda ibabaje avuga ati: « Mwumve ijwi riturutse iburasirazuba! mwumve ijwi riturutse iburengera zuba! ijwi riturutse mu byerekezo bine! Ijwi rivuga ibibi bizaba kuri Yerusalemu no ku ngoro y’Imana! ijwi rivuga ibibi bizaba ku bakwe no ku bageni! Ijwi rivuga ibibi bizaba ku bantu bose! »17 Uwo muntu utari asanzwe yarafunzwe kandi akubitwa ibiboko; ariko ntiyigeze abyivovotera na rimwe. Ku bitutsi bamutukaga no ku nabi bamugiriraga, yabasubizaga igisubizo kimwe rukumbi ababwira ati : « Yerusalemu we, ugushije ishyano ! Mugushije ishyano bantu mutuye muri Yerusalemu! » Yakomeje gutaka ababurira kugeza igihe yiciwe mu gitero yari yarahanuye ko kizabaho. Nta Mukristo n’umwe waguye mu isenywa rya Yerusalemu. Kristo yari yaraburiye abigishwa be, kandi abizeye amagambo ye bose bitaye ku kugenzura ikimenyetso 15

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gusubira<strong>na</strong>mo zikica<strong>na</strong> nta mbabazi. Nta nubwo kwera kw’ingoro y’Ima<strong>na</strong> kwigeze<br />

gushobora gu<strong>ku</strong>mira ubugome bwabo bukabije. Abaje <strong>ku</strong>ramya Ima<strong>na</strong> bicirwaga imbere<br />

y’urutambiro, bityo ubuturo buziranenge bukanduzwa n’imirambo y’abantu bishwe. Nyamara<br />

mu buhumyi bwabo no mu kwigerezaho kwabo <strong>ku</strong>rimo ubwirasi, abatezaga ayo marorerwa<br />

babwiraga abantu mu ruhame ko badatewe ubwoba n’uko Yerusalamu izarimbuka, <strong>ku</strong>ko yari<br />

umurwa w’Ima<strong>na</strong>. Kugira ngo bashimangire ubutegetsi bwabo burusheho gukomera, bahaye<br />

ibiguzi abahanuzi b’ibinyoma <strong>ku</strong>gira ngo babwire abantu ko bagomba gutegereza ko Ima<strong>na</strong><br />

izabatabara kandi ibyo babivugaga no mu gihe ingabo z’Abanyaroma zari zigose ingoro<br />

y’Ima<strong>na</strong>. Kugeza <strong>ku</strong> iherezo abantu benshi bari bacyiringiye ko Usumbabyose azabatabara<br />

akabatsindira abanzi babo. Nyamara Abisiraheli bari barasuzuguye uburinzi bw’Ima<strong>na</strong>, bityo<br />

rero ntibari bagifite umurengezi. Mbega Yerusalemu yari ibabaye! Yari ishenywe<br />

n’amaca<strong>ku</strong>biri ayirimo, amaraso y’abaturage bayo bicanye ubwabo yatembaga mu mayira mu<br />

gihe ingabo z’abanyamahanga zarimo zisenya ibihome byayo zikica abasirikare bayo!<br />

Ibyo Yesu yahanuye byose byerekeye <strong>ku</strong> gusenywa kwa Yerusalemu byasohoye nk’uko<br />

yabivuze nta <strong>na</strong> kimwe gisigaye. Abayuda bamenye u<strong>ku</strong>ri kw’amagambo yababwiye<br />

ababurira ati: « Kuko urubanza muca ari rwo muzacirwa <strong>na</strong>mwe, urugero mugeramo ari rwo<br />

muzagererwamo <strong>na</strong>mwe ». Matayo 7:2.<br />

Hagaragaye ibimenyetso n’ibitangaza byereka<strong>na</strong>ga ko hagiye <strong>ku</strong>baho akaga no<br />

<strong>ku</strong>rimbuka. Mu gicu<strong>ku</strong>, umucyo udasanzwe wamuritse <strong>ku</strong> ngoro y’Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong> rutambiro.<br />

Igihe izuba ryari rirenze, <strong>ku</strong> bicu hagaragaye amafarasi y’intambara ndetse n’abarwanyi<br />

biteguye <strong>ku</strong>jya <strong>ku</strong> rugamba. Abatambyi batambaga ibitambo mu buturo bwera nijoro batewe<br />

ubwoba n’amajwi adasanzwe. Isi yahinze umushyitsi maze humvika<strong>na</strong> amajwi menshi ataka<br />

avuga ati: «Tuve hano ». Urugi rw’irembo ry’iburasirazuba, rwari ruremereye cyane <strong>ku</strong> buryo<br />

abagabo ma<strong>ku</strong>myabiri barukingaga bibaruhije kandi rwari rufashe <strong>ku</strong> byuma binini bishinze<br />

hasi cyane mu mabuye akomeye ashashe hasi, rwakingutse mu gicu<strong>ku</strong> nta muntu ugaragara<br />

urukinguye. 16<br />

Hari umugabo wamaze imyaka irindwi azenguruka utuyira two muri Yerusalemu, abwira<br />

abantu amahano yagombaga <strong>ku</strong>gwira uwo mujyi. Ku manywa <strong>na</strong> nijoro, yaririmbaga<br />

indirimbo y’agahinda ibabaje avuga ati: « Mwumve ijwi riturutse iburasirazuba! mwumve<br />

ijwi riturutse iburengera zuba! ijwi riturutse mu byerekezo bine! Ijwi rivuga ibibi bizaba <strong>ku</strong>ri<br />

Yerusalemu no <strong>ku</strong> ngoro y’Ima<strong>na</strong>! ijwi rivuga ibibi bizaba <strong>ku</strong> bakwe no <strong>ku</strong> bageni! Ijwi rivuga<br />

ibibi bizaba <strong>ku</strong> bantu bose! »17 Uwo muntu utari asanzwe yarafunzwe kandi a<strong>ku</strong>bitwa<br />

ibiboko; ariko ntiyigeze abyivovotera <strong>na</strong> rimwe. Ku bitutsi bamutukaga no <strong>ku</strong> <strong>na</strong>bi<br />

bamugiriraga, yabasubizaga igisubizo kimwe ru<strong>ku</strong>mbi ababwira ati : « Yerusalemu we,<br />

ugushije ishyano ! Mugushije ishyano bantu mutuye muri Yerusalemu! » Yakomeje gutaka<br />

ababurira <strong>ku</strong>geza igihe yiciwe mu gitero yari yarahanuye ko kizabaho.<br />

Nta Mukristo n’umwe waguye mu isenywa rya Yerusalemu. Kristo yari yaraburiye<br />

abigishwa be, kandi abizeye amagambo ye bose bitaye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>genzura ikimenyetso<br />

15

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!