07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 17 – Integuza za Mugitondo<br />

Umugabane umwe w’u<strong>ku</strong>ri kw’ingenzi kandi <strong>ku</strong>nejeje bihebuje kwahishuwe <strong>na</strong> Bibiliya,<br />

ni u<strong>ku</strong>vuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo aje gusoza umurimo ukomeye wo gucungura umuntu.<br />

Ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> bwabaye mu rugendo, bukamara igihe butuye mu “gihugu no mu gicucu<br />

cy’urupfu,” bufite ibyiringiro bishyitse kandi bitera ibyishimo ba<strong>ku</strong>ra mu isezerano ryo<br />

<strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, we “<strong>ku</strong>zuka n’ubugingo,” ubwo azaba aje “<strong>ku</strong>garura imuhira abe<br />

bagizwe ibicibwa.” Inyigisho yo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo ni yo pfundo rw’Ibyanditswe Byera.<br />

Kuva umunsi Adamu <strong>na</strong> Eva bavaga muri Edeni babogoza amarira, aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong> bakomeje<br />

gutegereza u<strong>ku</strong>za k’Uwasezeranywe aje gutsemba imbaraga y’umurimbuzi, maze<br />

akabagarura muri Paradizo batakaje. Intungane z’Ima<strong>na</strong> zo mu gihe cya kera zategereje <strong>ku</strong>za<br />

kwa Mesiya mu i<strong>ku</strong>zo rye, ngo ibyiringiro byabo bisohore. Enoki wo <strong>ku</strong> gise<strong>ku</strong>ru cya<br />

karindwi uhereye <strong>ku</strong> bigeze gutura muri Edeni, wa wundi wagendanye n’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> isi imyaka<br />

maga<strong>na</strong> atatu, yashoboye <strong>ku</strong>bonera <strong>ku</strong>re <strong>ku</strong>garuka k’Umucunguzi. Yaravuze ati: “Dore,<br />

Uwiteka yazanye n’inzovu nyinshi z’abera be <strong>ku</strong>gira ngo agirire bose ibihura n’amateka<br />

baciriweho.” 351 Mu ijoro ry’umubabaro we, umu<strong>ku</strong>rambere Yobu yavuganye ijwi rirenga<br />

ryuzuye ibyiringiro bitanyeganyezwa ati: “Nzi yuko Umucunguzi wanjye ariho, kandi ko<br />

amaherezo azahagarara mu isi. . . nzareba Ima<strong>na</strong>, mfite umubiri. Nzayireba ubwanjye, amaso<br />

yanjye azayitegereza, si ay’undi.” 352<br />

Kugaruka kwa Kristo uzaza kwima ingoma y’ubutabera, byagiye bitera abanditsi<br />

b’Ibyanditswe Byera <strong>ku</strong>vuga amagambo meza cyane kandi ateye ubwuzu. Abasizi<br />

n’abahanuzi bo muri Bibiliya babyibanzeho cyane mu magambo yagurumaga<strong>na</strong> umuriro<br />

mvajuru. Umwanditsi wa Zaburi yaririmbye ubushobozi n’igitinyiro by’Umwami wa Isiraheli<br />

ati: “Kuri Siyoni, aho ubwiza butagira inenge, ni ho Ima<strong>na</strong> irabagiraniye. Ima<strong>na</strong> yacu izaza<br />

ye guceceka; . . . . Izahamagara ijuru ryo hejuru n’isi <strong>na</strong> yo; <strong>ku</strong>gira ngo icire ubwoko bwayo<br />

urubanza.” 353 “Ijuru rinezerwe, isi yishime; inyanja ihorerane n’ibiyuzuye. Imbere<br />

y’Uwiteka, <strong>ku</strong>ko agiye <strong>ku</strong>za, agacira abari mu isi imanza. Azacira abari mu isi imanza<br />

zitabera, azacira amahanga imanza zihwanye n’umurava we.” 354<br />

Umuhanuzi Yesaya yaravuze ati: “Ababa mu mu<strong>ku</strong>ngugu mwe, nimukanguke muririmbe,<br />

<strong>ku</strong>ko ikime cyawe kimeze nk’igitonda <strong>ku</strong> byatsi, kandi ubutaka buzajugunya abapfuye.”<br />

“Kandi urupfu azarumira bunguri <strong>ku</strong>geza iteka ryose. Uwiteka Ima<strong>na</strong> izaha<strong>na</strong>gura amarira <strong>ku</strong><br />

maso yose; n’igitutsi batuka ubwoko bwayo azagi<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong> isi hose. Uwiteka niwe ubivuze.<br />

Nuko uwo munsi bazavuga ngo: “Iyi ni yo Ma<strong>na</strong> yacu twategerezaga, ni yo izadukiza. Uyu<br />

ni we Uwiteka twategerezaga, tuzanezerwa twishimire agakiza ke.” 355<br />

Na Haba<strong>ku</strong>ki ubwo yaterurwaga akajya mu iyerekwa, yabonye <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo.<br />

“Ima<strong>na</strong> yaje iturutse i Temani, ni Iyera iturutse <strong>ku</strong> musozi Parani. Ubwiza bwayo bwakwiriye<br />

ijuru, kandi isi yuzuye gusingizwa kwayo. Kurabagira<strong>na</strong> kwayo kwari <strong>ku</strong>meze nk’umucyo.”<br />

“Irahagarara, igera urugero rw’isi; iritegereza, itataniriza amahanga hirya no hino; Imisozi<br />

217

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!