07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

isadukira mu mpinga zayo mu buryo butangaje, maze amahindure menshi asohokamo<br />

asandara mu bibaya biyikikije. Bavuga ko ibirimi by’umuriro byaturukaga muri iyo misozi.”<br />

378<br />

I Lisbone “humvikanye urusa<strong>ku</strong> rw’in<strong>ku</strong>ba ihindiye i<strong>ku</strong>zimu maze hahita ha<strong>ku</strong>rikiraho<br />

umutingito ufite imbaraga nyinshi washenye umugabane munini w’uwo mujyi. Mu gihe<br />

cy’iminota igera <strong>ku</strong>ri itandatu, abantu ibihumbi mirongo itandatu barapfuye. Ubwa mbere,<br />

amazi y’inyanja yasubiye inyuma asiga inkengero zumutse maze yongera <strong>ku</strong>garuka<strong>na</strong><br />

ubuka<strong>na</strong> afite ubuhagarike bwa metero cumi n’eshanu cyangwa zirenga <strong>ku</strong> rugero yari<br />

asanzwe ariho.” “Mu bindi bintu bidasanzwe bivugwa ko byabaye i Lisbone muri icyo gihe<br />

cy’akaga, ni u<strong>ku</strong>rigita k’uru<strong>ku</strong>ta rushya aho amato yahagararaga, rwarigitiye mu nyanja.<br />

Rwari rwarubakishijwe amabuye y’agaciro kandi rutwara umutungo munini. Abantu benshi<br />

cyane bari bahahungiye <strong>ku</strong>gira ngo bakire, ariko mu kanya gato, rwa ru<strong>ku</strong>ta rugari <strong>na</strong> rwo<br />

rurarindimuka rurarigita, <strong>ku</strong> buryo nta murambo n’umwe washoboye <strong>ku</strong>reremba hejuru<br />

y’amazi.” 379<br />

Uwo mutingito wahise u<strong>ku</strong>rikirwa no gusenyuka kw’ibigo by’abapadiri n’insengero zose,<br />

hafi y’amazu manini yose ya <strong>Leta</strong>, ndetse n’umugabane uruta kimwe cya kane cy’amazu<br />

y’abaturage. Mu gihe kijya <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> masaha abiri nyuma y’ako kaga, umuriro wadutse mu<br />

duce dutandukanye two muri uwo mujyi. Uwo muriro wari ukaze cyane kandi wamaze hafi<br />

iminsi itatu <strong>ku</strong> buryo umujyi wose wari umaze <strong>ku</strong>ba umusaka. Uwo mutingito wabaye <strong>ku</strong><br />

munsi mu<strong>ku</strong>ru, ubwo insengero n’ibigo by’abihaye Ima<strong>na</strong> byari byuzuyemo abantu benshi,<br />

kandi muri bo hashoboye <strong>ku</strong>rokoka bake cyane.” 380 “Ubwoba abantu bari bafite nta wabo<strong>na</strong><br />

uko abusobanura. Nta muntu wariraga <strong>ku</strong>ko wari umubabaro urengeje <strong>ku</strong>rira. Abantu<br />

birukiraga hirya no hino, bafite ubwoba bwinshi no gutangara, bi<strong>ku</strong>bita mu maso no mu gituza<br />

kandi batakamba bikomeye bati: ‘ Tugirire impuhwe! Isi igeze <strong>ku</strong> iherezo!’ Ababyeyi<br />

bibagiwe aba<strong>na</strong> babo maze birukira hirya no hino bambaye amashapure. Ikibabaje, abantu<br />

benshi birukiraga mu nsengero ngo bahakirire; nyamara guhabwa ukarisitiya no guhobera za<br />

aritari byabaye iby’ubusa <strong>ku</strong>ko yaba amashusho, abapadiri, ndetse n’abaturage bose batikiriye<br />

hamwe.” “Byavuzwe ko umubare w’abapfuye <strong>ku</strong>ri uwo munsi uteye ubwoba waba ugera <strong>ku</strong><br />

bihumbi mirongo icyenda.”<br />

Nyuma y’imyaka ma<strong>ku</strong>myabiri n’itanu ibyo bibaye, nibwo habonetse ikindi kimenyetso<br />

cyavuzwe n’ubuhanuzi, ari cyo kwijima kw’izuba n’ukwezi. Icyatumye kandi icyo<br />

kimenyetso kirushaho gutangaza, ni uko igihe cyo gusohora kwacyo kwari kwaravuzwe neza.<br />

Mu kiganiro Umukiza yagiranye n’abigishwa be mu musozi wa Elayono, amaze <strong>ku</strong>vuga<br />

iby’igihe cy’akaga itorero ry’Ima<strong>na</strong> rizanyuramo, (ari yo myaka 1260 y’itoteza ryakozwe<br />

n’ubupapa nyamara akaba yarasezeranye ko icyo gihe cy’umubabaro kizagirwa kigufi),<br />

byatumye avuga ibyagombaga <strong>ku</strong>banziriza <strong>ku</strong>garuka kwe, kandi avuga n’igihe ibimenyetso<br />

bya mbere byagombaga <strong>ku</strong>bonekera: “Ariko muri iyo minsi, hanyuma y’uwo mubabaro, izuba<br />

rizijima, n’ukwezi nti<strong>ku</strong>zava umwezi wako.” 381 Iyo minsi cyangwa imyaka 1260 yarangiye<br />

mu mwaka wa 1798. Itoteza ryasaga n’iryahagaze mu myaka nka ma<strong>ku</strong>myabiri n’itanu mbere<br />

221

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!