07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ryateye abigishwa <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> neza ahazaza habo, ryuzuza imitima yabo ibyishimo n’ibyiringiro<br />

bidashobora gucogozwa n’umubabaro cyangwa ngo ibigeragezo bibi<strong>ku</strong>reho. Igihe babaga<br />

bari mu mibabaro n’akarengane, isezerano ryo “<strong>ku</strong>garuka kw’Ima<strong>na</strong> ikomeye n’Umukiza<br />

wacu Yesu-Kristo” ni ryo ryababeraga “ibyiringiro by’umugisha.” Igihe Abakristo b’i<br />

Tesalonike bari bashenguwe n’agahinda ubwo bahambaga incuti zabo ba<strong>ku</strong>ndaga kandi<br />

zariringiraga ko zizaba zikiriho zikabo<strong>na</strong> Umukiza agarutse, Pawulo wari umwigisha wabo<br />

yerekeje intekerezo zabo <strong>ku</strong> muzuko uzabaho ubwo Umukiza azaba agarutse. Icyo gihe ni<br />

bwo abapfira muri Kristo bazazuka maze bazamukane n’abazaba bakiri bazima, bajye<br />

gusanganira Umukiza mu kirere. Yarababwiye ati: “Nuko rero tuzaba<strong>na</strong> n’Umwami iteka<br />

ryose. Nuko mumaranishe imibabaro <strong>ku</strong>bwira<strong>na</strong> ayo magambo.” 365<br />

Ubwo yari <strong>ku</strong> kirwa cy’ibiha<strong>na</strong>manga cya Patimosi, umwigishwa wa<strong>ku</strong>ndwaga yumvise<br />

iri sezerano ngo: “Dore ndaza vuba,” maze igisubizo cye cyarimo uru<strong>ku</strong>mbuzi cyatura<br />

isengesho ry’itorero riri mu rugendo ati: “Amen, ngwino Mwami Yesu.” 366<br />

Muri za gereza, <strong>ku</strong> mambo, no mu mbago, intungane n’abishwe bazira kwizera kwabo<br />

bahamirije u<strong>ku</strong>ri, uko imyaka ihita indi igataha, ni ko haturuka amagambo yatura kwizera<br />

kwabo n’ibyiringiro bari bafite. “Amaze kwemera bidasubirwaho iby’umuzuko wa Kristo,<br />

kandi ko <strong>ku</strong>bw’ibyo <strong>na</strong> we azazuka ubwo Kristo azaba agarutse, umwe muri abo Bakristo<br />

yaravuze ati: “basuzuguraga urupfu, bakagaragara ko barurusha imbaraga.” 367<br />

Bishimiraga <strong>ku</strong>manuka bajya mu gituro, <strong>ku</strong>ko “bagombaga <strong>ku</strong>zavamo banesheje.” 368<br />

Bari bategereje “Umukiza ugomba <strong>ku</strong>va mu ijuru aje mu bicu no mu i<strong>ku</strong>zo rya Se,” “maze<br />

akazanira intungane ingoma izahoraho.” Abawalidense <strong>na</strong> bo bari bafite uko kwizera. 369<br />

Wycliffe yari ategereje <strong>ku</strong>garuka kw’Umucunguzi nk’ibyiringiro by’itorero. 370<br />

Luteri yaravuze ati: “Niringira rwose ntashidikanya ko imyaka maga<strong>na</strong> atatu itazuzura<br />

umunsi w’urubanza utaragera. Ima<strong>na</strong> ntishaka kandi ntishobora gukomeza kwihanganira iyi<br />

si yacumuye.” “Umunsi ukomeye ubwo ingoma y’ibibi iza<strong>ku</strong>rwaho uregereje.” 371<br />

Melanchthon yaravuze ati: “Iyi si ishaje iri hafi <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> iherezo ryayo.” Kaluvini<br />

arararikira Abakristo “<strong>ku</strong>dashidikanya ngo babure kwifuza cyane umunsi wo <strong>ku</strong>garuka kwa<br />

Kristo uzaba ari uw’umunezero uruta iyindi yose yabayeho,” kandi avuga ko, “umuryango<br />

wose w’abizera utazabura <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uwo munsi.” “Tugomba gusonzera <strong>ku</strong>zabo<strong>na</strong> Kristo,<br />

tugomba <strong>ku</strong>mushaka, <strong>ku</strong>mutegereza, <strong>ku</strong>geza mu museke w’uwo munsi ukomeye, ubwo<br />

Umukiza wacu azereka<strong>na</strong> byuzuye ubwiza bw’ubwami Bwe.” 372<br />

Umugorozi Knox wo muri Sikotilandi <strong>na</strong> we yaravuze ati: “Mbese Umukiza wacu Yesu—<br />

Kristo ntiyajyanye umubiri wacu mu ijuru? Mbese ntazagaruka? Tuzi ko azagaruka kandi<br />

ntazatinda.” Ridley <strong>na</strong> Latimer, bemeye guhara ubuzima bwabo bazira u<strong>ku</strong>ri, bari barategereje<br />

<strong>ku</strong>garuka k’Umukiza bizeye. Ridley yaranditse ati: “Nta gushidikanya isi igeze <strong>ku</strong> musozo;<br />

ibyo ndabyizeye rwose. Nimutyo dufatanye n’umugaragu w’Ima<strong>na</strong> Yoha<strong>na</strong>, maze<br />

219

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!