07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

turangururire mu mitima yacu tubwira Umukiza wacu Yesu Kristo tuti, “ngwino Mwami<br />

Yesu!” 373<br />

Uwitwa Baxister yaravuze ati: “Gutekereza ko Umukiza agiye <strong>ku</strong>garuka biranezeza cyane<br />

kandi bikanshimisha.” 374 “Gu<strong>ku</strong>nda <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza no gutegereza ibyo byiringiro<br />

by’umugisha ni wo murimo wo kwizera kandi ni <strong>na</strong> wo muco uranga intore ze.” “Niba urupfu<br />

ari rwo mwanzi wa nyuma uzatsembwaho <strong>ku</strong> munsi w’umuzuko, dushobora <strong>ku</strong>menya uburyo<br />

abizera bari bakwiriye kwifuza cyane kandi mu masengesho yabo bagasabira <strong>ku</strong>garuka<br />

bwangu k’Umukiza wabo, ubwo iyo nsinzi ishyitse kandi iheruka izaba igezweho.” 375 “Uyu<br />

ni umunsi abizera bose bari bakwiriye kwifuza <strong>ku</strong>bera ko ari wo uzaba ari umuzoso<br />

w’umurimo wose wakozwe wo <strong>ku</strong>bacungura, kandi ukaba iherezo ry’ibyifuzo n’imihati<br />

by’ubugingo bwabo.” “Mwami mwiza, bangutsa uwo munsi w’ihumure!” 376 Ibyo ni byo<br />

byari ibyiringiro by’itorero ry’intumwa, iby’itorero ryo “mu butayu” ndetse n’itorero<br />

ry’Abagorozi.<br />

Ntabwo ubuhanuzi buvuga gusa uko Kristo azagaruka ndetse n’umugambi w’uko<br />

<strong>ku</strong>garuka, ahubwo bunereka<strong>na</strong> ibimenyetso abantu bagomba <strong>ku</strong>menyeraho ko <strong>ku</strong>garuka kwe<br />

kwegereje. Yesu yaravuze ati: “Kandi hazaba ibimenyetso <strong>ku</strong> zuba no <strong>ku</strong> kwezi no <strong>ku</strong><br />

nyenyeri.”(Luka 21:25) “Izuba rizijima, n’ukwezi nti<strong>ku</strong>zava umwezi wako, n’inyenyeri<br />

zizagwa ziva mu ijuru, n’imbaraga zo mu ijuru zizanyeganyega. Ubwo nibwo bazabo<strong>na</strong><br />

Umwa<strong>na</strong> w’umuntu aje <strong>ku</strong> bicu, afite ubushobozi bwinshi n’ubwiza.” 377 Umwanditsi<br />

w’Ibyahishuwe <strong>na</strong> we yavuze ibimenyetso bya mbere mu bimenyetso bizabanziriza <strong>ku</strong>garuka<br />

kwe ati: “habaho igishyitsi cyinshi; izuba ririrabura nk’ikigunira kiboheshejwe ubwoya;<br />

ukwezi kose guhinduka nk’amaraso.”(Ibyahishuwe 6:12).<br />

Ibyo bimenyetso byagaragaye mbere y’itangira ry’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi n’icyenda. Mu<br />

rwego rwo gusohora k’ubu buhanuzi, mu mwaka wa 1755 habayemo umutingito w’isi<br />

ukomeye bikabije utarigeze ubaho. Nubwo uwo mutingito uzwi <strong>ku</strong> izi<strong>na</strong> ry’umutingito w’i<br />

Lisbone, wageze <strong>ku</strong> gice kinini cy’umugabane w’Uburayi, Afrika ndetse <strong>na</strong> Amerika.<br />

Wumvikanye kandi i Greenland , mu burengerazuba bw’Ubuhinde, <strong>ku</strong> kirwa cya Madeira,<br />

muri Noruveje, muri Suwedi, mu Bwongereza no muri Ireland. Wakwiriye ahantu hafite<br />

ubuso buruta kilometero kare miliyoni icumi. Muri Afrika, uwo mutingito wabaye mwinshi<br />

cyane nko mu Burayi. Umugabane munini w’umujyi wa Alije (muri Alijeriya) warasenyutse;<br />

kandi umudugudu muto wari hafi cyane ya Maroko wari utuwe n’abantu bari hagati<br />

y’ibihumbi umu<strong>na</strong>ni n’icumi wararigise urazimangata<strong>na</strong> burundu. Umuraba ukomeye<br />

warengeye inkengero za Esipanye <strong>na</strong> Afurika maze urengera imijyi bityo wangiza byinshi<br />

cyane.<br />

Muri Esipanye no muri Porutigali niho uwo mutingito wibasiye cyane. Bavuga ko mu<br />

mujyi wa Kadizi, umuvumba w’amazi yisukaga <strong>ku</strong> nkombe wari ufite ubuhagarike bugera<br />

<strong>ku</strong>ri metero cumi n’umu<strong>na</strong>ni. “Imisozi imwe yari miremire cyane muri Porutigali<br />

yaranyeganyeze bikomeye nk’aho uwo mutingito uturutse mu mfatiro zayo, indi yagiye<br />

220

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!